• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zongereye iminsi ya gahenge, ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
July 18, 2024
in Regional Politics
0
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zongereye iminsi ya gahenge, ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zongereye iminsi ya gahenge, ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni kuri uyu wa Kane tariki ya 18/07/2024; leta Zunze Ubumwe z’Amerika zatangaje ko agahenge hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, kongerewe ho iminsi 15.

Aka gahenge kari katangiye ku itariki ya 05/07/2024, kandi gatangwa hagamijwe ahanini kugira ngo abaturage bahunze intambara bahabwe ubufasha bitagoranye.

Muri icyo gihe, Amerika yavuze ko aka gahenge gashyigikiwe na leta ya Kinshasa ndetse n’iya Kigali, kandi ko zishyigikiye kugira ngo abaturage babone ubutabazi bwihuse.

Umuvugizi w’ibiro bya leta Zunze Ubumwe z’Amerika bishinzwe ububanyi n’amahanga, Matthew Miller, kuri uyu wa 17/07/2024, yatangaje ko aka gahenge kongerewe ho iminsi 15, asaba impande zirebwa na ko ku kubahiriza.

Yagize ati: “Amerika yakiriye neza inyongera y’iminsi 15 ku gahenge hagati y’impande zihanganye mu Burasirazuba bwa RDC kandi turasaba abo mu karere bose kubahiriza.”

Yanavuze kandi ko Amerika uzakomeza gukorana byahafi na Guverinoma ya Congo, iy’u Rwanda na Angola, hashyingiwe ku myanzuro ya Luanda na Nairobi kugira ngo haboneke igisubizo kirambye cy’aya makimbirane.

Aka gahenge kasabwe ubwo umutwe wa M23 wari umaze gufata ibice biri muri teritware ya Lubero nka hitwa Kirumba no mu nkengero zaho.

Gusa aka gahenge nti kubahirijwe kuko ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo ryakomeje kugaba ibitero bya hato nahato kuri uyu mutwe wa M23, bigamije kwirukana uyu mutwe mu bice wafashe.

Ahagana ku ya 14/07/2024, umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Lt Col Willy Ngoma, yatangaje ko ihuriro ry’Ingabo rya leta ya Kinshasa ryagabye ibitero mu birindiro byabo biherereye mu gace ka Kirumba, hafi na Kanyabayonga.

Yagize ati: “Kuva saa kumi n’imwe na 40 z’igitondo, ihuriro rya leta , ryagabye igitero ku birindiro byacu bya Kirumba. AFC/M23 nk’ibisanzwe yirwanyeho, irinda abaturage kinyamwuga.”

Impande zihanganye zakunze gushinjanya kutubahiriza ay’amasezerano, kuko no ku itariki ya 10/07/2024, umuvugizi w’igisirikare cya RDC mu Ntara ya Kivu Yaruguru, Lt Col Ndjike Kaiko, yavuze ko umutwe wa M23 wabagabyeho ibitero ku birindiro byabo bya Nyange na Mpati, muri teritware ya Masisi.

             MCN.
Tags: AgahengeFardcLeta Zunze Ubumwe z'AmerikaM23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Perezida w’inteko ishinga amategeko muri RDC yumvikanye avuga ingabo z’u Rwanda n’iza Uganda, nabi.

Perezida w'inteko ishinga amategeko muri RDC yumvikanye avuga ingabo z'u Rwanda n'iza Uganda, nabi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?