Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 ikomeje kwerekana ubushobozi bwayo, nyuma y’uko ifashe Rwindi, yari ibirindiro n’icyumbi rya FDLR bikomeye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 9, 2024
in Regional Politics
0
M23 ikomeje kwerekana ubushobozi bwayo, nyuma y’uko ifashe Rwindi, yari ibirindiro n’icyumbi rya FDLR bikomeye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu mirwano yabaye kuri uy’u wa Gatanu, tariki ya 08/03/2024, isakiranije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’u ruhande rwa leta ya Kinshasa, umutwe wa M23 wafashe agace ka Rwindi, n’ibindi bice.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni Rwindi, yarimo ibirindiro, n’icyumbi rikomeye ry’u mutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bwa Kigali, kuri ubu ikaba yamaze gutahamo ingabo za General Sultan Makenga.

Agace ka Rwindi kari hagati mu mashamba, yo muri teritware ya Rutsuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Amakuru agera kuri Minembwe Capital News, avuga ko nta mirwano ikaze yigeze ibera i Rwindi, agace karimo parike ya Virunga, ahubwo ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa zumvise imirindi y’ingabo za M23 zihita zikuramo zikizwa n’amaguru.

Ibi binemezwa n’ubuyobozi bwa M23, aho bashimangiye bavuga ko ingabo zabo ko arizo zigenzura ahari ibirindiro bikomeye bya FDLR na FARDC, ivuga kandi ko bagenzura n’ahari sitasiyo y’ikigo cy’igihugu gishinzwe kurengera ibinyabuzima(ICCN).

Ay’amakuru akomeza avuga ko nyuma y’uko FDLR na FARDC, ndetse na SADC bahunze i Rwindi ko bahise bahungira i Kanyabayonga.

Saho honyine higaruriwe na M23 kuko yafashe n’ibindi bice nka Kashunga, Misinga, byo muri teritware ya Masisi, akaba ari ibice biri mu ntera y’ibirometro bike na Mweso.

Mu mirwano y’iminsi ine gusa, M23 imaze gufata ibice birimo Nyanzale, Kikuku, Kibirizi, Katanda, Rwindi, Misinga, Kashunga Somikivu.

Bivugwa ko hafi ibice bigize teritware ya Rutsuru bimaze kwigarurirwa na M23 usibye Grupema ya Kanyabayonga na Binza, nazo zikaba zitahiwe nk’uko bigaragara ko M23 irimo gusatira ibyo bice.

        MCN.
Tags: FDLRKanyabayongaM23RwindiYafasheYahunze
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Impunzi z’Abanyekongo ku wa Gatanu, zongeye kugaragaza amarira ziterwa n’ubutegetsi bwa perezida Félix Antoine Tshisekedi.

Impunzi z'Abanyekongo ku wa Gatanu, zongeye kugaragaza amarira ziterwa n'ubutegetsi bwa perezida Félix Antoine Tshisekedi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?