• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zitewe ubwoba n’ibihugu by’Afrika biri gukururwa n’igihugu cy’u Burusiya.

minebwenews by minebwenews
March 9, 2024
in Regional Politics
0
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zitewe ubwoba n’ibihugu by’Afrika biri gukururwa n’igihugu cy’u Burusiya.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zitewe ubwoba n’ibihugu by’Afrika birimo kugwa mu maboko y’ubutegetsi bw’u Burusiya.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

N’ibyatangajwe na General Michael Langley wo mu ngabo z’Amerika. Ya bitangaje kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 08/03/2024.

Ibi yabibwiraga umutwe w’inteko y’Abasenateri bo muri icyo gihugu cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

General Langley, yagize ati: “U Burusiya burimo gutera intambwe muri Afrika mu rwego rwo kwigarurira ibihugu bya vuye muri NATO, nka Libiya kugera no mu bindi bihugu byo muri Afrika yo hagati.”

General Michael Langley niwe muyobozi w’Amerika ureba umugabane w’Afrika.

Nk’uko yakomeje kubwira Inteko y’Abasenateri, yababwiye ko igihugu cy’u Burusiya n’u Bushinwa, bifite gahunda ndende kuri Afrika, ariko avuga ko ‘u Burusiya bwo bugenda ku mu vuduko wo hejuru kurenza u Bushinwa, mu kwigarurira imitima y’Abanyafrika.

Ati: “Ibihugu bitari bike byo muri Afrika, bimaze ku mungwa n’u Burusiya, kimwe n’u Bushinwa. U Burusiya bw’u batse imihanda muri Afrika mu bihugu bitandukanye.”

Yunzemo kandi ati: “U Burusiya buri mu bituma imvururu ziba muri Afrika harimo n’uko hari ibihugu byagiye bikubita ‘coup d’etat,’ nko muri Mali, Niger n’ahandi.”

Uy’u musirikare w’Amerika uri k’urwego rwa General, yanavuze ko igihugu cy’u Burusiya kimaze kuzuza ubutasi mu bihugu by’Afrika, ahanini ngo mu bihugu byagiye biberamo guhirika ubutegetsi.

Yagize ati: “U Burusiya bukururwa n’amabuye y’agaciro aboneka mu bihugu by’Afrika. Ntekereza ko u Burusiya buri ku muvuduko wo hejuru mu kwigarurira imitima y’Abanyafrika.”

Gusa, General Langley yavuze ko ibihugu by’Afrika yo hagati n’Amajyepfo bitizera u Bushinwa n’u Burusiya, ariko bakaba bakeneye gushora imari zabo muri ibyo Bihugu.

Ati: “Ibihugu biri mu gihirahiro, bigomba gushira mu bikorwa ibyo bakeneye mu iterambere kugira ngo birinde ingaruka z’u busugire bw’i gihugu.”

Uyu munyacubahiro yarangije atanga i Nama.

Yagize ati: “Amerika itanga ubundi buryo bw’u bumwe bushingiye ku iterambere ry’i bihugu, kandi ntibifate umutungo kamere wabafatanya bikorwa. Aho gusaba ko haba ubukungu ndetse na politike, turasaba kubazwa ibyingenzi : ‘Kubahiriza uburenganzira bw’ikiremwa muntu no kundera ku mategeko’.”

Ntiyahwemye no kuvuga ko mu gihe Amerika itabaye maso bizayigiraho ingaruka mbi.

Ati: “Ubutunzi bw’isi bushingiye kumabuye y’agaciro, nka Chromium, Cobalt na Tantalum, aya n’ingenzi mu nganda zitandukanye. Niba Amerika tutabaye maso ngo tube twarize ku bihugu by’Afrika bitunze amabuye y’agaciro ku izamu ry’Amerika bizatugiraho ingaruka mbi.”

       MCN.
Tags: AfrikaAmerikaItewe ubwobaKwiyungaUburusiya
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare bakuru bo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, bazira guhunga M23, bagiye kwinjira mu manza.

Abasirikare bakuru bo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, bazira guhunga M23, bagiye kwinjira mu manza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?