• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta ya Uganda yagize icyo ivuga ku makuru avuga ko ingabo z’u Rwanda zijya muri Congo ziciye Uganda.

minebwenews by minebwenews
July 20, 2024
in Regional Politics
0
Leta ya Uganda yagize icyo ivuga ku makuru avuga ko ingabo z’u Rwanda zijya muri Congo ziciye Uganda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Uganda yagize icyo ivuga ku makuru avuga ko ingabo z’u Rwanda zijya muri Congo ziciye Uganda.

You might also like

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Ni byatangajwe na Ambasaderi w’ungirije wa Uganda i Kinshasa, Matata Twaha, mu kiganiro yagiranye n’aminisitiri w’ubabanye n’amahanga wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Gracia Yamba Kazadi. Iki kiganiro cyabaye ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 19/07/2024.

Muri iki kiganiro bwana Matata Twaha yirinze kwemeza no guhakana ko ku birego bivuga ko ingabo z’u Rwanda zinjira muri RDC ziciye ku butaka bwa Uganda, avuga ko hagomba kubanza gusuzumwa kwibyo byaba aribyo.

Iki giganiro cyahuje minisitiri w’ubabanye n’amahanga wa RDC na Ambasaderi w’ungirije wa Uganda cyabaye nyuma y’uko Loni yari heruka gusohora raporo ishinja Uganda guha ubufasha M23; n’ubundi ibi birego RDC ikaba yari imaze igihe ibishinja leta y’u Rwanda.

Kuri iyi ngingo Ambasaderi Twaha yagaragaje ko Uganda imaze igihe ari umufatanyabikorwa wa Congo, bityo ko nta mpamvu yatuma ihitamo gufasha M23.

Ati: “Uganda isanzwe ari umufatanyabikorwa wa RDC mu kugarura amahoro mu Burasirazuba bwayo biciye muri operasiyo Shuajaa, bityo ntishobora gushyigikira umutwe uwo ari wo wose ukorera ku butaka bwa RDC.”

Ambasaderi wa Uganda yagaragaje ko igitangaje ari uko raporo ishinja Uganda gufasha M23 yasohotse igihugu cye kitarigeze na rimwe kimenyeshwa icyo kibazo.

Ati: “Ikibazo cyo kwibazwa, ni kuki twaha ubufasha M23? Uruhande rwacu na EAC rusobanutse ni ugufatanya kurandura imitwe yose igamije ikibi iturogoye.”

Ku bijyanye no kuba hari ingabo z’u Rwanda zijya muri Rutshuru ziciye Uganda, Amabasaderi Twaha yagize ati: “Ibirego by’uko abasirikare bo mu ngabo z’u Rwanda baca muri Uganda mbere yo kwigarurira uduce dutandukanye twa RDC bigomba gusuzumwa byimbitse kugira ngo tugire icyo tubivugaho uko bikwiye.”

Amabasaderi Twaha yanirinze kugira icyo avuga ku bihano RDC imaze igihe isaba ko bifatirwa u Rwanda hubwo atinda kukuba Uganda ifatanya na RDC kurandura umutwe wa ADF.

          MCN.
Tags: Amabasaderi TwahaBunaganaGufasha M23Ingabo z'u RwandaUgandaYavuze
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails

Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

Cibitoke: Inama y'Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo Amakuru aturuka mu ntara ya Cibitoke mu Burundi aravuga ko Musitanteri w’iyi ntara, Najeneza...

Read moreDetails
Next Post
Muri RDC, havutse undi mutwe ukomeye, wifatanije na M23 kurwanya ubutegetsi bwa Kinshasa no kubushiraho iherezo.

Muri RDC, havutse undi mutwe ukomeye, wifatanije na M23 kurwanya ubutegetsi bwa Kinshasa no kubushiraho iherezo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?