Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

M23 yabohoje utundi duce twingenzi tugana i Walikale.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 21, 2024
in Uncategorized
0
M23 yabohoje utundi duce twingenzi tugana i Walikale.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yabohoje utundi duce twingenzi tugana i Walikale.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Ingabo z’umu wa M23 zigize igihe zarazengereje ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, ku munsi w’ejo hashize wo kw’itariki ya 20/10/2024 zabohoje uduce tuzwiho ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro duherereye mu marembo yo muri teritware ya Walikale, muri teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Imyaka ibaye itatu ishobora kurengaho iminsi mike, umutwe wa M23 uhanganye bikomeye n’igisirikare cya Leta ya Kinshasa, uguhangana hagati y’izi mpande zombi bibera mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Amakuru aturuka muri ibyo bice byabereyemo imirwano ku munsi w’ejo hashize, avuga ko ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga(M23 ) zigaruriye uduce tubiri twingenzi aka Kalembe na Kishali two muri teritware ya Masisi.

Kimweho iyi mirwano yabaye mu gihe impande zihanganye zari mu bihe byagahenge kemeranyijweho mu biganiro by’i Luanda muri Angola, ariko nk’uko aya makuru avuga n’uko iri huriro rirwana ku ruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa ryambuwe turiya duce mu gihe ari ryo ryabanje gushotora iz’i ngabo zo mu mutwe wa M23, abandi nabo birwanaho kinyamwuga, nk’uko umuvugizi wa M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka akunze kubitangaza.

Utu duce umutwe wa M23 wigaruriye, ni uduce tuzwiho kuba dukungaye kubucukuzi bwa mabuye y’agaciro; duherereye mu mu bice bya Masisi bihana umupaka na teritware ya Walikale ndetse na Rutshuru.

Ku rundi ruhande, ingabo z’uyu mutwe wa M23 zikomeje gusatira ibindi bice n’ibirimo kw’izone ya Masisi, kandi uko M23 ikomeza kwigira imbere ni nako ihuriro ry’Ingabo za RDC rikomeza guhunga rigana mu marembo y’umujyi wa Goma uzwi nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu Yaruguru.

              MCN.
Tags: M23MasisiUduce twingenziWalikaleYabohoje
Share35Tweet22Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Kurya abantu mu Burasirazuba bwa RDC byongeye gufata indi ntera.

Kurya abantu mu Burasirazuba bwa RDC byongeye gufata indi ntera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?