
Igihugu ca Usa congeye gusaba Urwanda gukura ingabo zabo kubutaka bwa Republika iharanira democrasi ya Congo.
Ibi byavuye mw’itangazo ryasohowe kuruyu wagatatu wokw’itariki 22/02/2023, n’ibiro byubanye n’a Mahanga wikigihugu, ariwe bwana Ned Price, ahanini, Itangazo aheruka gusohora rivuga mubyasohotse mubyemezo by’inama umuryango wa East Africa Community, ubwo yigaga kumutekano mubi uri muri Eastern ya Drc.
Nud, yashimye ibyemezo abakuru b’ibihugu bafatiye munama yabereye i Addis-Abeba muri Ethiopie tariki 17/02/2023, arangije yamagana ibibi bibangamira kiremwa muntu, abishinja imitwe yitwara Gisirikare kubutaka bw’aCongo, ashiramo na: M23, ADF, CODECO n’a FDLR , asabako bohagarika imirwano ikomeje kuvugwa muri Eastern ya Drc cane muri Kivu yamajyaruguru niyepho.
Nud, yavuze no kuri Rapport yimpuguke z’Umuryango wa L’ONI, ziheruka gusohora mumpera zukwezi kwa cumi nabiri mumwaka uheze wa 2022, uvuga ko ingabo z’igihugu c’Urwanda zifasha M23 .
Aribyo yahereyeko asaba at : “Dusubiyemo ijwi ryacu risaba u Rwanda guhagarika gufasha umutwe wa M23, turasaba ko bakura ingabo zabo byihuse muri Congo, kugira boroshe imyanz’uro yabakuru b’ibihugu bigize umuryango wa East Africa Community (EAC) inama iheruka yabanjirije inama yabakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Africa Yunze ubumwe ( AU) ikindi turasaba ko impande zose kwamagana amagambo yurwango rwibasira amoko muriki gihugu cane ayo mubwoko bw’Abatutsi, bukunze kwibasirwa buzira uko baremwe.”
Ibirego amahanga ashinja leta y’Urwanda, iki gihugu kivuga ko bidafite Ishingiro, ndetse nuyu mutwe w’ingabo za M23 zihakanira kure ko zidafashwa na leta ya Kigali, ibyo nabaturage baturiye uburasirazuba bwiki gihugu bahaka bemeza ko M23 idafashwa na leta ya Kigali.
M23 nkuko ibisobanura ivuga ko irwanira uburenganzira bwabo muri Congo, nimugihe leta y’Ikinshasa ishinjwa gusenyera Abanyamulenge muri Kivu yamajyepho no muri Kivu yamajyaruguru, ikoresheje FDLR, Maimai nindi mitwe irimo CODECO.