• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta y’u Burundi yaburiwe kugira icyo ikoze mu maguru mashya, bitabaye ibyo, icyo gihugu gishobora kuja mukaga gusumba uko bibwira.

minebwenews by minebwenews
May 9, 2024
in Regional Politics
0
Leta y’u Burundi yaburiwe kugira icyo ikoze mu maguru mashya, bitabaye ibyo, icyo gihugu gishobora kuja mukaga gusumba uko bibwira.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bw’ishirahamwe rya OLUCOME rishinzwe kurwanya ruswa no gusesagura umutungo wa leta bwatangaje ko u Burundi buri mu bihe bitoroshye kubera ubukene.

You might also like

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Ni byatangajwe na Gabriel Rufyiri ukuriye OLUCOME aho ku munsi w’ejo hashize yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru batandukanye bo muri iki gihugu cy’u Burundi. Iki kiganiro kikaba cyarabereye i Bujumbura ku murwa mukuru w’u bukungu w’iki gihugu.

Iki kiganiro cyari gifite insanganyamatsiko igira iti: “Igihugu cy’u Burundi mu bihe bibi bitacyoroheye by’u bukene.”

Muri iki kiganiro Gabriel Rufyiri yatangaje ko igihugu cyabo cy’u Burundi kiri mwihungabana rikomeye ku bijanye n’ubukungu.

Yagize ati: “Icya mbere murabizi neza ko ishirahamwe OLUCOME rihora rihamagarira abanyamakuru n’Abarundi kuganirira hamwe maze habeho kumenya aho igihugu cy’u Burundi gihagaze, kubera ibihe bibi iki gihugu cyinjiyemo, hari n’igihe tubatumaho kugira tugire ibyo tubabwira; ubu ho twabatumyeho kugira ngo tubabwire ibibazo igihugu cyacu kirimo. Ibyo na kwita ‘crise economique’ (ihungabana ridasanzwe ry’ubukungu).”

Yakomeje agira ati: “Murabizi ko ubu Umurundi kugira ngo afungure n’ikibazo, kuko kubona akazi muri iki gihugu biragoye. Rero ibi birikuzanira abenegihugu ingaruka mbi ku gutegura ejo hazaza.

Ibi byose biva kukuba igihugu cy’u Burundi cyarakenye amafaranga y’agaciro ava mu mahanga.”

Uyu muyobozi wishirahamwe rya OLUCOME yanaboneyeho kuvuga ko arimo gusabisha perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye kugira ngo baganire amubwire icyo korwa muri iki gihugu maze kikava mu bibazo bikiremerereye.

Rufyiri yatangaje ko kandi kuva mu mwaka w’ 2022, atahwemye kwandikira umukuru w’igihugu cy’u Burundi n’izindi nzego z’ubutegetsi bwo hejuru, ko iki gihugu gikomeje gusubira inyuma bivuye kw’i kena ry’amafaranga y’agaciro.

Hano asobanura ko u Burundi bukenye lisansi (igitoro), ibura ry’isukari, imodoka zitwara abantu ndetse n’ibinyobwa ngo muri iyi minsi byabaye ingora bahizi.

Umuyobozi wa OLUCOME asoza avuga ko leta y’u Burundi itagize icyo ikora mu maguru mashya, iki gihugu gishobora kuja habi gusumba ibyo abantu batekereza.

           MCN.
Tags: Gishobora kuja habi gusumbaIgihugu cy'u BurundiKuburirwaOLUCOMERufyiri Gabriel
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails
Next Post
Amakuru mashya avugwa muri Kivu y’Amajy’epfo n’uko habaye impinduka zikomeye, mu gisirikare cya FARDC.

Amakuru mashya avugwa muri Kivu y'Amajy'epfo n'uko habaye impinduka zikomeye, mu gisirikare cya FARDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?