• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, March 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta ya Nigeri iheruka guhirika ubutegetsi bwa perezida Bouzama, yacyanye umubano wayo n’igisirikare cya Leta zunze ubumwe z’Amerika.

minebwenews by minebwenews
March 17, 2024
in Regional Politics
1
Leta ya Nigeri iheruka guhirika ubutegetsi bwa perezida Bouzama, yacyanye umubano wayo n’igisirikare cya Leta zunze ubumwe z’Amerika.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Guverinoma y’igihugu cya Nigeri yacyanye umubano n’igisirikare cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

You might also like

RDC Ikomeje Gukina ku Masezerano Mashya n’u Bushinwa Ashyira Amerika mu Kibazo mu Ntambara y’Umutungo Kamere

Amerika yongeye kugaragaza ibisabwa kugira ngo amahoro arambye agaruke mu Burasirazuba bwa RDC

Ibihugu Birenga 20 Byamaganye Imikorere ya Perezida Ndayishimiye mu Buyobozi bw’Ubumwe bw’Afurika

Ni ibikubiye mu itangazo umuvugizi w’iki gihugu cya Nigeri, yaraye anyujije kuri television y’igihugu, mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 16/03/2024.

Iryo tangazo rya Guverinoma ya Nigeri rivuga ko “uherereye none, leta ya ifashe icyemezo cyo gucyana umubano urebana n’i gisirikare cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’abakozi b’abasivile ba minisiteri yayo y’ingabo bari mu gihugu cya Nigeri.”

Ibi bitangajwe mu gihe Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zigifite abasirikare 1000 muri Nigeri bari mu birindiro mu butayu ahari indege za gisirikare z’itagira abapilote. Ibyo birindiro bikaba byarubatswe ku madolari y’Amerika angana na miliyoni 100.

Kuvaho muri Nigeri habaye guhirika ubutegetsi, leta Zunze Ubumwe z’Amerika zahagaritse gufasha ubutegetsi bw’icyo gihugu.

Minisitiri w’ubanye n’amahanga wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Antony Blinken, aheruka gusura Nijeri muruzinduko rudasanzwe rwari rugamije kugerageza gusubizaho perezida Mohamed Bozoum wari inshuti idasanzwe y’Amerika n’u Burayi, biranga.

Nyuma y’uko igisirikare gihiritse ubutegetsi bwa perezida Bouzama, aba muhiritse biyegereje cyane igihugu cy’u Burusiya.

Leta ya Nigeri, icyanye umubano n’igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, mu gihe minisitiri w’u banye n’amahanga Anthony Blinken amaze umunsi umwe gusa, avuye muri iki gihugu gushaka uko ubutegetsi bwahiritswe bwasubizwa ku ngoma.

              MCN.
Tags: NigeriYacyanye umubano wayo n'igisirikare cya leta Zunze Ubumwe z'Amerika
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC Ikomeje Gukina ku Masezerano Mashya n’u Bushinwa Ashyira Amerika mu Kibazo mu Ntambara y’Umutungo Kamere

by Bahanda Bruce
March 29, 2026
0
RDC Ikomeje Gukina ku Masezerano Mashya n’u Bushinwa Ashyira Amerika mu Kibazo mu Ntambara y’Umutungo Kamere

RDC Ikomeje Gukina ku Masezerano Mashya n’u Bushinwa Ashyira Amerika mu Kibazo mu Ntambara y’Umutungo Kamere Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), igihugu cya mbere ku isi mu...

Read moreDetails

Amerika yongeye kugaragaza ibisabwa kugira ngo amahoro arambye agaruke mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 29, 2026
0
Amerika yongeye kugaragaza ibisabwa kugira ngo amahoro arambye agaruke mu Burasirazuba bwa RDC

Amerika yongeye kugaragaza ibisabwa kugira ngo amahoro arambye agaruke mu Burasirazuba bwa RDC Umujyanama wa Donald Trump ku bibazo bya Afurika, Massad Boulos, yatangaje ko gushakira umuti intambara...

Read moreDetails

Ibihugu Birenga 20 Byamaganye Imikorere ya Perezida Ndayishimiye mu Buyobozi bw’Ubumwe bw’Afurika

by Bahanda Bruce
March 28, 2026
0
Ibihugu Birenga 20 Byamaganye Imikorere ya Perezida Ndayishimiye mu Buyobozi bw’Ubumwe bw’Afurika

Ibihugu Birenga 20 Byamaganye Imikorere ya Perezida Ndayishimiye mu Buyobozi bw’Ubumwe bw’Afurika Mu gihe hashize amezi abiri atangiye kuyobora Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika, Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yamaze...

Read moreDetails

AU yananiwe guhuriza hamwe Afurika mu gushyigikira kandidatire ya Macky Sall mu matora yo kuyobora Loni

by Bahanda Bruce
March 28, 2026
0
AU yananiwe guhuriza hamwe Afurika mu gushyigikira kandidatire ya Macky Sall mu matora yo kuyobora Loni

AU yananiwe guhuriza hamwe Afurika mu gushyigikira kandidatire ya Macky Sall mu matora yo kuyobora Loni Mu gihe isi ikomeje kwitegura impinduka zikomeye mu buyobozi bw’Umuryango w’Abibumbye (Loni),...

Read moreDetails

Amerika yategetse RDC icyo igomba kwihutira gukora kugira ngo umubano wayo n’u Rwanda ugaruke

by Bahanda Bruce
March 27, 2026
0
Amerika yategetse RDC icyo igomba kwihutira gukora kugira ngo umubano wayo n’u Rwanda ugaruke

Amerika yategetse RDC icyo igomba kwihutira gukora kugira ngo umubano wayo n’u Rwanda ugaruke Leta Zunze Ubumwe za Amerika zongeye kwibutsa ubuyobozi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Amatora yarangiye none ku Cyumweru, mu Burusiya, ntavugwaho rumwe nabose.

Amatora yarangiye none ku Cyumweru, mu Burusiya, ntavugwaho rumwe nabose.

Comments 1

  1. Mparambo says:
    2 years ago

    Mwakosora imyadikire ku mutwe w’inkuru.
    Ni …yacanye umubano na….
    Ni uguca umubano.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?