Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Lt Gen Masunzu yageze i Lubumbashi nyuma y’amezi menshi atahagera.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 31, 2024
in Regional Politics
0
Lt Gen Masunzu yageze i Lubumbashi nyuma y’amezi menshi atahagera.
130
SHARES
3.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Lt Gen Masunzu yageze i Lubumbashi nyuma y’amezi menshi atahagera.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Lieutenant General Pacifique Masunzu, umusirikare muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yongeye kugera i Lubumbashi mu cyahoze cyitwa Katanga, nyuma y’igihe yarahavuye.

Mu masaha make ashize yo kuri uyu wa kabiri tariki ya 31/12/2024 ni bwo Gen Masunzu yakandagije ibirenge bye i Lubumbashi, aho yageze avuye i Kinshasa ku murwa mukuru w’i Gihugu cya RDC.

Amezi umunani yari arangiye uyu musirikare w’inyenyeri zitatu avuye i Lubumbashi ni mu gihe yari yahamagawe i Kinshasa, aho ndetse bamwe baheraho bavuga ko Leta ya perezida Félix Tshisekedi yashakaga ku mufunga ku mpamvu za politiki y’iki gihugu.

Aha i Kinshasa akaba yaramaze ayo mezi yose adakora, ndetse hari n’amakuru yabanje kuvugwa ko yigeze guhamagarwa muri Demiap (urwego rukuriye iperereza ry’igisirikare cya Congo).

Nyuma ni bwo perezida Félix Tshisekedi yakoze impunduka mu gisirikare cy’iki gihugu cya RDC; ni impunduka zatunguye benshi ubwo zasize uyu musirikare ufite ipeti rya Lieutenant General, Pacifique Masunzu ahawe kuyobora zone ya gatatu.

Mbere y’uko amara ayo mezi umunani ari i Kinshasa yari ayoboye zone ya kabiri ifite icyicaro gikuru i Lubumbashi.

Bikavugwa ko kuri uyu munsi yagiriye uruzinduko i Lubumbashi mu rwego rwo kugira ngo akore ihererekanya bubasha n’undi wahawe kuyobora iyi zone.

Ariko nk’uko byavuzwe iyo remise ashobora kuzayikora hagati yo ku wa kane no ku wa gatanu umwaka utaha w’2025.

Hagataho, Masunzu nawe ubwe, azatangira imirimo yo muri zone ya gatatu i Kisangani uyu mwaka tugiye kwinjiramo, nko mu Cyumweru gikurikira iki turimo.

Tags: LubumbashiMasunzuRemise
Share52Tweet33Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Ibice M23 yabohoje ngo n’inyamanswa zihari ziriruhutsa.

Ibice M23 yabohoje ngo n'inyamanswa zihari ziriruhutsa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?