Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta y’u Burundi yaburiwe kugira icyo ikoze mu maguru mashya, bitabaye ibyo, icyo gihugu gishobora kuja mukaga gusumba uko bibwira.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 9, 2024
in Regional Politics
0
Leta y’u Burundi yaburiwe kugira icyo ikoze mu maguru mashya, bitabaye ibyo, icyo gihugu gishobora kuja mukaga gusumba uko bibwira.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bw’ishirahamwe rya OLUCOME rishinzwe kurwanya ruswa no gusesagura umutungo wa leta bwatangaje ko u Burundi buri mu bihe bitoroshye kubera ubukene.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni byatangajwe na Gabriel Rufyiri ukuriye OLUCOME aho ku munsi w’ejo hashize yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru batandukanye bo muri iki gihugu cy’u Burundi. Iki kiganiro kikaba cyarabereye i Bujumbura ku murwa mukuru w’u bukungu w’iki gihugu.

Iki kiganiro cyari gifite insanganyamatsiko igira iti: “Igihugu cy’u Burundi mu bihe bibi bitacyoroheye by’u bukene.”

Muri iki kiganiro Gabriel Rufyiri yatangaje ko igihugu cyabo cy’u Burundi kiri mwihungabana rikomeye ku bijanye n’ubukungu.

Yagize ati: “Icya mbere murabizi neza ko ishirahamwe OLUCOME rihora rihamagarira abanyamakuru n’Abarundi kuganirira hamwe maze habeho kumenya aho igihugu cy’u Burundi gihagaze, kubera ibihe bibi iki gihugu cyinjiyemo, hari n’igihe tubatumaho kugira tugire ibyo tubabwira; ubu ho twabatumyeho kugira ngo tubabwire ibibazo igihugu cyacu kirimo. Ibyo na kwita ‘crise economique’ (ihungabana ridasanzwe ry’ubukungu).”

Yakomeje agira ati: “Murabizi ko ubu Umurundi kugira ngo afungure n’ikibazo, kuko kubona akazi muri iki gihugu biragoye. Rero ibi birikuzanira abenegihugu ingaruka mbi ku gutegura ejo hazaza.

Ibi byose biva kukuba igihugu cy’u Burundi cyarakenye amafaranga y’agaciro ava mu mahanga.”

Uyu muyobozi wishirahamwe rya OLUCOME yanaboneyeho kuvuga ko arimo gusabisha perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye kugira ngo baganire amubwire icyo korwa muri iki gihugu maze kikava mu bibazo bikiremerereye.

Rufyiri yatangaje ko kandi kuva mu mwaka w’ 2022, atahwemye kwandikira umukuru w’igihugu cy’u Burundi n’izindi nzego z’ubutegetsi bwo hejuru, ko iki gihugu gikomeje gusubira inyuma bivuye kw’i kena ry’amafaranga y’agaciro.

Hano asobanura ko u Burundi bukenye lisansi (igitoro), ibura ry’isukari, imodoka zitwara abantu ndetse n’ibinyobwa ngo muri iyi minsi byabaye ingora bahizi.

Umuyobozi wa OLUCOME asoza avuga ko leta y’u Burundi itagize icyo ikora mu maguru mashya, iki gihugu gishobora kuja habi gusumba ibyo abantu batekereza.

           MCN.
Tags: Gishobora kuja habi gusumbaIgihugu cy'u BurundiKuburirwaOLUCOMERufyiri Gabriel
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Amakuru mashya avugwa muri Kivu y’Amajy’epfo n’uko habaye impinduka zikomeye, mu gisirikare cya FARDC.

Amakuru mashya avugwa muri Kivu y'Amajy'epfo n'uko habaye impinduka zikomeye, mu gisirikare cya FARDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?