Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa bazindukiye mu rugamba rukomeye mu bice byo muri Masisi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 15, 2024
in Regional Politics
0
Havuzwe intambara ikomeye hagati ya M23 n’abarwana ku ruhande rwa leta ya RDC, muri teritware ya Rutshuru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa bazindukiye mu rugamba rukomeye mu bice byo muri Masisi.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Ni imirwano yatangiye igihe c’isaha ya saa kumi n’ebyeri z’iki gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 15/07/2024, aho m23 n’ihuriro ry’Ingabo za ya Congo bazindutse bambikana.

Amakuru ava muri ibyo bice, avuga ko iyi mirwano irimo kubera mu duce twa Kamonyi, Butumbalongi na Bifura ho muri grupementa ya Bashali-Mukoto. Utu duce akaba ari utwo muri teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Gusa nk’uko iy’inkuru ibivuga n’uko ihuriro ry’Ingabo za RDC ariryo ryongeye kurenga ku masezerano ya gahenge kasabwe na leta Zunze ubumwe z’Amerika, kandi aka gahenge kavuga ko impande zombi ziza mara ibyumweru bibiri nta ruhande ruteye urundi.

Iki kibaye igitero kigira kane muri iyi minsi ya gahenge kuko kuva mu ntangiriro z’iki cyumweru iri huriro ry’Ingabo za RDC zikomeje kugaba ibitero mu birindiro bya m23 ndetse no mu bice bituwe n’abaturage, nk’uko umvugizi wa m23 mu bya politiki yagiye ashinja uru ruhande rw’i gisirikare cya RDC kuba nyirabayazana w’iyi mirwano.

Hagataho, imirwano ikomeje gukara muri ibi bice byo mu Burasirazuba bwa RDC, kimweho uruhande rwa m23 rukomeje gukubita kubi iri huriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Congo, ndetse no kwigarurira uduce twagenzurwaga n’iri huriro ry’Ingabo za leta ya Kinshasa.

      MCN.
Tags: Ihuriro ry'Ingabo za RDCImirwanoM23
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Habonetse impamvu yo kugumisha ingabo z’u muryango w’Abibumbye ku butaka bwa RDC.

Habonetse impamvu yo kugumisha ingabo z'u muryango w'Abibumbye ku butaka bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?