Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yangiye EAC, kohereza Indorerezi mu matora ateganijwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 19, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yanze ko umuryango w’Afrika y’iburasirazuba ( EAC), bohereza Indorerezi zabo muri RDC kugenzura amatora ateganijwe kuba k’umunsi w’ejo hazaza tariki 20/12/2023.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni Amakuru yemejwe bwambere n’ishami rishinzwe itumanaho mu biro by’umunyamabanga mukuru wa EAC, Dr Peter Mutuku Muthuki.

Uyu muyobozi mu muryango w’Afrika y’iburasirazuba, yahise abimenyesha ibihugu bihuriye muri uwo muryango wa EAC n’abafatanya bikorwa babo.

Yagize ati: “Tumenyesheje ibihugu bigize u muryango w’Afrika y’iburasirazuba, abafabafatanya bikorwa mu iterambere ko EAC itazahagararirwa muri RDC, mu igenzurwa ry’amatora rusange. Ni ubwo EAC yariyiteguye kohereza Indorerezi ariko ubusabe bwayo ntibwemewe n’ubuyobozi bwa leta ya Kinshasa bu bifitiye ububasha.”

Nk’uko biri kuva umuryango w’Afrika y’iburasirazuba EAC washingwa harimo ko bagomba kohereza Indorerezi ahari Amatora hagamije kureba uko Amatora akorwa.

RDC ikaba yanze ubu busabe mugihe ubutegetsi bwa Kinshasa bufitanye ubushamirane na bimwe mu bihugu bigize uyu muryango, kubera Intarambara igisirikare cya RDC kirimo n’inyeshamba zo mu mutwe wa M23.

Mumpera z’Ukwezi gushize umuryango w’u bumwe bw’u Buraya, bakuye abantu babo bari bohereje nk’indorerezi mu matora ateganijwe kuba muri RDC, ibyo leta ya Kinshasa yagaragaje ko icyo cyemezo ubumwe bw’u Buraya bafashe cyabababaje.

Bruce Bahanda.

Tags: Amatora ategerejwe kubaLeta ya Republika ya Demokarasi ya CongoTariki 20/12/2023Yangiye EAC kohereza Indorerezi zabo muri RDC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Urwego rushinzwe abasahoka n'abinjira muri RDC, batangaje gufunga imipaka kuri uyu wa Kabiri.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?