Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Leta ya perezida William Ruto irashinjwa gushaka kuroga Rigathi Gachagua.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 22, 2024
in Uncategorized
0
Leta ya perezida William Ruto irashinjwa gushaka kuroga Rigathi Gachagua.
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya perezida William Ruto irashinjwa gushaka kuroga Rigathi Gachagua.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Uwari visi perezida wa Repubulika ya Kenya, Rigathi Gachagua yashinje umukuru w’igihugu William Ruto ku mukandamiza, kugerageza ku muroga no gutatira igihango bagiranye mu mwaka w’ 2022 ubwo batangiraga kuyobora iki gihugu.

Mu Cyumweru gishize nibwo Gachagua yegujwe n’imitwe ibiri igize intekonshingamategeko imushinja kuba yarakoreye iki gihugu ibyaha 11 birimo gusuzugura umukuru w’igihugu William Ruto, kugira amacakubiri n’urwango rushingiye ku moko no gukoresha umutungo wa Leta munyungu ze bwite.

Gusa urukiko rukuru mu mpera z’iki Cyumweru dusoje rwahagaritse icyemezo cyo ku mweguza.

Mu kiganiro bwana Gachagua yahaye itangaza makuru, yavuze ko yizeraga Ruto ariko bikaba byararangiye amugambaniye.

Yunzemo ko ibirenze ibyo Leta ya Kenya yagerageje kumwica inshuro zibiri ikoresheje uburozi, bimaze kuyinanira nibwo yatangiye gahunda yo ku mweguza.

Yagize ati: “Ndumva ndatekanye. Ku itariki ya 30/08/2024 abakozi ba Polisi bibanga binjiye mu cyumba cyanjye, umwe muri bo agerageza kuroga ibyo kurya byanjye ariko tuza kubitahura, hanyuma nza kurokoka. Bari bagambariye kunyica bandoze.”

Yongeyeho kandi ko no mu kwezi kwa Cyenda, abakozi bakora mu iperereza nabo bagerageje ku mwica bakoresheje amarozi ariko birabananira.

Gachagua avuga ko bitandukanye n’abandi bantu bari muri Guverinoma ya Kenya atigeze asaba perezida William Ruto ko ibyo bemeranyije bijya mu nyandiko, avuga ko nk’abakristo babyemeranyije mu magambo.

Ariko akavuga ko bitangaje ngo kuko uwo yizeye yaramugambaniye, ku buryo amaze igihe kingana n’umwaka wose amwirukaho.

Gachagua kandi yavuze ko aharwariye mu bitaro abantu bo hafi kwa perezida William Ruto bakomeza guhamagara kenshi babaza niba hari icyizere gihari cy’uko azapfa.

          MCN.
Tags: KenyaKurogwaRigathi GachaguaWilliam Ruto
Share29Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku gitabo cya satani ariwe rusoferi (sekibi).

Ibyo wa menya ku gitabo cya satani ariwe rusoferi (sekibi).

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?