Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta ya Kigali, y’amaganye ibiheruka gutangazwa na perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 23, 2024
in Regional Politics
0
Leta ya Kigali, y’amaganye ibiheruka gutangazwa na perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uy’u wa Mbere, tariki ya 23/01/2024, leta ya Kigali, yamaganye ibiheruka gutangazwa na perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, uheruka gutangaza ko azafasha Abanyarwanda kuvanaho ubutegetsi yise ko ari “bubi.”

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Ku Cyumweru, tariki ya 21/01/2024, nyuma y’uko perezida Félix Tshisekedi, yari yarahiriye kuyobora RDC muri manda ya kabiri, y’imyaka 5, umukuru w’igihugu c’u Burundi, yagiranye ikiganiro n’urubyiruko rw’Abanyekongo, n’ikiganiro cya garutse k’u mutekano uri mu Burasirazuba bw’igihugu ca RDC agaruka na none kandi k’u butegetsi bw’u Rwanda yavuze ko bubangamiye Abanyarwanda.

Muriki kiganiro Evariste Ndayishimiye, yavuze ko hari “ubushotoranyi bw’u Rwanda,” avugako urubyiruko rwo muri RDC n’urwo mu Burundi bakwiye kwihuza bagafasha Abanyarwanda kuvanaho ubutegetsi yise ko ari bubi ko kandi bufunze Abanyarwanda.

Mu itangaza leta ya Kigali, yashize hanze kuri uyu wa Mbere, rya maganye imvugo za Evariste Ndayishimiye.

Rigira riti: “Ibyo umukuru w’igihugu c’u Burundi, ashinja u Rwanda ntashingiro na rito bifite, kandi ibyo avuga ni bigamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda no guteranya Abanyarwanda.”

Rikomeza rivuga riti: “Ibivugwa na perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, Biteye amakenga k’u Rwanda.”

Ikiganiro cya perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yagiranye n’urubyiruko rw’Abanyekongo, yanavuze ko bagomba gukomeza urugamba kugeza aho Abanyarwanda nabo batangira kurwanya leta yabo.

Yagize ati: “Ndibaza ko urubyiruko rwo mu Rwanda rudashobora gukomeza kwe mera kuba ‘imfungwa’ mu karere. Barashaka kubohoka.”

Ikiganiro cya perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, n’urubyiruko rw’Abanyekongo cyabereye muri Hotel Fleuve Congo, iherereye i Kinshasa k’umurwa mukuru w’i Gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Bruce Bahanda.

Tags: Ibiheruka gutangazwa na perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiyeleta ya KigaliYa maganye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Paul Kagame, mu Nama y’u mushikirano, yagarutse ku mutekano w’u Rwanda no kubiheruka gutangazwa n’umukuru w’igihugu c’u Burundi.

Perezida Paul Kagame, mu Nama y'u mushikirano, yagarutse ku mutekano w'u Rwanda no kubiheruka gutangazwa n'umukuru w'igihugu c'u Burundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?