• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 19, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta y’u Rwanda yagize icyo ivuga ku byo ishinjwa na Amerika hamwe na Kinshasa, ku bisasu biheruka kugwa i Mugunga, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

minebwenews by minebwenews
May 5, 2024
in Regional Politics
1
Leta y’u Rwanda yagize icyo ivuga ku byo ishinjwa na Amerika hamwe na Kinshasa, ku bisasu biheruka kugwa i Mugunga, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta y’u Rwanda yagize icyo ivuga ku byo ishinjwa na leta Zunze ubumwe z’Amerika ku bisasu biheruka kugwa mu nkambi y’impunzi iri i Mungunga mu Ntara ya Kivu Yaruguru mu Burasirazuba bwa RDC.

You might also like

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Rwanda binyuze ku muvugizi wayo Yolande Makolo yatanze ubutumwa busubiza Amerika i rushinja kuba inyuma y’ibibombe biheruka guhitana abantu muri Mungunga, hafi n’u mujyi wa Goma.

Yagize ati: “Ibi biteye isoni Matthew Miller! Ni gute wodushinja ibintu nk’ibi bitarimo gutekereza neza? Igisirikare cy’u Rwanda n’u bunyamwuga bwacyo, nta narimwe cyotera inkambi yavanwe mu byabo. Cyangwa ngo rukore ibintu by’u mwanda nk’ibi. Ibyo mu bishakire muri Wazalendo na Fdlr.”

Ninyuma yaho leta Zunze ubumwe z’Amerika zari zimaze gusohora itangazo riteweho umukono na Matthew Miller umuvugizi wa minisiteri y’ubanye n’amahanga ya leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Aho iryo tangazo ryarimo rishinja u Rwanda na M23 kugaba igitero i Mungunga, ahari inkambi y’abavanwe mu byabo kubera ibibazo by’intambara iri muri Masisi, Rutshuru na Nyiragongo.

Icyo gitero cya gabwe ahagana isaha z’igitondo cyo ku wa Gatanu tariki ya 03/05/2024, kigasiga gihitanye abantu 15 naho abagera kuri 30 barakomereka, nk’uko byavuzwe n’ubuyobozi bwa leta ya Kinshasa.

Leta ya Kinshasa ibinyuranyije kuri Patrick Muyaya, usanzwe ari umuvugizi wiyo leta ya vuze ko ibyabaye i Mungunga ko ari ubwiyongere bw’abasirikare b’u Rwanda na M23 mu Burasirazuba bw’iki gihugu, kubera kutuvogera.

Ibihe bitari bike Amerika yagiye ishinja u Rwanda gushigikira M23, ibyo u Rwanda rwagiye rutera utwatsi hubwo rukavuga ko rutakwivanga ku makimbirane ari mu bindi bihugu.

Ku rundi ruhande Amerika u Bufaransa n’u Bubiligi biri gusaba u Rwanda na Congo kuganira, mu rwego rwo kugira ngo habe guhoshya amakimbirane y’intambara ari mu Burasirazuba bwa RDC.

               MCN.
Tags: IgiteroInkambi yavanwe mu byaboMungungayahakanyeYolande Makolo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Haravugwa urujijo rukomeye, ku barwanyi bagaragaye mu Bibogobogo, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Haravugwa urujijo rukomeye, ku barwanyi bagaragaye mu Bibogobogo, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo.

Comments 1

  1. Bernard Butoto says:
    1 year ago

    Je cite”La diplomatie américaine a accusé le Rwanda d’être à l’origine d’un bombardement sur un camp de déplacés de la périphérie de Goma, dans l’est de la RD Congo, qui a fait au moins neuf morts et 33 morts vendredi. Kigali a récusé samedi cette affirmation, la qualifiant de “ridicule” et d'”absurde”. fin de citation.

    Ce diplômate américain n’aurait pas si subitement(sans avoir fait une investigation profonde) confirmé et condamné le Rwanda d’être derriere ce crime sauvage fait par les militaires Burundais coalisés avec la FARDC et d’autres milices qui chaque jours tuent,et ménassent la population qui sont dans les zones sous leur contrôle sécuritaire.
    Ceci dit parce que même la population ladite population environmente sécurisée par la FARDC elle-même affirme que la bombe fut lancée la FARDC et ses alliés.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?