Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Lt Gen. Alain Guillaume Bunyoni, ufunzwe mu gihugu cy’u Burundi, ngo y’aba ar’inyuma y’amakuru aheruka kuja hanze y’ifaranga bivugwa ko zanyerejwe?

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 29, 2024
in Regional Politics
0
Lt Gen. Alain Guillaume Bunyoni, ufunzwe mu gihugu cy’u Burundi, ngo y’aba ar’inyuma y’amakuru aheruka kuja hanze y’ifaranga bivugwa ko zanyerejwe?
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Lt Gen. Alain Guillaume Bunyoni, yatswe telephone zibiri (2), aho afungiwe muri gereza iherereye i Gitega, ahazwi nk’umurwa mukuru wa politike, w’igihugu cy’u Burundi.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni mu musako wakozwe n’Igipolisi cya leta ya Bujumbura, umusako uza gukorerwa imfungwa zifungiwe i Gitega, aho Bunyoni wahoze ari minisitiri w’intebe, mu gihugu cy’u Burundi, afungiwe, asanganwa telephone ngendanwa zibiri, imwe ya Smart phone indi ikaba kari agatelephone gato, nk’uko iy’inkuru tuyikesha Isoko ya MCN.

Bya vuzwe ko uy’u musako wakozwe n’Igipolisi gishinzwe umutekano i Burundi, nyuma y’uko hari amakuru aheruka kuja hanze aho yasakajwe n’ibinyamakuru byo mur’icyo Gihugu cy’u Burundi, avuga ko i Bank ya BRB, iheruka kwibwa mo ifaranga zi kabakaba miliyoni 200 z’amadori y’Amerika.

Ay’amakuru yavuga ko abarinyuma yiryo bura ry’amafranga harimo bamwe mu bategetsi b’u Burundi, ibyo Abarundi bita ko “yanyurujwe n’indongozi.”

Nk’uko amasoko yacu dukesha iy’inkuru abivuga, n’uko n’ubundi bya kekwa ko Bunyoni ariwe watanze ayo makuru, yinyerezwa ry’amafranga muri bank ya BRB, arinabyo byatumye muri Gereza afungiwe mo hakorwa umusako.

Lt Gen. Alain Guillaume Bunyoni, yatawe muriyombi n’inzego zishinzwe umutekano muri Bujumbura, tariki ya 17/04/2023, nyuma y’uko n’ubundi yari yabanjye gufungishwa ijisho kuva ahagaritswe mukazi tariki ya 07/09/2022.

Ubwo yatabwaga muriyombi yabanjye kuja gufungirwa muri gereza nkuru ya Ngozi, aho yamaze igihe kitari kirekire maze aza koherezwa muri gereza ya Gitega, aho kugeza n’ubu afungiwe.

Urubanza Bunyoni, aheruka gucibwa na sentare nk’uru y’u Burundi, yaciriwe gufungwa ubuzima bwe bwose.

Bruce Bahanda.

Tags: BRBIfaranga zanyerejweLT Gen Alain Guillaume Bunyoni
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Muri Localité ya Kirotshe, imirima y’abaturage, yangirijwe n’ibisasu by’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Muri Localité ya Kirotshe, imirima y'abaturage, yangirijwe n'ibisasu by'ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?