• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta ya Kinshasa yatangaje ko iri gukubita umutwe wa M23 inagaragaza uko bigenda.

minebwenews by minebwenews
November 16, 2024
in Regional Politics
1
Leta ya Kinshasa yatangaje ko iri gukubita umutwe wa M23 inagaragaza uko bigenda.
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Kinshasa yatangaje ko iri gukubita umutwe wa M23 inagaragaza uko bigenda.

You might also like

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

Byatangajwe na minisitiri w’intebe wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Judith Suminwa aho yavuze ko ‘ingabo z’igihugu cyabo zitari gutsindwa n’umutwe witwaje imbunda wa M23 urwanira muri Kivu y’Amajyaruguru.”

Hari mu kiganiro yagiranye n’igitangaza cya TV5 Monde ubwo bari i Baku muri Azerbaijan, mu nama igira iya 29 y’umuryango w’Abibumbye yiga ku ihinduka ry’ikirere, Cop29.

Umutwe wa M23 kuri ubu uragenzura ibice bitandukanye muri teritware ya Masisi, iya Rutshuru, Nyiragongo, Walikale na Lubero, birimo ko banagenzura uduce dukomeye nka Rubaya, Kanyabayonga, Nyanzale na Kalembe ndetse n’utundi.

Umunyamakuru wa Tv 5 monde yabajije Judith Suminwa ati: “Mu byumweru bishize twabonye M23 ifata ibindi bice. Mu bona byaratewe n’iki?”

Suminwa yahise aseka, amasubiza agira ati: “Genzura amakuru ufite. Bavuga ko batsinda, ariko hari n’ubwo batsindwa. Ndavuga uwo mutwe wa M23.”

Yavuze ko muri iyi ntambara imaze imyaka itatu havugwa byinshi, avuga ko no mu byumweru bitageze kuri bibiri, abarwanyi ba M23 bavuze ko bagiye gufata umujyi wa Goma ariko kugeza ubu ntibarawufata. Ibivugwa byose siko aba ari ukuri

Gusa, iyi mirwano ikomeje kubera mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihe ibiganiro by’i Luanda nabyo bidasiba kuba aho byanatangiye mu myaka ibiri ishize. Ahanini biba bigamije gushakira akarere amahoro n’umutekano.

Ni biganiro kandi bihuza u Rwanda na Congo Kinshasa kubera ko iki gihugu cya RDC gishinja u Rwanda gufasha umutwe wa M23, ariko u Rwanda rurabihakana hubwo narwo rugashinja iki gihugu kuba gifasha umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze jenoside mu Rwanda.
Nubwo biruko ibihugu byombi bikomeza kwemeranya gukomeza ibiganiro by’i Luanda kugira ngo bihoshye amakimbirane.

Hagati aho umutwe wa M23 niwo ugenzura ibice byinshi ahanini mu byagiye biberamo imirwano. Kandi ukomeje gusatira ugana mu bice byerekeye i Goma.

Tags: FardcJudith Suminwa
Share36Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa,...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails
Next Post
Hezbollah yongeye gukora igitero gikaze muri Israel, ariko kiyigiraho ingaruka.

Hezbollah yongeye gukora igitero gikaze muri Israel, ariko kiyigiraho ingaruka.

Comments 1

  1. Ensuent says:
    1 year ago

    paxil or priligy 2005; Lainas et al

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?