Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta ya Kigali yanenze amagambo ya minisitiri w’ubutabera wa RDC aheruka kuvugira i Goma.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 26, 2024
in Regional Politics
0
Leta ya Kigali yanenze amagambo ya minisitiri w’ubutabera wa RDC aheruka kuvugira i Goma.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Kigali yanenze amagambo ya minisitiri w’ubutabera wa RDC aheruka kuvugira i Goma.

You might also like

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Minisitiri w’ubutabera wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Constant Mutabamba ubwo aheruka i Goma mu Ntara ya Kivu Yaruguru , yumvikanye avuga amagambo ashotora u Rwanda, anavuga ko abakorana na M23 bazicwa.

Minisitiri ibi yabivugiye kuri gereza iherereye mu mujyi wa Goma, avuga ko abantu bose ‘boshwa na perezida Paul Kagame w’u Rwanda bazababamba.’

Yagize ati: “Igihugu cyacu ntabwo gishobora gutegekwa n’Abanyarwanda. Mu menye ko bose tuzabica na Kagame tuzamwica.”

Mutamba yanabwiye iz’imfungwa ko Congo ari ubutaka bwa ba sekuru, avuga ko mu bantu bafunzwe harimo abakekwaho ruswa n’ubugambanyi bakorera Kagame.

Muri icyo kiganiro yagiranye n’imfungwa yababwiye ko umwanzi wa mbere Congo ifite kwari Paul Kagame.

Anabahamiriza ko abo bagambanyi bazabica bose, ngo bazasubirana ibice bigenzurwa na M23 birimo Masisi, Rutshuru n’ahandi.

Mutamba kandi yumvikanye avuga ko “ashyizeho igihembo ku muntu uzafata perezida w’u Rwanda, Paul Kagame.”

Ibi byatumye umuvugizi w’u Rwanda, Yolande Makolo yamagana minisitiri w’u butabera wa RDC, amagambo ye ayita rutwitsi, ndetse ko kandi ari ubushotoranyi.

Yagize ati: “Ubushotoranyi bukabije bwa minisitiri w’ubutabera wa Repubulika ya demokarasi ya Congo ari kugeza kuri gereza y’i Goma . Ni iki twageza mu banyabyaha, imfungwa zivangavanzemo FDLR, Wazalendo, Abacanshuro, n’ingabo za SADC zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa?”

Nyamara ku byatangajwe n’uyu muyobozi wa RDC, hari abavuga ko bigamije kwishakira igikundiro kuri perezida Félix Tshisekedi, no kubanyapolitiki bose b’iki gihugu banenga u Rwanda, ariko kandi ibyo yatangaje bishobora no kwica byinshi ku biganiro by’i Luanda bisanzwe bihuza Kigali na Kinshasa, ku byo gushakira u Burasirazuba bw’iki gihugu amahoro n’umutekano.

Tags: Constant MutabambaGoma
Share35Tweet22Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

by Bruce Bahanda
June 15, 2025
0
Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Ibyo gusinya amasezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na Congo si byanone. Mu gihe Leta Zunze ubumwe z'Amerika zifuza ko u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo muri...

Read moreDetails

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

by Bruce Bahanda
June 14, 2025
0
Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi. Kikaya Bin Karubi, usanzwe ari mu bantu bahora hafi ya Joseph Kabila Kabange, akaba n'umujyamama we, ni...

Read moreDetails

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Kenya Department of Refugee Service Cracks Down on SIM Card Fraud The Department of Refugee Service (DRS) has issued a stern warning to refugees in Kenya, urging them...

Read moreDetails

Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

Agezweho y'Ingabo za Afrika y'Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC. Ingabo za Afrika y'Epfo zari zaroherejwe mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu butumwa bwa SADC,...

Read moreDetails

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 11, 2025
0
Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23. Intumwa idasanzwe y'Umunyamabanga mukuru w'umuryango w'Abibumbye ( UN) muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Bintou Keita, ategerejwe mu mujyi...

Read moreDetails
Next Post
Ibisasu by’igisikare cya Ukraine byangije ibikorwa bikomeye mu Burusiya.

Ibisasu by'igisikare cya Ukraine byangije ibikorwa bikomeye mu Burusiya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?