• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zaje ku isonga mu kwakira impunzi, mu gihe RDC nayo iza ku isonga kugira abaturage bahunga intambara.

minebwenews by minebwenews
March 15, 2024
in Regional Politics
1
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zaje ku isonga mu kwakira impunzi, mu gihe RDC nayo iza ku isonga kugira abaturage bahunga intambara.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ikomeje kuza ku isonga mu bihugu byakira impunzi ninshi ku Isi.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni byatangajwe n’ikigo cya Sataker, aho kivuga ko ay’amakuru kiyakesha ‘ikigo gishinzwe gutunganya iby’impunzi.

Kivuga ko mu myaka ishize, Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yimuye impunzi zirenga miliyoni 3, bituma iza ku isonga mu gushakira amazu mashya abantu bahunga urugomo, gutotezwa n’intambara zo muri Afrika.

Ivuga kandi ko mu mwaka w ‘ 2021 perezida Donald Trump ko yagerageje kugabanya umubare w’impunzi zakirwaga muri Amerika, kuku mbere kose hakirwa ga impunzi zigera 15.000 ku mwaka.

Nyuma ya Donald Trump impunzi zongeye kwa kirwa kandi ku bwinshi muri iki gihugu cy’i gihangange, nk’uko stacker yavuze ko mu mwaka w’2022 hakiriwe abarenga 25.000.

Ikomeza ivuga ko ahagana mu mwaka w ‘ 2023 umubare warushijeho kuzamuka kuko ho Amerika yakiriye impunzi zigera ku 60.000.

Iki kigo gikomeza kivuga ko umubare munini w’impunzi zemererwa n’Amerika kuhahungira niziva muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Siriya na Afuganisitani.

Aho iki kigo kivuga ko impunzi z’Abanyekongo zakiriwe muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, nyuma y’uko Donald Trump yari amaze kuva ku butegetsi, zigera 2,426, izavuye muri Afghanistan zo ni 1,299, Venuzera 1,230, Syria 981 mu gihe Burma ho havuye abagera kuri 826.

Staker yasoje ivuga ko intambara zurudaca zibasiriye Congo Kinshasa kozimaze imyaka myinshi, ko kandi zituma abenegihugu bakomeza guhunga k’ubwinshi, RDC ikaba ar’iyo ifite umubare wo hejuru w’baturage bahunga.

       MCN.
Tags: AmerikaCongoImpunziYakira
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Hatangajwe imibare mishya y’ingabo z’u Burundi, ziheruka gupfira mu gitero cyagabwe na Red Tabara, i Buringa, ho mu Ntara ya Bubanza.

Hatangajwe imibare mishya y'ingabo z'u Burundi, ziheruka gupfira mu gitero cyagabwe na Red Tabara, i Buringa, ho mu Ntara ya Bubanza.

Comments 1

  1. Gloria Cruz says:
    2 years ago

    I have been exploring for a little bit for any high-quality articles or weblog posts on this sort of space
    . Exploring in Yahoo I at last stumbled upon this web site.
    Studying this info So i am satisfied to express that I’ve a very good uncanny feeling I found out just what I needed.
    I such a lot certainly will make sure to don?t omit this
    site and provides it a look regularly.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?