• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 22, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta ya Kinshasa yatanze ubusobanuro ku ngabo za Tchad zavuzwe ko zigiye gufasha igisirikare cyayo ku rwanya M23.

minebwenews by minebwenews
July 10, 2024
in Regional Politics
0
Leta ya Kinshasa yatanze ubusobanuro ku ngabo za Tchad zavuzwe ko zigiye gufasha igisirikare cyayo ku rwanya M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Kinshasa yatanze ubusobanuro ku ngabo za Tchad zavuzwe ko zigiye gufasha igisirikare cyayo kurwanya M23.

You might also like

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Hari mu kiganiro minisitiri w’ubabanye n’amahanga wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Thérese Kayikwamba Wagner yagiranye n’itangaza makuru, asobanura ko ibyo ari ibinyoma kandi bidashoboka.

Muri icyo kiganiro cyatambutse ku wa Kabiri, Thérese Kayikwamba Wagner yasobanuye agira ati: “Kubera ko Tchad itari umunyamuryango wa SADC, kohereza ingabo mu rwego rwa SAMIDRC ntabwo ari amahitamo.”

Uyumunyacyubahiro ukomeye muri RDC, yasobanuye ko ibyo atari byo mu gihe, igitangaza makuru cya Tchad one muri uku kwezi cyatangaje ko perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshilombo ari mu mushinga umwe na perezida wa Tchad, Idriss Déby wo gushinga ihuriro ryo kurwanya M23 umutwe wa zengereje Kinshasa, ndetse n’u Burundi buvuga ko ufashwa n’umwanzi wabo.

Ku rundi ruhande, bivugwa ko Tchad yaba yaramaze kwemerera Kinshasa kohereza ingabo zayo, mu Burasirazuba bwa RDC abasirikare babarirwa mu 2,000 bikaba byitezwe ko bazahagera mu minsi irimbere.

Kiriya gitangaza makuru cya Tchad one, gishimangira ay’amakuru kivuga ko “bijyanye no kuba igisirikare cya Tchad kimaze iminsi cyugarijwe n’ibibazo by’amikoro, Gen Idriss Déby n’agatsiko k’abantu bamukikije baratekereza kuba bohereza abasirikare muri RDC bakabagurana amafaranga ya za miliyoni z’amadolari.”

Ibi kandi byanatangajwe n’umunyamakuru uzwi cyane, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Steve Wembi watangaje ko yahawe amakuru avuga ko “ingabo za Tchad zigiye koherezwa vuba, muri RDC ngo mu rwego rwo kurwanya M23.”

       MCN.
Tags: IngaboKoherezwaKu rwanya M23Tchad
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails
Next Post
U Buhinde bubabajwe n’imfu z’abana bagwa mu ntambara hagati y’u Burusiya na Ukraine.

U Buhinde bubabajwe n'imfu z'abana bagwa mu ntambara hagati y'u Burusiya na Ukraine.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?