• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta ya perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yaciwe amazi, hashimwa iya Bagaza wayoboye mbere.

minebwenews by minebwenews
April 18, 2025
in Regional Politics
0
Leta ya perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yaciwe amazi, hashimwa iya Bagaza wayoboye mbere.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yaciwe amazi, hashimwa iya Bagaza wayoboye mbere.

You might also like

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Minisitiri w’i ntebe w’u Burundi, Gervais Ndirakubuca, yatangaje ko Jean-Baptiste Bagaza wabayeho perezida w’iki gihugu atari umujura nk’abategetsi(Ingoma) bariho ubu mu Burundi.

Hari mu kiganiro Ndirakubuca yagiranye n’inteko ishinga amategeko y’iki gihugu cyabo(u Burundi) tariki ya 10/04/2025, aho yakibajijwemo ibibazo byinshi harimo n’icyo yabajijwe kijanye n’imihanda ikomeje kwangirika cyane mu gihugu hose.

Mu kugisubiza, yavuze ko imihanda u Burundi bufite kuri none, hafi yayose yubatswe igihe kimwe, ngo bikaba ari yo mpamvu irimo kwangirikira rimwe.

Ashimangira kandi ko imihanda yubatswe kera kwariyo ikomeye kuruta iyubatswe vuba, anaboneraho gushimira abubatse imihanda ya kera ngo kubera ko bashobora kuba batari abajura nk’abakora amihanda y’ubu.

Ndirakubuca yagize ati: “Ndakeka ko abakoze imihanda ya kera bashobora kuba bari bataramenya ko ‘isima’ iribwa cyangwa ibindi byose biribwa!”

Imihanda minini yose igize igihugu cy’u Burundi yubatswe na perezida Bagaza. Binavugwa kandi ko iyubatswe igihe cye ninayo ikomeye gusumba iyubatswe nyuma y’aho CNDD-FDD igeze ku butegetsi, mu mwaka wa 2005, kuko niyo ifashe umwanya wa mbere mu kwangirikirika.

Umwanditsi w’Umurundi unayoboye ishirahamwe rishyinzwe gutabariza benewabo bari mu kaga, ari nawe dukesha iyi nkuru, yatangaje ko “imihanda u Burundi bufite yubatswe igihe cya perezida Peter Nkurunziza igeze habi kubera ubujura bwabaye mu kuyikora.”

Agaragaza ko ibyo Gervais Ndirakubuca yavuze bikomeye, kandi ko bigaragaza ubutegetsi buriho none, ngo burangwamo n’ubujura (ubusuma) gusa.

Ati: “Ndirakubuca yavuze ijambo rikomeye, nubwo gutahura iby’iyo mihanda n’igihe yubakiwe, ariko yagaragaje ko abayobozi bariho kuri ubu, ibyo bukora byose nibyamanyanga: Barya isima n’ibindi byose.”

Ikindi yavuze ni uko ngo Bagaza yubatse imihanda muri iki gihugu nta mabuye y’agaciro afite.

Avuga ko abayobozi bariho kuri ubu, bagaragaza ko kugira ngo babashe gusanura imihanda bibasaba kubanza kubona(gucukura) amabuye y’agaciro. Mu gihe ubwo imihanda yubakwaga bwa mbere batayacukuraga.

Bivuze ko ubutegetsi buriho muri iki gihe, bwananiwe kubungabunga ibyo bwasanzeho, bukaba buvuga ko buzarindira igihe buzabonera amabuye y’agaciro.

Tags: BagazaCND FDDYaciwe amazi
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails
Next Post
Minembwe Under Siege: Two Territories Attacked by FARDC, Mai Mai, FDLR

Amakuru mashya: Haravugwa igitero kinini cyerekeje i Nyangenzi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?