Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, y’i basiriye Karidinali Frodolin Ambongo, uheruka kwerura atangaza ko Congo igira igisirikare cya waringa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 4, 2024
in Regional Politics
0
Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, y’i basiriye Karidinali Frodolin Ambongo, uheruka kwerura atangaza ko Congo igira igisirikare cya waringa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, bwi basiriye Karidinali Frodolin Ambongo, watangaje ko leta ya Kinshasa itagira igisirikare.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni leta ya Kinshasa yi basiriye Karidinali Frodolin Ambongo, binyuze kuri minisitiri w’i tangaza makuru akaba n’umuvugizi wa Guverinoma, Patrick Muyaya watangaje ko Karidinali Ambongo akwiye kongera gu sobanura ibyo aheruka gutangaza ku munsi wa Pasika.

Ahagana ku itariki ya 31/03/2024, ubwo wari umunsi wa Pasika, umukuru w’idini katolika muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Frodolin Ambongo, yavuze ko igihugu cya RDC ki tagira ingabo zirengera abenegihugu ariko ko umunsi umwe Imana izabaha umuntu uzakiza igihugu.

Yagize ati: “Igihugu cyacu nta ngabo gifite, tumeze nk’inzovu ifite ibirenge by’ibumba. Igihugu cya ratereranywe nti gishobora kugira inzozi usibye icyo gikeneye ako kanya. Ariko igihe kizaza hazaboneka umuntu uzakura RDC mu kaga igizemo igihe kirekire.”

Ku bwa Patrick Muyaya yavuze ko leta idashobora gushigikira ibyo Karidinali Frodolin Ambongo avuga, ngo k’uko bisa nko gutera inkunga abafata intwaro bakica abenegihugu.

Ati: “Ibyavuzwe n’umukuru w’idini katolika ku munsi wa Pasika birakomeye cyane kubera ko ari umukuru w’idini. Ariko impamvu uko zaba ziri kose nti dushobora gushigikira abantu bafata intwaro zo kwica barumana babo, bashiki bacu, ba se, ba nyina ndetse n’abana bacu, ngo bakunde nabo bagere ku butegetsi.”

Yakomeje agira ati: “Turahamagarira Karidinali Frodolin Ambongo gusobanura ibyo aheruka gutangaza. Abafata intwaro bakica Abanyekongo mu rwego rwo guharanira gufata ubutegetsi, ntabwo tuzabaha umwanya. Turi munzira ya demokarasi.”

        MCN.
Tags: Karidinali Frodolin AmbongoKinshasaYa mwibasiriye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’idini katolika muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Karidinali Frodolin Ambongo, yongeye ku mvikana anenga ubutegetsi bwa Kinshasa.

Umukuru w'idini katolika muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Karidinali Frodolin Ambongo, yongeye ku mvikana anenga ubutegetsi bwa Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?