• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Lt Gen Masunzu yageze i Lubumbashi nyuma y’amezi menshi atahagera.

minebwenews by minebwenews
December 31, 2024
in Regional Politics
0
Lt Gen Masunzu yageze i Lubumbashi nyuma y’amezi menshi atahagera.
130
SHARES
3.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Lt Gen Masunzu yageze i Lubumbashi nyuma y’amezi menshi atahagera.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Lieutenant General Pacifique Masunzu, umusirikare muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yongeye kugera i Lubumbashi mu cyahoze cyitwa Katanga, nyuma y’igihe yarahavuye.

Mu masaha make ashize yo kuri uyu wa kabiri tariki ya 31/12/2024 ni bwo Gen Masunzu yakandagije ibirenge bye i Lubumbashi, aho yageze avuye i Kinshasa ku murwa mukuru w’i Gihugu cya RDC.

Amezi umunani yari arangiye uyu musirikare w’inyenyeri zitatu avuye i Lubumbashi ni mu gihe yari yahamagawe i Kinshasa, aho ndetse bamwe baheraho bavuga ko Leta ya perezida Félix Tshisekedi yashakaga ku mufunga ku mpamvu za politiki y’iki gihugu.

Aha i Kinshasa akaba yaramaze ayo mezi yose adakora, ndetse hari n’amakuru yabanje kuvugwa ko yigeze guhamagarwa muri Demiap (urwego rukuriye iperereza ry’igisirikare cya Congo).

Nyuma ni bwo perezida Félix Tshisekedi yakoze impunduka mu gisirikare cy’iki gihugu cya RDC; ni impunduka zatunguye benshi ubwo zasize uyu musirikare ufite ipeti rya Lieutenant General, Pacifique Masunzu ahawe kuyobora zone ya gatatu.

Mbere y’uko amara ayo mezi umunani ari i Kinshasa yari ayoboye zone ya kabiri ifite icyicaro gikuru i Lubumbashi.

Bikavugwa ko kuri uyu munsi yagiriye uruzinduko i Lubumbashi mu rwego rwo kugira ngo akore ihererekanya bubasha n’undi wahawe kuyobora iyi zone.

Ariko nk’uko byavuzwe iyo remise ashobora kuzayikora hagati yo ku wa kane no ku wa gatanu umwaka utaha w’2025.

Hagataho, Masunzu nawe ubwe, azatangira imirimo yo muri zone ya gatatu i Kisangani uyu mwaka tugiye kwinjiramo, nko mu Cyumweru gikurikira iki turimo.

Tags: LubumbashiMasunzuRemise
Share52Tweet33Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Ibice M23 yabohoje ngo n’inyamanswa zihari ziriruhutsa.

Ibice M23 yabohoje ngo n'inyamanswa zihari ziriruhutsa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?