• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta ya Kenya, yasohoye itangazo rimenyesha RDC ko batangiye iperereza ry’Imbitse k’umutwe w’Inyeshamba uheruka kuvuka.

minebwenews by minebwenews
December 17, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bwa Repubulika ya Kenya, bwatangaje ko bwatangije iperereza ry’Imbitse k’u mutwe wa ‘Alliance Fleuve Congo,’ uheruka kuvukira muricyo gihugu, ukaba ugamije gushiraho iherezo Guverinoma ya Kinshasa, nk’uko byatangajwe n’uwo mutwe.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Umutwe wa Politike ufite n’Igisirikare, w’iswe “Alliance Fleuve Congo,” wagiye ku mugaragaro ku wa Gatanu, tariki 15/12/2023, uvukiye i Nairobi, mu gihugu ca Kenya.

Nyuma yamasaha make gusa uriya mutwe umaze kuvuga, ubutegetsi bwa Kinshasa, binyuze mu muvugizi wayo Patrick Muyaya, yahise atangaza ko leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ihangayikishijwe n’uriya mutwe wa Alliance Fleuve Congo, wavukiye k’u butaka bwa Kenya.

Muyaya ati: “Biratangaje kubona Kenya nk’i gihugu, gisanzwe ar’inshuti na RDC guha uburenganzira Inyeshamba za Alliance Fleuve Congo, ku vukira mu gihugu cyabo.”

Yakomeje avuga ati: “Kenya igomba kuduha ibisobanuro, kuri uyu mutwe w’inyeshamba wavutse.”

Ibyakurikiye nyuma y’Ijambo rya Patrick Muyaya, Kinshasa yahise itumiza Ambasaderi wayo muri Kenya n’uwumuryango wa EAC, wari i Dar salaam, muri Tanzania.

Kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki 17/12/2023, Guverinoma ya Nairobi, yasohoye itangazo bicyiye muri minisiteri y’ubanye n’amahanga, rivuga riti: “Guverinoma ya Nairobi, y’itandukanije n’imvugo n’ibikorwa byose bishobora ku bangamira amahoro n’u mutekano by’i gihugu cy’inshuti nka RDC, ko kandi batangije iperereza rigamije kumenya neza umwirondoro w’uwo mutwe n’aba bigizemo uruhare ndetse ko bagiye kureba ko ibyabaye bihuye n’itegeko shinga rya Kenya.”

N’itangazo rya komeje rivuga ko “Leta ya Kenya, ishigikiye ibikorwa byose bigamije kuzana umubano mwiza hagati y’igihugu cy’inshuti cya RDC.”

Gusa abanyekongo benshi basabako mu gihe Kenya yoba idashigikiye uriya mutwe wa Alliance Fleuve Congo, ko yo bafatira Corneille Nangaa uyoboye uwo mutwe na Bertrand Bisimwa, witabiriye umuhango wo kuwushinga, ndetse akaba nawe ari umwe mu bawugize.

Kimweho leta ya Nairobi, yasoje yerekana ko igihugu cyabo kitabangamira ubwisanzure bw’Itangazamakuru ko kandi biriya byakozwe m’urwego rw’Itangazamakuru.

Bruce Bahanda.

Tags: Alliance Fleuve CongoIpererezaItangazoKenyaM23Minisiteri y'ubanye n'amahangaNangaaRdcUmutwe w'inyeshamba
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post

Umukuru w'igihugu ca RDC, Félix Tshisekedi, arashinjwa kuba yaragurishije i Gihugu (Balkanisation).

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?