• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 21, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta ya Kigali yanenze amagambo ya minisitiri w’ubutabera wa RDC aheruka kuvugira i Goma.

minebwenews by minebwenews
November 26, 2024
in Regional Politics
0
Leta ya Kigali yanenze amagambo ya minisitiri w’ubutabera wa RDC aheruka kuvugira i Goma.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Kigali yanenze amagambo ya minisitiri w’ubutabera wa RDC aheruka kuvugira i Goma.

You might also like

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Minisitiri w’ubutabera wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Constant Mutabamba ubwo aheruka i Goma mu Ntara ya Kivu Yaruguru , yumvikanye avuga amagambo ashotora u Rwanda, anavuga ko abakorana na M23 bazicwa.

Minisitiri ibi yabivugiye kuri gereza iherereye mu mujyi wa Goma, avuga ko abantu bose ‘boshwa na perezida Paul Kagame w’u Rwanda bazababamba.’

Yagize ati: “Igihugu cyacu ntabwo gishobora gutegekwa n’Abanyarwanda. Mu menye ko bose tuzabica na Kagame tuzamwica.”

Mutamba yanabwiye iz’imfungwa ko Congo ari ubutaka bwa ba sekuru, avuga ko mu bantu bafunzwe harimo abakekwaho ruswa n’ubugambanyi bakorera Kagame.

Muri icyo kiganiro yagiranye n’imfungwa yababwiye ko umwanzi wa mbere Congo ifite kwari Paul Kagame.

Anabahamiriza ko abo bagambanyi bazabica bose, ngo bazasubirana ibice bigenzurwa na M23 birimo Masisi, Rutshuru n’ahandi.

Mutamba kandi yumvikanye avuga ko “ashyizeho igihembo ku muntu uzafata perezida w’u Rwanda, Paul Kagame.”

Ibi byatumye umuvugizi w’u Rwanda, Yolande Makolo yamagana minisitiri w’u butabera wa RDC, amagambo ye ayita rutwitsi, ndetse ko kandi ari ubushotoranyi.

Yagize ati: “Ubushotoranyi bukabije bwa minisitiri w’ubutabera wa Repubulika ya demokarasi ya Congo ari kugeza kuri gereza y’i Goma . Ni iki twageza mu banyabyaha, imfungwa zivangavanzemo FDLR, Wazalendo, Abacanshuro, n’ingabo za SADC zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa?”

Nyamara ku byatangajwe n’uyu muyobozi wa RDC, hari abavuga ko bigamije kwishakira igikundiro kuri perezida Félix Tshisekedi, no kubanyapolitiki bose b’iki gihugu banenga u Rwanda, ariko kandi ibyo yatangaje bishobora no kwica byinshi ku biganiro by’i Luanda bisanzwe bihuza Kigali na Kinshasa, ku byo gushakira u Burasirazuba bw’iki gihugu amahoro n’umutekano.

Tags: Constant MutabambaGoma
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails
Next Post
Ibisasu by’igisikare cya Ukraine byangije ibikorwa bikomeye mu Burusiya.

Ibisasu by'igisikare cya Ukraine byangije ibikorwa bikomeye mu Burusiya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?