• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta ya Kinshasa yakojejwe isoni kubera Charles Onana.

minebwenews by minebwenews
January 23, 2025
in Regional Politics
0
Leta ya Kinshasa yakojejwe isoni kubera Charles Onana.
105
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Kinshasa yakojejwe isoni kubera Charles Onana.

You might also like

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

Leta ya perezida Félix Tshisekedi yakojejwe isoni nyuma y’aho bimenyekanye ko yemereye umwanditsi w’Umufaransa ukomoka muri Cameroun, Charles Onana, amafaranga ubwo yaburanaga mu rukiko rw’i Paris mu Bufaransa aho yashinjwaga icyaha cyo gupfobya genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.

Umwaka ushize ahagana mu mpera zawo, ni bwo urubanza rwa Onana rwabaye, rukaba rwari rushingiye ku kirego cyatanzwe n’imiryango y’Abanyarwanda irimo CPCR uharanira kugeza mu butabera abakoze ibyaha bya genocide, Survie na Ibuka France.

Iyi miryango y’Abanyarwanda ikorera mu Bufaransa yagaragarije urukiko ibimenyetso byinshi byerekana uko mu gitabo “Rwanda, La vérite sur l’operation Turquoise,” umwanditsi Onana yasohoye tariki ya 30/10/20219, harimo guhakana genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Ahagana tariki ya 09/11/2024, urukiko rw’i Paris mu Bufaransa rwahamije Onana iki cyaha, rumutegeka kwishyura amande y’Amayero 740. Hamwe na Damien Serieyz wakosoye iki gitabo, bategetswe gutanga indishyi y’Amayero ibihumbi 11.

Muri urwo rubanza bivugwa ko rwarimo abashyigikiye Onana, biganjemo Abanye-kongo baba mu Bufaransa ndetse n’Abanyarwanda bazwiho kuba bahakana genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Leta ya perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko iri gukurikiranira hafi urwo rubanza, kandi ko ishyigikiye uyu mwanditsi.

Perezida w’ikigo kitari icya Leta gishinzwe gukurikirana ikoreshwa ry’amafaranga ya Congo (Odep), Florimond Muteba, tariki ya 20/01/2025 yahishuye ko ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bwari bwarijeje kwishyurira Onana abanyamategeko bamwunganira, gusa ngo ntibwasohoje Isezerano.

Uyu Muteba yagize ati: “Birihutirwa ko Leta ya Kinshasa yubahiriza Isezerano, ikishyura abanyamategeko bunganiye Charles Onana mu rubanza rwe.”

Gusa umunyamategeko w’Umunyekongo witwa Me Thomas Gamakolo, mbere y’uko urubanza rwa Onana ruba, yari yatangaje ko nta munye-kongo ukwiye kwivanga mu rubanza rwa Onana ngo kuko ntaho ruhuriye n’ibibazo byabo.

Ubwo yavuganaga n’itangaza makuru yagize ati: “Ntabwo twavuga ibyaha byakorewe mu gihugu cyacu ngo dushyigikire umuntu uhakana ibyaha byakozwe n’abandi! Ni ngombwa kuvuga ko urubanza rwa Onana rutareba RDC.”

Yanavuze kandi ko Onana ubwo yandikaga kiriya gitabo, yarazi neza ko icyaha cyo guhakana no gupfobya genocide gikurikiranwa n’ubutabera bwo mu Bufaransa, hisunzwe amategeko mpuzamahanga, ariko ko yabirenzeho, bityo ko akwiye kwirengera ingaruka zabyo.

Tags: Charles OnanaI ParisRdc
Share42Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa,...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails
Next Post
Leta ya Tshisekedi yateguye gutakambira Imana ku ntambara igeze muri Kivu y’Amajy’epfo.

RDC yatangaje ko igiye gutera kimwe mu bihugu bituranye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?