• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Luvungi: AFC/M23 yijeje abaturage umutekano mushya isaba abahunze gutaha

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
December 8, 2025
in Conflict & Security
0
AFC/M23 yabwiye abaturage i Luvungi kwisanga
74
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Luvungi: AFC/M23 yijeje abaturage umutekano mushya isaba abahunze gutaha

You might also like

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryakoresheje ibiganiro byihariye n’abaturage b’i Luvungi kuri uyu wa mbere, tariki ya 08/12/ 2025, ribasaba kwigirira icyizere, kwiyunga no kudacika intege mu rugendo rwo kubaka amahoro n’ubuzima bushya muri aka gace kamaze igihe kagaragaramo imirwano.

Iki kiganiro cyabereye mu mujyi wa Luvungi cyitabiriwe n’abaturage benshi, aho ubuyobozi bwa AFC/M23 bwabasabye gutanga ubutumwa ku baturage bahunze, babashishikarize guhunguka kugira ngo bafatanye kubaka igihugu no kugarura ibikorwa remezo byashegeshwe n’intambara.

Mu butumwa bwatanzwe, ubuyobozi bwa AFC/M23 bwavuze ko batandukaniye kure n’ubutegetsi bwa Kinshasa, bavuga ko batarobanura abaturage ku moko cyangwa indimi, ko ahubwo bashyira imbere “ubumwe bw’Abanye-Congo bose.”
Bagaragaje ko ubutegetsi bwa Kinshasa bwagiye bugaragarwaho ibikorwa byo gutoteza abavuga Ikinyarwanda n’Abatutsi, bavuga ko ibyo batigeze babishyigikira cyangwa ngo babikore.

Abaturage bitabiriye ibiganiro batangaje ko bishimiye intambwe AFC/M23 imaze gutera, bavuga ko hari abaturage bahunze n’abandi bihishe mu mashyamba, basezeranya ko bagiye kubahamagarira gutaha no kongera kwiyunga n’imiryango yabo.
Hari kandi abagaragaje ko ubuyobozi bwa Kinshasa bwa batotezaga, ariko ko biteguye gutangira ubuzima bushya mu gihe bashyigikiwe.

Mu bice AFC/M23 imaze kwigarurira birimo Kamanyola, Katogota n’ahandi, ibikorwa remezo byasubukuwe:Amashuri yafunguwe, abana batangira kwiga;
amasoko yatangiye gukora, ubuhahirane n’ibindi
umutekano ugenda wongera kugaruka mu bice byaho.

Luvungi yafashwe ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize, ariko AFC/M23 ikomeje kwagura ibice iyobora, aho ikomeje gusunika FARDC, ingabo z’u Burundi, imitwe ya Wazalendo n’iya FDLR.
Kuri uyu wa Mbere, yafashe kandi centre ya Sange nyuma yo kwigarurira Lubirizi, Bwegera n’utundi duce ku Cyumweru.

Tags: AbaturageAFC/m23Luvungi
Share30Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa...

Read moreDetails

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails
Next Post
Imirwano ikaze i Uvira: Abasirikare ba FARDC, FDNB na Wazalendo bahungiye muri Fizi n’i Burundi nyuma yo gutsindwa ku mirongo y’imbere

Imirwano ikaze i Uvira: Abasirikare ba FARDC, FDNB na Wazalendo bahungiye muri Fizi n’i Burundi nyuma yo gutsindwa ku mirongo y’imbere

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?