• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

leta ya Afrika y’Epfo, yahamagaje abasirikare babo bari m’ubutumwa bw’amahoro M’uburasirazuba bwa RDC bashinjwa uburaya.

minebwenews by minebwenews
October 16, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igihugu ca Afrika y’Epfo cyahamagaje abasirikare babo umunani(8), bashinjwa imyifatire mibi yo kujya mu buraya mugihe bari mubutumwa bw’amahoro M’uburasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Bariya basirikare umunani (8) bari mu butumwa bwa MONUSCO mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Mu cyumweru gishize hatanzwe amakuru ko hafashe ingamba zirimo kubahagarika no kubafunga mu gihe harimo gukorwa iperereza.

Stéphane Dujarric, umuvugizi w’umunyamabanga mukuru wa L’ONI, mu cyumweru gishize yatangaje ko abo basirikare “mu gihe cy’amasaha y’umukwabu bagiye mu kabari kazwiho kuba ahantu hakorerwa uburaya” hafi y’umujyi wa Beni.

Yongeyeho ko abapolisi bo muri ubu butumwa bageze ahabereye ibyo “basanga aribyo ariko bagakangwa n’abagize izo ngabo”, ubwo bari bagiye guta muri yombi abashinjwa ibyo byaha.

Dujarric yavuze ko iperereza ryatangiye kuri abo basirikare bashinjwe kurenga ku mategeko ngengamyitwarire y’abasirikare bari mu butumwa bwa L’ONI.

Mu itangazo, igisirikare ca Afrika y’Epfo(SANDF) basohoye kuriki Cyumweru tariki 15/10/2023, bavuze ko “Kubera uburemere bw’ibyo birego, SANDF yafashe icyemezo cyo kugarura muri Afrika y’Epfo abo basirikare bavugwa gusubiza ibibazo kuri ibi birego no kuvuga ibyabaye.”

Gusa iki gisirikare cyavuze ko L’ONI yarenze ku mabwiriza yo gutangaza ibirego nk’ibi, ntihite ibimenyesha abategetsi ba Afrika y’Epfo ahubwo “bakabimenyera mu binyamakuru”.

Afrika y’Epfo ifite abasirikare barenga 1,000 mu butumwa bwa MONUSCO, ni iya gatanu mu kugirayo ingabo nyinshi inyuma y’Ubuhinde, Pakistan, Bangladesh na Nepal.

Abasirikare ba MONUSCO na mbere hose bagiye bavugwaho ibirego by’imyifatire mibi ijyanye n’imibonano mpuzabitsina.

Mu mwaka w’2017, abasirikare batanu bayo barezwe imyifatire idahwitse nk’iyo, aho umwe muri bo yashinjwe gutera inda umwana w’umunye-kongo utarageza imyaka y’ubukure.

Congo imaze igihe isaba “kwihutisha” kuvana izi ngabo muri iki gihugu ngo bitarenze m’ukwezi kwa (12) uyu mwaka, aho zishinjwa kunanirwa guhagarika imitwe y’itwaje imbunda nokutagarura umutekano, mu myaka irenga 25 zimaze muriki gihugu ca Republika ya Demokorasi ya Congo.

By Bruce Bahanda.

Tags: Bashinjwa uburayaLeta ya Afrika y'EpfoYahamagaje abasirikare babo bari m'ubutumwa bw'amahoro M'uburasirazuba bwa RDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

M23 yavuye muri Kitchanga, maze bahitamo kuyizenguruka, Wazalendo bamaze gufata agace kamwe ka Kitchanga ko k'ubutaka bwa Masisi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?