Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta ya Kenya, yasohoye itangazo rimenyesha RDC ko batangiye iperereza ry’Imbitse k’umutwe w’Inyeshamba uheruka kuvuka.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 17, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bwa Repubulika ya Kenya, bwatangaje ko bwatangije iperereza ry’Imbitse k’u mutwe wa ‘Alliance Fleuve Congo,’ uheruka kuvukira muricyo gihugu, ukaba ugamije gushiraho iherezo Guverinoma ya Kinshasa, nk’uko byatangajwe n’uwo mutwe.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Umutwe wa Politike ufite n’Igisirikare, w’iswe “Alliance Fleuve Congo,” wagiye ku mugaragaro ku wa Gatanu, tariki 15/12/2023, uvukiye i Nairobi, mu gihugu ca Kenya.

Nyuma yamasaha make gusa uriya mutwe umaze kuvuga, ubutegetsi bwa Kinshasa, binyuze mu muvugizi wayo Patrick Muyaya, yahise atangaza ko leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ihangayikishijwe n’uriya mutwe wa Alliance Fleuve Congo, wavukiye k’u butaka bwa Kenya.

Muyaya ati: “Biratangaje kubona Kenya nk’i gihugu, gisanzwe ar’inshuti na RDC guha uburenganzira Inyeshamba za Alliance Fleuve Congo, ku vukira mu gihugu cyabo.”

Yakomeje avuga ati: “Kenya igomba kuduha ibisobanuro, kuri uyu mutwe w’inyeshamba wavutse.”

Ibyakurikiye nyuma y’Ijambo rya Patrick Muyaya, Kinshasa yahise itumiza Ambasaderi wayo muri Kenya n’uwumuryango wa EAC, wari i Dar salaam, muri Tanzania.

Kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki 17/12/2023, Guverinoma ya Nairobi, yasohoye itangazo bicyiye muri minisiteri y’ubanye n’amahanga, rivuga riti: “Guverinoma ya Nairobi, y’itandukanije n’imvugo n’ibikorwa byose bishobora ku bangamira amahoro n’u mutekano by’i gihugu cy’inshuti nka RDC, ko kandi batangije iperereza rigamije kumenya neza umwirondoro w’uwo mutwe n’aba bigizemo uruhare ndetse ko bagiye kureba ko ibyabaye bihuye n’itegeko shinga rya Kenya.”

N’itangazo rya komeje rivuga ko “Leta ya Kenya, ishigikiye ibikorwa byose bigamije kuzana umubano mwiza hagati y’igihugu cy’inshuti cya RDC.”

Gusa abanyekongo benshi basabako mu gihe Kenya yoba idashigikiye uriya mutwe wa Alliance Fleuve Congo, ko yo bafatira Corneille Nangaa uyoboye uwo mutwe na Bertrand Bisimwa, witabiriye umuhango wo kuwushinga, ndetse akaba nawe ari umwe mu bawugize.

Kimweho leta ya Nairobi, yasoje yerekana ko igihugu cyabo kitabangamira ubwisanzure bw’Itangazamakuru ko kandi biriya byakozwe m’urwego rw’Itangazamakuru.

Bruce Bahanda.

Tags: Alliance Fleuve CongoIpererezaItangazoKenyaM23Minisiteri y'ubanye n'amahangaNangaaRdcUmutwe w'inyeshamba
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Umukuru w'igihugu ca RDC, Félix Tshisekedi, arashinjwa kuba yaragurishije i Gihugu (Balkanisation).

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?