• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Lt Colonel Katabazi Emmanuel, Wa Uganda Mukiganiro Cye Yavuze Ko Muri RDC Kohoba Hagiye Kuba Intambara Ikomeye.

minebwenews by minebwenews
June 1, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Lt Col Emmanuel Katabazi, yavuze y’uko muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo haba hagiye kwaduka intambara ikomeye.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 01.6.2023, saa 6:07pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Lt Colonel Katabazi, usanzwe ariwe muyobozi mukuru wungirije w’Urwego rushinzwe umutekano w’Imbere muri Uganda(ISO).
Irishamyi (ISO), niryo risanzwe rishinzwe iperereza ry’imbere mugihugu ca Uganda.

Uyumuyobozi waryo wungirije yatanze Ikiganiro avuga ko muri Republika ya Demokarasi ya Congo ko haba hagiye kwaduka intambara ikomeye!! iki kiganiro yagitanze ubwo yaganira ga n’abakuriye inzego zishinzwe umutekano mu turere twa Uganda duhana imbibi na Congo Kinshasa.

Igitangaje yavuze ko iyo ntambara ko mugihe ibaye ngo ishobora gusakiranya za leta zibiri ibi yabivugaga asaba abashinzwe umutekano mugihugu cye kuba maso cyane, mu rwego rwo kwitegura ibibazo bishobora kuzaterwa n’iriya ntambara dore ko Uganda ihanye imbibi na RDC, nkuko tubikesha Ikinyamakuru cya Daily Monitor.

Yagize ati: “Ku bw’ibyo rero bayobozi b’uturere duturiye umupaka, nimwitegure kandi mukaze ikusanya ry’amakuru y’ubutasi, mwebwe abakuriye umutekano imbere mu turere.”

Lt. Colonel Katabazi yatangaje ibi, mu gihe byari byitezwe ko muruku kwezi kwa Gatandatu, ingabo za EAC zishobora guhambira zigasubira mubihugu byabo nkuko President Félix Antoine Tshisekedi wa Congo Kinshasa yaraheruka gutangaza ko Ingabo za EAC zigomba kuba zamaze kuva ku butaka bw’igihugu cye, mu gihe zaba zitisubiyeho ngo zihangane n’Ingabo za M23.

Byitezwe ko kandi ingabo z’umuryango w’ibihugu bya Afrika y’Amajyepfo (SADC), zishobora kugera kubutaka bwa RDC muminsi ya vuba nkuko bigaragara mwitangazo Inama yahuje ibihugu bihuriye mumuryango wa SADC ryabivugaga ryo kw’itariki 08.05.2023.

Naho kuri uyu wa Gatatu tariki ya 31.05.2023, i Bujumbura mu Burundi hateraniye inama igira iya 21 y’abakuru b’ibihugu bya EAC yigaga ku ngingo zirimo ibibazo biri muburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo; iyi nama yasize yongeye indi Manda ingabo za EAC ziri mubutumwa bwa mahoro muburasirazuba bw’iki gihugu.

Ni inama yabaye nyuma y’indi iheruka guhuza Abagaba bakuru b’Ingabo z’ibihugu bya EAC.

Lt Colonel Katabazi cyakora yavuze ko muri Congo Kinshasa hagiye kuba intambara, ikindi ko ngwishobora kuzaba ikomeye cyane.

Colonel Katabazi ntiyigeze atangaza leta z’ibihugu iyo ntambara ishobora kuzasiga isenye.

Amagambo ye cyakora yaje mu gihe Congo Kinshasa na M23 buri ruhande ruri gushinja urundi kwisuganya mu rwego rwo gutangiza intambara.

Umuvugizi w’Igisirikare cya Congo (FARDC) aheruka gutangaza ko M23 ifatanyije n’Ingabo ziyifasha kurwanya Kinshasa ko bari kwisuganya ngo bagabe igitero simusiga cyo gufata Umujyi wa Goma.

Naho Major Willy Ngoma, Umuvugizi w’Igisirikare ca M23 we kumunsi w’ejo hashize yashinje leta ya RDC kuba ari yo imaze igihe yitegura intambara; ibyo avuga ko bishimangirwa n’abayobozi bayo.

Ati: “Niba warumvise ibyo President Félix Tshisekedi ubwe yavuze ko ari igihe cyo kwikiza abaduteye; niba ukurikira ibyo Jean Pierre Bemba yavuze mu nama y’abaminisitiri ko biteguye intambara…Duherutse nokunva ubutumwa bwa komanda wa Opération Sokola II muri Kivu ya Ruguru, ahamagarira ingabo ze ngo zitegure mu buryo bwose bushoboka.”

Major Willy Ngoma avuga ko hejuru y’aya magambo Congo Kinshasa imaze iminsi ihugiye mu kugura za drones z’intambara ndetse n’intwaro zitandukanye; ibi bishimangira ko nta kindi leta ya Kinshasa ishyize imbere kitari intambara.

Tags: Intambara IkomeyeLt Colonel Katabazi EmmanuelRdc
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Topic: Dore Ishingiro Ry'ubwenge No Kujijuka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?