Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yacinye akadiho nyuma yogufata uduce twingenzi muri Kivu Yaruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 17, 2024
in Regional Politics
0
M23 yacinye akadiho nyuma yogufata uduce twingenzi muri Kivu Yaruguru.
102
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yacinye akadiho nyuma yogufata uduce twingenzi muri Kivu Yaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Mu mirwano ikomeye yabaye ahar’ejo umutwe wa M23 wigaruriye ibice bitandukanye byo muri teritware ya Lubero, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Iyi ntambara yabaye ku wa mbere tariki ya 16/12/2024 uyu mutwe wa M23 wafashe umujyi muto wa Matembe n’utundi duce turimo Alimbongo.

Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Lt Col Willy Ngoma yemeje aya makuru aho yavuze ko uduce turimo Matembe ya mbere n’iya Kabiri na Vutsumbiro , atari two twonyine bafashe ngo kuko bafashe na hitwa Alimbongo mu birometero 60 uvuye muri centre ya Lubero.

Hari n’amashusho Willy Ngoma yagaragaje aho yari kumwe na Laurence Kanyuka umuvugizi wa M23 mu bya politiki bari iruhande rw’imodoka y’igisikare cya FARDC batwitse bahunga.

Iyi mirwano yabaye ku wa mbere yaje ikurikira iyabaye ku Cyumweru nayo yasize M23 yambuye ihuriro ry’Ingabo za RDC utundi duce duherereye hafi na Centre yo muri Lubero.

Kimweho Colonel Kiwewe w’ingabo za RDC uyoboye teritware ya Lubero yahumurije abaturage, ndetse abasaba gutuza anababwira ko FARDC ikigenzura uduce twinshi two muri teritware ya Lubero.

Ku rundi ruhande FARDC ikomeje kwongera abasirikare muri ibyo bice ariko kandi na M23 nayo n’uko kuko abarwanyi bayo bakomeje kwiyongera muduce bafashe, nk’uko iy’inkuru yatangajwe na radio okapi.

Tags: LuberoM23
Share41Tweet26Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Umwe mu bakozi b’Imana bakoreye Imana i Mulenge kuva 1950 yitabye Imana.

Umwe mu bakozi b'Imana bakoreye Imana i Mulenge kuva 1950 yitabye Imana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?