• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zaje ku isonga mu kwakira impunzi, mu gihe RDC nayo iza ku isonga kugira abaturage bahunga intambara.

minebwenews by minebwenews
March 15, 2024
in Regional Politics
1
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zaje ku isonga mu kwakira impunzi, mu gihe RDC nayo iza ku isonga kugira abaturage bahunga intambara.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ikomeje kuza ku isonga mu bihugu byakira impunzi ninshi ku Isi.

You might also like

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

Ni byatangajwe n’ikigo cya Sataker, aho kivuga ko ay’amakuru kiyakesha ‘ikigo gishinzwe gutunganya iby’impunzi.

Kivuga ko mu myaka ishize, Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yimuye impunzi zirenga miliyoni 3, bituma iza ku isonga mu gushakira amazu mashya abantu bahunga urugomo, gutotezwa n’intambara zo muri Afrika.

Ivuga kandi ko mu mwaka w ‘ 2021 perezida Donald Trump ko yagerageje kugabanya umubare w’impunzi zakirwaga muri Amerika, kuku mbere kose hakirwa ga impunzi zigera 15.000 ku mwaka.

Nyuma ya Donald Trump impunzi zongeye kwa kirwa kandi ku bwinshi muri iki gihugu cy’i gihangange, nk’uko stacker yavuze ko mu mwaka w’2022 hakiriwe abarenga 25.000.

Ikomeza ivuga ko ahagana mu mwaka w ‘ 2023 umubare warushijeho kuzamuka kuko ho Amerika yakiriye impunzi zigera ku 60.000.

Iki kigo gikomeza kivuga ko umubare munini w’impunzi zemererwa n’Amerika kuhahungira niziva muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Siriya na Afuganisitani.

Aho iki kigo kivuga ko impunzi z’Abanyekongo zakiriwe muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, nyuma y’uko Donald Trump yari amaze kuva ku butegetsi, zigera 2,426, izavuye muri Afghanistan zo ni 1,299, Venuzera 1,230, Syria 981 mu gihe Burma ho havuye abagera kuri 826.

Staker yasoje ivuga ko intambara zurudaca zibasiriye Congo Kinshasa kozimaze imyaka myinshi, ko kandi zituma abenegihugu bakomeza guhunga k’ubwinshi, RDC ikaba ar’iyo ifite umubare wo hejuru w’baturage bahunga.

       MCN.
Tags: AmerikaCongoImpunziYakira
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails
Next Post
Hatangajwe imibare mishya y’ingabo z’u Burundi, ziheruka gupfira mu gitero cyagabwe na Red Tabara, i Buringa, ho mu Ntara ya Bubanza.

Hatangajwe imibare mishya y'ingabo z'u Burundi, ziheruka gupfira mu gitero cyagabwe na Red Tabara, i Buringa, ho mu Ntara ya Bubanza.

Comments 1

  1. Gloria Cruz says:
    2 years ago

    I have been exploring for a little bit for any high-quality articles or weblog posts on this sort of space
    . Exploring in Yahoo I at last stumbled upon this web site.
    Studying this info So i am satisfied to express that I’ve a very good uncanny feeling I found out just what I needed.
    I such a lot certainly will make sure to don?t omit this
    site and provides it a look regularly.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?