• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 irwanya ubutegetsi bwa Kinshasa yagize icyo itangaza ku bwicanyi bukorerwa abasivile i Goma.

minebwenews by minebwenews
August 25, 2024
in Regional Politics
0
M23 irwanya ubutegetsi bwa Kinshasa yagize icyo itangaza ku bwicanyi bukorerwa abasivile i Goma.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 irwanya ubutegetsi bwa Kinshasa yagize icyo itangaza ku bwicanyi bukorerwa abasivile i Goma.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni byashizwe ahagaragara n’inyandiko zanditswe na bwana Lawrence Kanyuka umuvugizi wa M23 mu bya politiki, aho yagaragaje ko uyu mutwe wa M23 urajwe inshinga n’ubwicanyi bukomeje kwiyongera i Goma, kandi agaragaza ko bukorwa n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi n’abambari bacyo n’abambari bacyo.

Kanyuka akoresheje urubuga rwa x, ku mu goroba wo ku wa Gatandatu, itariki ya 24/08/2024, yamaganye yivuye inyuma ubwicanyi bwibasira abaturiye umujyi wa Goma uzwi nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Yagize ati: “Twamaganye byimazeyo ubwicanyi bukomeje kwibasira abanegihugu bo mu mujyi wa Goma. Umujyi urindwa n’igisirikare gifite ingufu, ariko biratangaje ukuntu icyo gisirikare gitererana abaturage.”

Iz’i nyandiko z’umuvugizi wa M23 mu bya politiki, yanavuze kandi ko iki gisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu gutererana abanegihugu bisa nk’aho ari ukurengera izindi nyungu aho kurengera abasivile.

Ati: “Zitererana abaturage, ariko zisa nkizerengera izindi nyungu zabo bwite.”

Uyu muvugizi yanavuze kandi ko ubwicanyi budakorerwa i Goma gusa, ngo kuko ni Butembo naho hari ubundi bwicanyi bukorerwa abasivile ariko bukozwe n’umutwe w’iterabwoba wa ADF.

Ati: “Abatera ubwoba ba ADF barica muri Butembo kuko nta kibatangira.”

Umujyi wa Goma na Butembo ni imijyi iherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ibyo bice byose kandi bigenzurwa n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta, ariko bigaragara ko ntaruhare izi ngabo zigera zerekana mu kurengera abasivile bicwa umunsi ku wundi.

Kururundi ruhande, Kanyuka yavuze kandi ko no muri Ituri hari indi mitwe y’itwaje intwaro irimo CODECO hamwe n’indi ifatanya nayo mu kwica abaturage uko yishakiye.

Ati: “CODECO hamwe n’abandi bafatanya bikorwa babo bo mu butegetsi bwa Kinshasa, nti dushidikanya ko batungukira mu bibi bakorera Abanyekongo, ariko bizagira iherezo.”

Inyandiko za Lawrence Kanyuka zinavuga kandi ko “ubwicanyi bwibasira abanegihugu ba Congo Kinshasa, umuryango wa AFC, ubinyujije ku muhuza bikorwa wayo Corneille Nangaa, urihanganisha abo babaranywe baturiye utwo turere, ariko birikuza tuzabatabara.”

Ni kenshi ubuyobozi bw’u mujyi wa Goma bwagiye butangaza ko abakora ubujura bitwaje intwaro kandi bakanica abaturage, muri uyu mujyi harimo abasirikare, Wazalendo n’abasivili. Bamwe muri bo bagiye banatabwa muri yombi abandi kugeza ubu baracyakingirwa ikibaba kuko harimo n’abamwe mu bayobozi.

            MCN.
Tags: M23ubwicanyi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Ngo haba hagiye kwaka umuriro nyuma y’uko AFC ya Corneille Nangaa, itanze impuruza.

Ngo haba hagiye kwaka umuriro nyuma y'uko AFC ya Corneille Nangaa, itanze impuruza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?