Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yasabwe gushira igihugu ku murongo no gushakira abaturage amahoro.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 19, 2024
in Regional Politics
0
Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yasabwe gushira igihugu ku murongo no gushakira abaturage amahoro.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bwa Repubilika ya demokarasi ya Congo bwasabwe gushira igihugu ku murongo no kurinda abaturage.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni ubutumwa bwatanzwe kuri uyu wa Gatanu, tariki 19/04/2024 butanzwe na Ambasaderi w’u Bubiligi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Roxane De Bilderling.

Yihanangirije guverinoma ya Kinshasa gukora ibishoboka byose ikarinda igihugu no kugarura amahoro mu baturage.

Yagize ati: “Igihugu kigomba kugira imiyoborere myiza, bayobozi ba leta. Ni ngombwa ko igihugu kigira umurongo mwiza kandi abaturage b’abasivile bakarindwa no kubaho batekanye.”

Ambasaderi yanavuze ko hagomba gushakwa igisubizo cya politiki, bityo ahita avuga ko u Rwanda na Congo Kinshasa bigomba kwicara kumeza imwe kugira ngo barebere hamwe icyazana amahoro.

Ati: “Iyi niyo mpamvu Congo n’u Rwanda bikwiye kwicarana ku meza imwe, ariko tuzi ko hari inzira za karere zirimo gukorwa kandi n’Imiryango mpuzamahanga umusanzu wacu ugomba kubaho.”

Ibihugu by’amahanga byagiye bisaba kenshi leta ya Kinshasa gushaka igisubizo binyuze mu nzira ya politiki nubwo iyi leta ikomeje kuvunira ibiti mu matwi.

Leta ya Kinshasa yagiye igaragaza kenshi gushaka gukoresha imbaraga za gisirikare mu gukemura amakimbirane ari mu Burasirazuba bwa RDC aho yagiye yiyambaza ibisirikare by’ibihugu bya mahanga ndetse n’imitwe yitwaje intwaro. Gusa ibi byose bigenda biyipfana ndetse umutwe wa M23 uhanganye na Kinshasa ugenda urushaho kunesha iyi leta ya Kinshasa.

          MCN.
Tags: Bwasabwe gushira igihugu ku murongoKurinda abaturageUbutegetsi bwa Kinshasa
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Imbonerakure ziri muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, zategetswe gutsemba Abatutsi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Imbonerakure ziri muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, zategetswe gutsemba Abatutsi mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?