• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 ikomeje kwerekana ubushobozi bwayo, nyuma y’uko ifashe Rwindi, yari ibirindiro n’icyumbi rya FDLR bikomeye.

minebwenews by minebwenews
March 9, 2024
in Regional Politics
0
M23 ikomeje kwerekana ubushobozi bwayo, nyuma y’uko ifashe Rwindi, yari ibirindiro n’icyumbi rya FDLR bikomeye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu mirwano yabaye kuri uy’u wa Gatanu, tariki ya 08/03/2024, isakiranije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’u ruhande rwa leta ya Kinshasa, umutwe wa M23 wafashe agace ka Rwindi, n’ibindi bice.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni Rwindi, yarimo ibirindiro, n’icyumbi rikomeye ry’u mutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bwa Kigali, kuri ubu ikaba yamaze gutahamo ingabo za General Sultan Makenga.

Agace ka Rwindi kari hagati mu mashamba, yo muri teritware ya Rutsuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Amakuru agera kuri Minembwe Capital News, avuga ko nta mirwano ikaze yigeze ibera i Rwindi, agace karimo parike ya Virunga, ahubwo ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa zumvise imirindi y’ingabo za M23 zihita zikuramo zikizwa n’amaguru.

Ibi binemezwa n’ubuyobozi bwa M23, aho bashimangiye bavuga ko ingabo zabo ko arizo zigenzura ahari ibirindiro bikomeye bya FDLR na FARDC, ivuga kandi ko bagenzura n’ahari sitasiyo y’ikigo cy’igihugu gishinzwe kurengera ibinyabuzima(ICCN).

Ay’amakuru akomeza avuga ko nyuma y’uko FDLR na FARDC, ndetse na SADC bahunze i Rwindi ko bahise bahungira i Kanyabayonga.

Saho honyine higaruriwe na M23 kuko yafashe n’ibindi bice nka Kashunga, Misinga, byo muri teritware ya Masisi, akaba ari ibice biri mu ntera y’ibirometro bike na Mweso.

Mu mirwano y’iminsi ine gusa, M23 imaze gufata ibice birimo Nyanzale, Kikuku, Kibirizi, Katanda, Rwindi, Misinga, Kashunga Somikivu.

Bivugwa ko hafi ibice bigize teritware ya Rutsuru bimaze kwigarurirwa na M23 usibye Grupema ya Kanyabayonga na Binza, nazo zikaba zitahiwe nk’uko bigaragara ko M23 irimo gusatira ibyo bice.

        MCN.
Tags: FDLRKanyabayongaM23RwindiYafasheYahunze
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Impunzi z’Abanyekongo ku wa Gatanu, zongeye kugaragaza amarira ziterwa n’ubutegetsi bwa perezida Félix Antoine Tshisekedi.

Impunzi z'Abanyekongo ku wa Gatanu, zongeye kugaragaza amarira ziterwa n'ubutegetsi bwa perezida Félix Antoine Tshisekedi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?