Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta ya Nigeri iheruka guhirika ubutegetsi bwa perezida Bouzama, yacyanye umubano wayo n’igisirikare cya Leta zunze ubumwe z’Amerika.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 17, 2024
in Regional Politics
1
Leta ya Nigeri iheruka guhirika ubutegetsi bwa perezida Bouzama, yacyanye umubano wayo n’igisirikare cya Leta zunze ubumwe z’Amerika.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Guverinoma y’igihugu cya Nigeri yacyanye umubano n’igisirikare cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni ibikubiye mu itangazo umuvugizi w’iki gihugu cya Nigeri, yaraye anyujije kuri television y’igihugu, mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 16/03/2024.

Iryo tangazo rya Guverinoma ya Nigeri rivuga ko “uherereye none, leta ya ifashe icyemezo cyo gucyana umubano urebana n’i gisirikare cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’abakozi b’abasivile ba minisiteri yayo y’ingabo bari mu gihugu cya Nigeri.”

Ibi bitangajwe mu gihe Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zigifite abasirikare 1000 muri Nigeri bari mu birindiro mu butayu ahari indege za gisirikare z’itagira abapilote. Ibyo birindiro bikaba byarubatswe ku madolari y’Amerika angana na miliyoni 100.

Kuvaho muri Nigeri habaye guhirika ubutegetsi, leta Zunze Ubumwe z’Amerika zahagaritse gufasha ubutegetsi bw’icyo gihugu.

Minisitiri w’ubanye n’amahanga wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Antony Blinken, aheruka gusura Nijeri muruzinduko rudasanzwe rwari rugamije kugerageza gusubizaho perezida Mohamed Bozoum wari inshuti idasanzwe y’Amerika n’u Burayi, biranga.

Nyuma y’uko igisirikare gihiritse ubutegetsi bwa perezida Bouzama, aba muhiritse biyegereje cyane igihugu cy’u Burusiya.

Leta ya Nigeri, icyanye umubano n’igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, mu gihe minisitiri w’u banye n’amahanga Anthony Blinken amaze umunsi umwe gusa, avuye muri iki gihugu gushaka uko ubutegetsi bwahiritswe bwasubizwa ku ngoma.

              MCN.
Tags: NigeriYacyanye umubano wayo n'igisirikare cya leta Zunze Ubumwe z'Amerika
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Amatora yarangiye none ku Cyumweru, mu Burusiya, ntavugwaho rumwe nabose.

Amatora yarangiye none ku Cyumweru, mu Burusiya, ntavugwaho rumwe nabose.

Comments 1

  1. Mparambo says:
    1 year ago

    Mwakosora imyadikire ku mutwe w’inkuru.
    Ni …yacanye umubano na….
    Ni uguca umubano.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?