Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

LONI yagaragaje ibibazo biri guterwa n’intambara zibera muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, harimo n’inzara.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 13, 2024
in Regional Politics
0
LONI yagaragaje ibibazo biri guterwa n’intambara zibera muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, harimo n’inzara.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

LONI yagaragaje ibibazo biri guterwa n’intambara zibera muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, harimo n’inzara.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni bikubiye mu byatangajwe n’ishami ry’u muryango w’Abibumbye ry’ita ku buzima (OMS), aho rivuga ko muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, abana barenga miliyoni imwe bashobora kwibasirwa n’ikibazo cy’imirire mibi kubera imvururu z’intambara zikomeje kwiyongera muri iki gihugu.

Ingaruka z’intambara hagati ya M23 n’ingabo zirwanirira leta ya Kinshasa, zibasira abasivile mu bice byo mu Burasirazuba bw’iki gihugu ndetse n’ahandi. Abagera kuri miliyoni 2.7 mu ntara ya Kivu Yaruguru yonyine bavanwe mu byabo n’intambara.

Imyuzure n’inkangu nabyo byafashe ikindi gice cy’igihugu byangiriza ibindi bice kandi nabyo bizana ingaruka mbi ziyongera ku ntambara bituma abantu bagera kuri miliyoni 25 bakenera imfashanyo nk’uko bitangazwa n’ishami ry’u muryango w’Abibumbye ry’ita ku buzima.

Iri shami rivuga ko abana bibasiwe kurusha abandi ari abo mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ndetse n’abo mu ntara ya Katanga. OMS ikavuga ko ‘bene iyo mibereho ituma abana bashobora gufatwa n’indwara ku buryo bworoshye.’

Iri shami kandi rimaze kubarura abana bagera ku 200. 000 barwaye kolera mu gihugu naho abagera ku 60,000 barwaye iseru. Ivuga ko iyi mibare ishobora kwiyongera kubera ko n’abazima batitaweho mu buryo bukwiye.

Ikavuga kandi ko amafaranga angana na miliyoni 2.6 z’amadolari y’Amerika agenewe gufasha Congo agera kuri 26 ku ijana gusa ari yo amaze gutangwa.

            MCN.
Tags: Hagati ya M23 na FARDCIbizaIntambaramuri RDC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Ababarirwa mu mirongo, nibo bamaze kumenyekana baguye mu mirwano yasakiranije Ingabo za IDF n’iza Hamas.

Ababarirwa mu mirongo, nibo bamaze kumenyekana baguye mu mirwano yasakiranije Ingabo za IDF n'iza Hamas.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?