• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zaje ku isonga mu kwakira impunzi, mu gihe RDC nayo iza ku isonga kugira abaturage bahunga intambara.

minebwenews by minebwenews
March 15, 2024
in Regional Politics
1
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zaje ku isonga mu kwakira impunzi, mu gihe RDC nayo iza ku isonga kugira abaturage bahunga intambara.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ikomeje kuza ku isonga mu bihugu byakira impunzi ninshi ku Isi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni byatangajwe n’ikigo cya Sataker, aho kivuga ko ay’amakuru kiyakesha ‘ikigo gishinzwe gutunganya iby’impunzi.

Kivuga ko mu myaka ishize, Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yimuye impunzi zirenga miliyoni 3, bituma iza ku isonga mu gushakira amazu mashya abantu bahunga urugomo, gutotezwa n’intambara zo muri Afrika.

Ivuga kandi ko mu mwaka w ‘ 2021 perezida Donald Trump ko yagerageje kugabanya umubare w’impunzi zakirwaga muri Amerika, kuku mbere kose hakirwa ga impunzi zigera 15.000 ku mwaka.

Nyuma ya Donald Trump impunzi zongeye kwa kirwa kandi ku bwinshi muri iki gihugu cy’i gihangange, nk’uko stacker yavuze ko mu mwaka w’2022 hakiriwe abarenga 25.000.

Ikomeza ivuga ko ahagana mu mwaka w ‘ 2023 umubare warushijeho kuzamuka kuko ho Amerika yakiriye impunzi zigera ku 60.000.

Iki kigo gikomeza kivuga ko umubare munini w’impunzi zemererwa n’Amerika kuhahungira niziva muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Siriya na Afuganisitani.

Aho iki kigo kivuga ko impunzi z’Abanyekongo zakiriwe muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, nyuma y’uko Donald Trump yari amaze kuva ku butegetsi, zigera 2,426, izavuye muri Afghanistan zo ni 1,299, Venuzera 1,230, Syria 981 mu gihe Burma ho havuye abagera kuri 826.

Staker yasoje ivuga ko intambara zurudaca zibasiriye Congo Kinshasa kozimaze imyaka myinshi, ko kandi zituma abenegihugu bakomeza guhunga k’ubwinshi, RDC ikaba ar’iyo ifite umubare wo hejuru w’baturage bahunga.

       MCN.
Tags: AmerikaCongoImpunziYakira
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Hatangajwe imibare mishya y’ingabo z’u Burundi, ziheruka gupfira mu gitero cyagabwe na Red Tabara, i Buringa, ho mu Ntara ya Bubanza.

Hatangajwe imibare mishya y'ingabo z'u Burundi, ziheruka gupfira mu gitero cyagabwe na Red Tabara, i Buringa, ho mu Ntara ya Bubanza.

Comments 1

  1. Gloria Cruz says:
    1 year ago

    I have been exploring for a little bit for any high-quality articles or weblog posts on this sort of space
    . Exploring in Yahoo I at last stumbled upon this web site.
    Studying this info So i am satisfied to express that I’ve a very good uncanny feeling I found out just what I needed.
    I such a lot certainly will make sure to don?t omit this
    site and provides it a look regularly.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?