• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Lt Gen Masunzu yageze i Lubumbashi nyuma y’amezi menshi atahagera.

minebwenews by minebwenews
December 31, 2024
in Regional Politics
0
Lt Gen Masunzu yageze i Lubumbashi nyuma y’amezi menshi atahagera.
130
SHARES
3.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Lt Gen Masunzu yageze i Lubumbashi nyuma y’amezi menshi atahagera.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Lieutenant General Pacifique Masunzu, umusirikare muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yongeye kugera i Lubumbashi mu cyahoze cyitwa Katanga, nyuma y’igihe yarahavuye.

Mu masaha make ashize yo kuri uyu wa kabiri tariki ya 31/12/2024 ni bwo Gen Masunzu yakandagije ibirenge bye i Lubumbashi, aho yageze avuye i Kinshasa ku murwa mukuru w’i Gihugu cya RDC.

Amezi umunani yari arangiye uyu musirikare w’inyenyeri zitatu avuye i Lubumbashi ni mu gihe yari yahamagawe i Kinshasa, aho ndetse bamwe baheraho bavuga ko Leta ya perezida Félix Tshisekedi yashakaga ku mufunga ku mpamvu za politiki y’iki gihugu.

Aha i Kinshasa akaba yaramaze ayo mezi yose adakora, ndetse hari n’amakuru yabanje kuvugwa ko yigeze guhamagarwa muri Demiap (urwego rukuriye iperereza ry’igisirikare cya Congo).

Nyuma ni bwo perezida Félix Tshisekedi yakoze impunduka mu gisirikare cy’iki gihugu cya RDC; ni impunduka zatunguye benshi ubwo zasize uyu musirikare ufite ipeti rya Lieutenant General, Pacifique Masunzu ahawe kuyobora zone ya gatatu.

Mbere y’uko amara ayo mezi umunani ari i Kinshasa yari ayoboye zone ya kabiri ifite icyicaro gikuru i Lubumbashi.

Bikavugwa ko kuri uyu munsi yagiriye uruzinduko i Lubumbashi mu rwego rwo kugira ngo akore ihererekanya bubasha n’undi wahawe kuyobora iyi zone.

Ariko nk’uko byavuzwe iyo remise ashobora kuzayikora hagati yo ku wa kane no ku wa gatanu umwaka utaha w’2025.

Hagataho, Masunzu nawe ubwe, azatangira imirimo yo muri zone ya gatatu i Kisangani uyu mwaka tugiye kwinjiramo, nko mu Cyumweru gikurikira iki turimo.

Tags: LubumbashiMasunzuRemise
Share52Tweet33Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ibice M23 yabohoje ngo n’inyamanswa zihari ziriruhutsa.

Ibice M23 yabohoje ngo n'inyamanswa zihari ziriruhutsa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?