Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zitewe ubwoba n’ibihugu by’Afrika biri gukururwa n’igihugu cy’u Burusiya.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 9, 2024
in Regional Politics
0
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zitewe ubwoba n’ibihugu by’Afrika biri gukururwa n’igihugu cy’u Burusiya.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zitewe ubwoba n’ibihugu by’Afrika birimo kugwa mu maboko y’ubutegetsi bw’u Burusiya.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

N’ibyatangajwe na General Michael Langley wo mu ngabo z’Amerika. Ya bitangaje kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 08/03/2024.

Ibi yabibwiraga umutwe w’inteko y’Abasenateri bo muri icyo gihugu cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

General Langley, yagize ati: “U Burusiya burimo gutera intambwe muri Afrika mu rwego rwo kwigarurira ibihugu bya vuye muri NATO, nka Libiya kugera no mu bindi bihugu byo muri Afrika yo hagati.”

General Michael Langley niwe muyobozi w’Amerika ureba umugabane w’Afrika.

Nk’uko yakomeje kubwira Inteko y’Abasenateri, yababwiye ko igihugu cy’u Burusiya n’u Bushinwa, bifite gahunda ndende kuri Afrika, ariko avuga ko ‘u Burusiya bwo bugenda ku mu vuduko wo hejuru kurenza u Bushinwa, mu kwigarurira imitima y’Abanyafrika.

Ati: “Ibihugu bitari bike byo muri Afrika, bimaze ku mungwa n’u Burusiya, kimwe n’u Bushinwa. U Burusiya bw’u batse imihanda muri Afrika mu bihugu bitandukanye.”

Yunzemo kandi ati: “U Burusiya buri mu bituma imvururu ziba muri Afrika harimo n’uko hari ibihugu byagiye bikubita ‘coup d’etat,’ nko muri Mali, Niger n’ahandi.”

Uy’u musirikare w’Amerika uri k’urwego rwa General, yanavuze ko igihugu cy’u Burusiya kimaze kuzuza ubutasi mu bihugu by’Afrika, ahanini ngo mu bihugu byagiye biberamo guhirika ubutegetsi.

Yagize ati: “U Burusiya bukururwa n’amabuye y’agaciro aboneka mu bihugu by’Afrika. Ntekereza ko u Burusiya buri ku muvuduko wo hejuru mu kwigarurira imitima y’Abanyafrika.”

Gusa, General Langley yavuze ko ibihugu by’Afrika yo hagati n’Amajyepfo bitizera u Bushinwa n’u Burusiya, ariko bakaba bakeneye gushora imari zabo muri ibyo Bihugu.

Ati: “Ibihugu biri mu gihirahiro, bigomba gushira mu bikorwa ibyo bakeneye mu iterambere kugira ngo birinde ingaruka z’u busugire bw’i gihugu.”

Uyu munyacubahiro yarangije atanga i Nama.

Yagize ati: “Amerika itanga ubundi buryo bw’u bumwe bushingiye ku iterambere ry’i bihugu, kandi ntibifate umutungo kamere wabafatanya bikorwa. Aho gusaba ko haba ubukungu ndetse na politike, turasaba kubazwa ibyingenzi : ‘Kubahiriza uburenganzira bw’ikiremwa muntu no kundera ku mategeko’.”

Ntiyahwemye no kuvuga ko mu gihe Amerika itabaye maso bizayigiraho ingaruka mbi.

Ati: “Ubutunzi bw’isi bushingiye kumabuye y’agaciro, nka Chromium, Cobalt na Tantalum, aya n’ingenzi mu nganda zitandukanye. Niba Amerika tutabaye maso ngo tube twarize ku bihugu by’Afrika bitunze amabuye y’agaciro ku izamu ry’Amerika bizatugiraho ingaruka mbi.”

       MCN.
Tags: AfrikaAmerikaItewe ubwobaKwiyungaUburusiya
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare bakuru bo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, bazira guhunga M23, bagiye kwinjira mu manza.

Abasirikare bakuru bo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, bazira guhunga M23, bagiye kwinjira mu manza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?