• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yafashe akandi gace k’ingenzi ko muri Lubero.

minebwenews by minebwenews
November 4, 2024
in Regional Politics
0
M23 yafashe akandi gace k’ingenzi ko muri Lubero.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yafashe akandi gace k’ingenzi ko muri Lubero.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umutwe wa M23 wongeye kwambura ihuriro ry’Ingabo zirwanirira ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi agace gaherereye muri teritware ya Lubero mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni agace kafashwe mu masaha y’igitondo cyo ku Cyumweru tariki ya 03/11/2024. Aka gace kitwa Kamandi Gite gaherereye mu birometero birenga 130 uvuye mu majyaruguru y’umujyi wa Goma.

M23 yafashe Kamandi Gite nyuma y’uko yarimo yirwanaho ubwo ihuriro ry’Ingabo za RDC ryari ryayigabyeho igitero. Imirwano yavuzwe kandi mu ijoro ryo ku kuri iki Cyumweru muri teritware ya Masisi, mu gace ka Kahira.
Abaturage batanze aya makuru bavuze ko urusaku rw’imbunda rwumvikanye cyane kugeza ku cyambu cya Kamandi.

Umujyi wa Kamandi Gite, utuwe n’abaturage 35.000; amakuru yifatwa ry’uyu mujyi muto ariko wingenzi kuko uhuza indi mijyi ukaba unakorerwamo ubucuruzi bw’indagara, yatanzwe n’abawuturiye .

Ku rundi ruhande amakuru atangwa n’abanyabuzima bo muri ibyo bice avuga ko M23 yigaruriye ako gace nyuma yokurasa imbunda ziremereye, ariko ko ntaguhangana gukomeye kwabayeho hagati y’impande zihanganye.

Ndetse umwe mu bagize Sosiyete sivile wo muri Kamandi Gite yabwiye itangaza makuru ko abarwanyi ba M23 bari abantu babarirwa mu magana, bafite ibikoresho bihagije, kandi ko byagaragara ko bashaka gukomeza baja i Butembo.

Kamandi Gite iherereye ku nkombe z’ikiyaga cya Edward, ni inzira igana muri teritware ya Beni. Iyi mirwano yongeye gutuma abaturage bongera guhunga bata ibyabo, nk’uko byagiye biba mu ntambara zo mu myaka ibiri ishize.

Tags: Kamandi GiteLuberoYafashe
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye ibyo amasasu yaraswaga na FARDC yangirije mu Mikenke.

Hamenyekanye ibyo amasasu yaraswaga na FARDC yangirije mu Mikenke.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?