• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zitewe ubwoba n’ibihugu by’Afrika biri gukururwa n’igihugu cy’u Burusiya.

minebwenews by minebwenews
March 9, 2024
in Regional Politics
0
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zitewe ubwoba n’ibihugu by’Afrika biri gukururwa n’igihugu cy’u Burusiya.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zitewe ubwoba n’ibihugu by’Afrika birimo kugwa mu maboko y’ubutegetsi bw’u Burusiya.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

N’ibyatangajwe na General Michael Langley wo mu ngabo z’Amerika. Ya bitangaje kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 08/03/2024.

Ibi yabibwiraga umutwe w’inteko y’Abasenateri bo muri icyo gihugu cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

General Langley, yagize ati: “U Burusiya burimo gutera intambwe muri Afrika mu rwego rwo kwigarurira ibihugu bya vuye muri NATO, nka Libiya kugera no mu bindi bihugu byo muri Afrika yo hagati.”

General Michael Langley niwe muyobozi w’Amerika ureba umugabane w’Afrika.

Nk’uko yakomeje kubwira Inteko y’Abasenateri, yababwiye ko igihugu cy’u Burusiya n’u Bushinwa, bifite gahunda ndende kuri Afrika, ariko avuga ko ‘u Burusiya bwo bugenda ku mu vuduko wo hejuru kurenza u Bushinwa, mu kwigarurira imitima y’Abanyafrika.

Ati: “Ibihugu bitari bike byo muri Afrika, bimaze ku mungwa n’u Burusiya, kimwe n’u Bushinwa. U Burusiya bw’u batse imihanda muri Afrika mu bihugu bitandukanye.”

Yunzemo kandi ati: “U Burusiya buri mu bituma imvururu ziba muri Afrika harimo n’uko hari ibihugu byagiye bikubita ‘coup d’etat,’ nko muri Mali, Niger n’ahandi.”

Uy’u musirikare w’Amerika uri k’urwego rwa General, yanavuze ko igihugu cy’u Burusiya kimaze kuzuza ubutasi mu bihugu by’Afrika, ahanini ngo mu bihugu byagiye biberamo guhirika ubutegetsi.

Yagize ati: “U Burusiya bukururwa n’amabuye y’agaciro aboneka mu bihugu by’Afrika. Ntekereza ko u Burusiya buri ku muvuduko wo hejuru mu kwigarurira imitima y’Abanyafrika.”

Gusa, General Langley yavuze ko ibihugu by’Afrika yo hagati n’Amajyepfo bitizera u Bushinwa n’u Burusiya, ariko bakaba bakeneye gushora imari zabo muri ibyo Bihugu.

Ati: “Ibihugu biri mu gihirahiro, bigomba gushira mu bikorwa ibyo bakeneye mu iterambere kugira ngo birinde ingaruka z’u busugire bw’i gihugu.”

Uyu munyacubahiro yarangije atanga i Nama.

Yagize ati: “Amerika itanga ubundi buryo bw’u bumwe bushingiye ku iterambere ry’i bihugu, kandi ntibifate umutungo kamere wabafatanya bikorwa. Aho gusaba ko haba ubukungu ndetse na politike, turasaba kubazwa ibyingenzi : ‘Kubahiriza uburenganzira bw’ikiremwa muntu no kundera ku mategeko’.”

Ntiyahwemye no kuvuga ko mu gihe Amerika itabaye maso bizayigiraho ingaruka mbi.

Ati: “Ubutunzi bw’isi bushingiye kumabuye y’agaciro, nka Chromium, Cobalt na Tantalum, aya n’ingenzi mu nganda zitandukanye. Niba Amerika tutabaye maso ngo tube twarize ku bihugu by’Afrika bitunze amabuye y’agaciro ku izamu ry’Amerika bizatugiraho ingaruka mbi.”

       MCN.
Tags: AfrikaAmerikaItewe ubwobaKwiyungaUburusiya
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare bakuru bo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, bazira guhunga M23, bagiye kwinjira mu manza.

Abasirikare bakuru bo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, bazira guhunga M23, bagiye kwinjira mu manza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?