Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta ya Kigali, y’amaganye ibiheruka gutangazwa na perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 23, 2024
in Regional Politics
0
Leta ya Kigali, y’amaganye ibiheruka gutangazwa na perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uy’u wa Mbere, tariki ya 23/01/2024, leta ya Kigali, yamaganye ibiheruka gutangazwa na perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, uheruka gutangaza ko azafasha Abanyarwanda kuvanaho ubutegetsi yise ko ari “bubi.”

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ku Cyumweru, tariki ya 21/01/2024, nyuma y’uko perezida Félix Tshisekedi, yari yarahiriye kuyobora RDC muri manda ya kabiri, y’imyaka 5, umukuru w’igihugu c’u Burundi, yagiranye ikiganiro n’urubyiruko rw’Abanyekongo, n’ikiganiro cya garutse k’u mutekano uri mu Burasirazuba bw’igihugu ca RDC agaruka na none kandi k’u butegetsi bw’u Rwanda yavuze ko bubangamiye Abanyarwanda.

Muriki kiganiro Evariste Ndayishimiye, yavuze ko hari “ubushotoranyi bw’u Rwanda,” avugako urubyiruko rwo muri RDC n’urwo mu Burundi bakwiye kwihuza bagafasha Abanyarwanda kuvanaho ubutegetsi yise ko ari bubi ko kandi bufunze Abanyarwanda.

Mu itangaza leta ya Kigali, yashize hanze kuri uyu wa Mbere, rya maganye imvugo za Evariste Ndayishimiye.

Rigira riti: “Ibyo umukuru w’igihugu c’u Burundi, ashinja u Rwanda ntashingiro na rito bifite, kandi ibyo avuga ni bigamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda no guteranya Abanyarwanda.”

Rikomeza rivuga riti: “Ibivugwa na perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, Biteye amakenga k’u Rwanda.”

Ikiganiro cya perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yagiranye n’urubyiruko rw’Abanyekongo, yanavuze ko bagomba gukomeza urugamba kugeza aho Abanyarwanda nabo batangira kurwanya leta yabo.

Yagize ati: “Ndibaza ko urubyiruko rwo mu Rwanda rudashobora gukomeza kwe mera kuba ‘imfungwa’ mu karere. Barashaka kubohoka.”

Ikiganiro cya perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, n’urubyiruko rw’Abanyekongo cyabereye muri Hotel Fleuve Congo, iherereye i Kinshasa k’umurwa mukuru w’i Gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Bruce Bahanda.

Tags: Ibiheruka gutangazwa na perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiyeleta ya KigaliYa maganye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Paul Kagame, mu Nama y’u mushikirano, yagarutse ku mutekano w’u Rwanda no kubiheruka gutangazwa n’umukuru w’igihugu c’u Burundi.

Perezida Paul Kagame, mu Nama y'u mushikirano, yagarutse ku mutekano w'u Rwanda no kubiheruka gutangazwa n'umukuru w'igihugu c'u Burundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?