• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umugambi wa leta ya Kinshasa wo kurwanya no guhashya Twirwaneho igizwe n’abaturage b’Abanyamulenge watahuritse.

minebwenews by minebwenews
May 6, 2024
in Regional Politics
0
Umugambi wa leta ya Kinshasa wo kurwanya  no guhashya Twirwaneho igizwe n’abaturage b’Abanyamulenge watahuritse.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hari abarwanyi bahawe misiyo yo kurwanya abaturage b’irwanaho bo mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, binyuze kuri komanda Secteur wa Uvira yatanze uburyo bushoboka ku barwanyi ba Maï Maï iyobowe n’uwiyita General Rene Itongwa, kugira ngo arwanye kandi ahashye abaturage ba Banyamulenge bazwi nka Twirwaneho, nk’uko ay’amakuru yatanzwe n’ubutasi bw’Igisirikare cya leta ya Kinshasa, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ay’amakuru y’ubutasi avuga ko General Rene yakoranye ibiganiro na komanda Secteur wa Uvira bemezanya ku rwanya abaturage bayobowe na Colonel Rukunda Michel, wamamaye ku izina rya Makanika.

Nk’uko ay’amakuru yatanzweho ubusobanuro, bivugwa ko ibiganiro byahuje Rene na komanda Secteur wa Uvira, byabaye nyuma y’uko Rene yari avuye i Kinshasa, ni mu gihe ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo buheruka gutanga amadolari y’Amerika y’umurengera ku mitwe y’itwaje intwaro ikorera mu kwaha ku butegetsi bwe.

Iyo mitwe y’itwaje imbunda irimo FDLR, Wazalendo bo muri Kivu Yaruguru na Kivu y’Epfo, harimo kandi na Gumino ya Alexis Nyamusaraba, aho buri mutwe warimo uhabwa amadolari y’Amerika angana n’ibihumbi makumyabiri nabibiri, ku bo muri Kivu y’Amajy’epfo mu gihe abo muri Kivu Yaruguru bo barimo bahabwa arenga ayo ngo kubera ko bari mu ntambara na M23.

Ay’amakuru akomeza avuga ko nyuma y’ibiganiro bya komanda Secteur wa Uvira na Gen Rene, umurwanyi wo mu bwoko bw’Ababembe yahawe ibikoresho by’agisirikare birimo imbunda zigezweho, amasasu, ndetse kandi ngo ahabwa n’ibiryo bizafasha abarwanyi be gukora operasiyo neza.

Kuri ubu Rene Itongwa akaba yaramaze kuzamuka mu misozi yo muri teritware ya Fizi, ariko akaba arindiriye abasirikare babakomanda bo muri FARDC bazamufasha gukora iyo ntambara leta ishaka gushora ku baturage baturiye ibice byo mu misozi miremire y’Imulenge.

Bizwi ko abarwanyi ba Maï Maï Rene basanzwe bakorera muri teritware ya Fizi no mu misozi mike yo muri teritware ya Uvira. Aba barwanyi kandi bazwiho kunyaga Inka z’Abanyamulenge ahanini abaturiye indondo ya Bijombo no mu bice byo muri teritware ya Fizi ndetse na Mwenga, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

              MCN.
Tags: AbarwanyiItongwaMaï Maï ReneUmutwe wa Barwanyi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
I Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi haraye hatewe ibisasu biremereye bigira abo bikomeretsa.

I Bujumbura mu gihugu cy'u Burundi haraye hatewe ibisasu biremereye bigira abo bikomeretsa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?