• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta ya Kinshasa yavuze ibyo igiye gukorera perezida w’u Rwanda Paul Kagame.

minebwenews by minebwenews
August 9, 2024
in Regional Politics
0
Leta ya Kinshasa yavuze ibyo igiye gukorera perezida w’u Rwanda Paul Kagame.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Kinshasa yavuze ibyo igiye gukorera perezida w’u Rwanda Paul Kagame.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Ni ibyo Kinshasa yatangaje kuri uyu wa Kane, binyuze kuri minisitiri wayo w’ubutabera, Constant Mutamba yatangaje ko bateganya kujya kurega Paul Kagame w’u Rwanda mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa ICC.

Ku mugoroba wo ku wa Kane tariki ya 08/08/2024 nibwo Constant Mutamba yagiranye ikiganiro kirambuye n’itangazamakuru ryo muri Kinshasa avuga ko byanze bikunze perezida w’u Rwanda ko agomba kuregwa mu rukiko mpuzamahanga rwa ICC.

Iki kikaba cyarabaye nyuma y’urubanza ubutabera bwa gisirikare bwa RDC bwakatiyemo urwo gupfa abayobozi bakuru ba AFC barimo Corneille Nangaa, Gen Sultan Makenga n’abandi nyuma y’uko urwo rukiko rwabahamije ibyaha birimo ibyo mu ntambara.

Iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo kigize igihe gishinja u Rwanda ibirego byo mu ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC by’umwihariko kivuga perezida Paul Kagame.

Nk’uko minisitiri Constant Mutamba yabyiganiye itangaza makuru i Kinshasa yavuze ko RDC iteganya kurega Paul Kagame mu rukiko rwa ICC ndetse kandi ashimangira ko mu gihe uru rukiko rwo kwanga ku mukurikirana iki gihugu cya RDC cyahita cyivana mu masezerano ya Roma.

Ati: “Umuyobozi w’u Rwanda Kagame turi gukora ibishoboka, tugiye kumurega muri ICC. Bizaba ari ubwa Gatatu RDC ireze abantu bakoze ibyaha bikomeye byakorewe mu Burasirazuba bw’iki gihugu. Kagame by’umwihariko ni we uzaba uwa mbere kandi CPI nitamukurikirana tuzasaba umukuru w’igihugu akanaba umugaba wikirenga w’ingabo kwivana mu masezerano ya Roma.”

Gusa, n’ubwo RDC iteganya kurega Paul Kagame muri ICC u Rwanda rusanzwe rutabarizwa mu bihugu byashyize umukono ku masezerano ya Roma yo mu 2002 ashyiraho ruriya rukiko rw’i La Haye mu Buholandi.

Ibi bivuze ko urwo rukiko rudafite ububasha bwo kuburanisha Umunyarwanda uwo ari we wese.

         MCN.
Tags: ICCIgiye kuregaKinshasaPaul Kagame w'u Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Lourenço na Ramaphosa wa Afrika y’Epfo baganiriye ku by’u mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC.

Perezida Lourenço na Ramaphosa wa Afrika y'Epfo baganiriye ku by'u mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?