• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta ya Kinshasa yatangaje ko iri gukubita umutwe wa M23 inagaragaza uko bigenda.

minebwenews by minebwenews
November 16, 2024
in Regional Politics
1
Leta ya Kinshasa yatangaje ko iri gukubita umutwe wa M23 inagaragaza uko bigenda.
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Kinshasa yatangaje ko iri gukubita umutwe wa M23 inagaragaza uko bigenda.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Byatangajwe na minisitiri w’intebe wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Judith Suminwa aho yavuze ko ‘ingabo z’igihugu cyabo zitari gutsindwa n’umutwe witwaje imbunda wa M23 urwanira muri Kivu y’Amajyaruguru.”

Hari mu kiganiro yagiranye n’igitangaza cya TV5 Monde ubwo bari i Baku muri Azerbaijan, mu nama igira iya 29 y’umuryango w’Abibumbye yiga ku ihinduka ry’ikirere, Cop29.

Umutwe wa M23 kuri ubu uragenzura ibice bitandukanye muri teritware ya Masisi, iya Rutshuru, Nyiragongo, Walikale na Lubero, birimo ko banagenzura uduce dukomeye nka Rubaya, Kanyabayonga, Nyanzale na Kalembe ndetse n’utundi.

Umunyamakuru wa Tv 5 monde yabajije Judith Suminwa ati: “Mu byumweru bishize twabonye M23 ifata ibindi bice. Mu bona byaratewe n’iki?”

Suminwa yahise aseka, amasubiza agira ati: “Genzura amakuru ufite. Bavuga ko batsinda, ariko hari n’ubwo batsindwa. Ndavuga uwo mutwe wa M23.”

Yavuze ko muri iyi ntambara imaze imyaka itatu havugwa byinshi, avuga ko no mu byumweru bitageze kuri bibiri, abarwanyi ba M23 bavuze ko bagiye gufata umujyi wa Goma ariko kugeza ubu ntibarawufata. Ibivugwa byose siko aba ari ukuri

Gusa, iyi mirwano ikomeje kubera mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihe ibiganiro by’i Luanda nabyo bidasiba kuba aho byanatangiye mu myaka ibiri ishize. Ahanini biba bigamije gushakira akarere amahoro n’umutekano.

Ni biganiro kandi bihuza u Rwanda na Congo Kinshasa kubera ko iki gihugu cya RDC gishinja u Rwanda gufasha umutwe wa M23, ariko u Rwanda rurabihakana hubwo narwo rugashinja iki gihugu kuba gifasha umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze jenoside mu Rwanda.
Nubwo biruko ibihugu byombi bikomeza kwemeranya gukomeza ibiganiro by’i Luanda kugira ngo bihoshye amakimbirane.

Hagati aho umutwe wa M23 niwo ugenzura ibice byinshi ahanini mu byagiye biberamo imirwano. Kandi ukomeje gusatira ugana mu bice byerekeye i Goma.

Tags: FardcJudith Suminwa
Share36Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Hezbollah yongeye gukora igitero gikaze muri Israel, ariko kiyigiraho ingaruka.

Hezbollah yongeye gukora igitero gikaze muri Israel, ariko kiyigiraho ingaruka.

Comments 1

  1. Ensuent says:
    11 months ago

    paxil or priligy 2005; Lainas et al

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?