Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta ya Uganda yagize icyo ivuga ku makuru avuga ko ingabo z’u Rwanda zijya muri Congo ziciye Uganda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 20, 2024
in Regional Politics
0
Leta ya Uganda yagize icyo ivuga ku makuru avuga ko ingabo z’u Rwanda zijya muri Congo ziciye Uganda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Uganda yagize icyo ivuga ku makuru avuga ko ingabo z’u Rwanda zijya muri Congo ziciye Uganda.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni byatangajwe na Ambasaderi w’ungirije wa Uganda i Kinshasa, Matata Twaha, mu kiganiro yagiranye n’aminisitiri w’ubabanye n’amahanga wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Gracia Yamba Kazadi. Iki kiganiro cyabaye ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 19/07/2024.

Muri iki kiganiro bwana Matata Twaha yirinze kwemeza no guhakana ko ku birego bivuga ko ingabo z’u Rwanda zinjira muri RDC ziciye ku butaka bwa Uganda, avuga ko hagomba kubanza gusuzumwa kwibyo byaba aribyo.

Iki giganiro cyahuje minisitiri w’ubabanye n’amahanga wa RDC na Ambasaderi w’ungirije wa Uganda cyabaye nyuma y’uko Loni yari heruka gusohora raporo ishinja Uganda guha ubufasha M23; n’ubundi ibi birego RDC ikaba yari imaze igihe ibishinja leta y’u Rwanda.

Kuri iyi ngingo Ambasaderi Twaha yagaragaje ko Uganda imaze igihe ari umufatanyabikorwa wa Congo, bityo ko nta mpamvu yatuma ihitamo gufasha M23.

Ati: “Uganda isanzwe ari umufatanyabikorwa wa RDC mu kugarura amahoro mu Burasirazuba bwayo biciye muri operasiyo Shuajaa, bityo ntishobora gushyigikira umutwe uwo ari wo wose ukorera ku butaka bwa RDC.”

Ambasaderi wa Uganda yagaragaje ko igitangaje ari uko raporo ishinja Uganda gufasha M23 yasohotse igihugu cye kitarigeze na rimwe kimenyeshwa icyo kibazo.

Ati: “Ikibazo cyo kwibazwa, ni kuki twaha ubufasha M23? Uruhande rwacu na EAC rusobanutse ni ugufatanya kurandura imitwe yose igamije ikibi iturogoye.”

Ku bijyanye no kuba hari ingabo z’u Rwanda zijya muri Rutshuru ziciye Uganda, Amabasaderi Twaha yagize ati: “Ibirego by’uko abasirikare bo mu ngabo z’u Rwanda baca muri Uganda mbere yo kwigarurira uduce dutandukanye twa RDC bigomba gusuzumwa byimbitse kugira ngo tugire icyo tubivugaho uko bikwiye.”

Amabasaderi Twaha yanirinze kugira icyo avuga ku bihano RDC imaze igihe isaba ko bifatirwa u Rwanda hubwo atinda kukuba Uganda ifatanya na RDC kurandura umutwe wa ADF.

          MCN.
Tags: Amabasaderi TwahaBunaganaGufasha M23Ingabo z'u RwandaUgandaYavuze
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Muri RDC, havutse undi mutwe ukomeye, wifatanije na M23 kurwanya ubutegetsi bwa Kinshasa no kubushiraho iherezo.

Muri RDC, havutse undi mutwe ukomeye, wifatanije na M23 kurwanya ubutegetsi bwa Kinshasa no kubushiraho iherezo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?