Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta y’u Burundi yohereje abandi basirikare mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, naho M23 iravugwaho kwa mbura FARDC ibice bitatu mu nkengero za Minova.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 5, 2024
in Regional Politics
1
Leta y’u Burundi yohereje abandi basirikare mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, naho M23 iravugwaho kwa mbura FARDC ibice bitatu mu nkengero za Minova.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hongeye kuvugwa ko u Burundi bwo hereje abandi basirikare benshi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru guhangana na M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Bya vuzwe ko u Burundi bwo hereje indi Batayo igira iya Cyenda, igizwe n’abasirikare bagera ku 614. Iy’i Batoyo ikaba yarahawe kuyoborwa na Lt Col Aaron, wari usanzwe muri Kivu y’Amajy’epfo, uvugwaho kandi ko akarishye k’urugamba, nk’uko iy’inkuru tuyikesha umwe mu basirikare b’u Burundi ba barizwa mu Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Mu busanzwe mu Burasirazuba bwa RDC habarizwa ga Batayo umunani za basirikare b’u Burundi aho bivugwa ko imwe murizo Batayo yoba yararasiwe ku rugamba barapfa, abadapfuye bafatwa mpiri, ndetse hakaba hari n’abarenga 150 ba buriwe irengero mu rugamba rwo mu Kibaya cya Kibumba, muri teritware ya Nyiragongo.

Iz’ingabo z’u Burundi zoherejwe mu Ntambara bahanganyemo na M23 mu gihe abasirikare b’u Burundi benshi bahunze bava muri teritware ya Masisi bahungira Minova. Hakaba harandi makuru avuga ko aba bahungiye Minova bahise bakomeza guhunga, ni mugihe M23 k’u mugoroba w’ejo hashize, tariki ya 04/02/2024, barwaniye mu nkengero za Minova, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Nk’uko iy’inkuru ibivuga kuri ubu M23 imaze gufata ibirindiro bikomeye byo mu nkengero za Minova aribyo Kituva na Jangwa ndetse n’u muhanda uhuza Kivu y’Amajy’epfo na Kivu y’Amajyaruguru.

K’u munsi w’ejo hashize ahagana isaha z’umugoroba wajoro habonetse abasirikare benshi bahunze bava Minova bagana i Bukavu, k’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, bikavugwa ko abo bahunze bava Minova barimo n’ingabo z’u Burundi.

Bruce Bahanda.

Tags: Kohereza abasirikare mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguruleta yu Burundi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Urubyiruko rw’Abanyekongo ruherereye muri teritwari ya Uvira, bamaganye Ingabo za SADC, banazisaba kubavira mu gihugu.

Urubyiruko rw'Abanyekongo ruherereye muri teritwari ya Uvira, bamaganye Ingabo za SADC, banazisaba kubavira mu gihugu.

Comments 1

  1. fffffffffffffffffffffff says:
    1 year ago

    zszsaerrrrrrrrrrf

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?