• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, March 2, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zongeye kotsa igitutu ubutegetsi bwa Kigali, ku byerekeye imirwano ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
February 5, 2024
in Regional Politics
0
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zongeye kotsa igitutu ubutegetsi bwa Kigali, ku byerekeye imirwano ibera mu Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zasabye leta y’u Rwanda guhagarika guha ubufasha M23, no kuvana Ingabo zabo bavuga ko ziba muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

Perezida Kagame Yitezwe mu Nama Mpuzamahanga ku Ngufu za Nucléaire n’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu

Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa

Ubu busabe Amerika yabusabye binyuze kuri ambasaderi wayo uri i Kinshasa k’umurwa mukuru w’i Gihugu cya RDC, aho nawe yasohoye itangazo, kuri uyu wa Mbere, tariki ya 05/02/2024. N’i tangazo rivuga ko Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zo zigishize imbere gahunda yo gukorana n’abafatanya bikorwa babo bo mu karere, kugira ngo urugomo rukomeje kwiyongera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ruhagarare.

Amerika isaba imitwe y’itwaje imbunda yose mu Burasirazuba bwa RDC ko yahagarika imirwano no kurambika intwaro hasi, by’u mwihariko bavuga M23.

Ir’itangazo rya Ambasade y’Amerika i Kinshasa, rikomeza rivuga ko risaba u Rwanda guhagarika gutera inkunga umutwe wa M23 no kuvana Ingabo zabo vuba nabwangu k’ubutaka bwa RDC.

Iyi Ambasade y’Amerika ikemeza ko nta kindi u Rwanda ruha M23 atari uguhungabanya umutekano wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, nk’uko iryo tangazo ri bivuga.

Ik’i gihugu cy’igihangange cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika, gishinja u Rwanda gufasha M23 mugihe u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi nabwo bushinja Amerika kuba inyuma y’u Rwanda mu gushigikira M23.

RDC yakunze kubivuga ko Amerika ifite inyungu ikura muri RDC, bityo rero bakayishinja kuba inyuma ya M23.

Amerika isohoye ir’itangazo rigufi mugihe imirwano yongeye gukomera aho ndetse M23 ivugwaho kuzenguruka u Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ni mugihe n’ubu ingabo zo k’uruhande rwa leta ya Kinshasa zikomeje guhunga zerekeza mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ibyo u Rwanda rishinjwa rwagiye rubitera utwatsi hubwo bagashinja ubutegetsi bwa Kinshasa gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda, mu mwaka w ‘1994.

Bruce Bahanda.

Tags: IgitutuKuntambara mu Burasirazuba bwa RDCLeta Zunze Ubumwe z'AmerikaUbutegetsi bwa Kigali
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame Yitezwe mu Nama Mpuzamahanga ku Ngufu za Nucléaire n’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 2, 2026
0
Perezida Kagame Yitezwe mu Nama Mpuzamahanga ku Ngufu za Nucléaire n’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

Perezida Kagame Yitezwe mu Nama Mpuzamahanga ku Ngufu za Nucléaire n’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ateganya urugendo i Paris mu Bufaransa...

Read moreDetails

Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu

Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko hari umugambi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa

Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa Amakuru yatangajwe n’ikinyamakuru mpuzamahanga The Wall Street Journal agaragaza uko dipolomasi yo ku rwego rwo...

Read moreDetails

Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini

Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini cya Dipolomasi mu Karere Igihe, bisabwe ku buryo bweruye na Perezida wa Angola, João Lourenço, Guverinoma ya Repubulika...

Read moreDetails

Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika

by Bahanda Bruce
February 26, 2026
0
Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika

Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika Mu mateka y’umugabane wa Afurika hagaragaye abantu bagize...

Read moreDetails
Next Post
I Kinshasa, hateranye i Nama idasanzwe igamije kurebera hamwe i ntambara ikomeje guca ibintu mu Burasirazuba bwa RDC.

I Kinshasa, hateranye i Nama idasanzwe igamije kurebera hamwe i ntambara ikomeje guca ibintu mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?