• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

M23 yafashe ibice byo muri Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu cya Repubulika ya demokorasi ya Congo.

minebwenews by minebwenews
May 25, 2024
in World News
0
M23 yafashe ibice byo muri Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu cya Repubulika ya demokorasi ya Congo.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yafashe ibice byo muri Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu cya Repubulika ya demokorasi ya Congo.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Ni bice biherereye muri teritware ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ay’amakuru avuga ko mu mirwano yabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24/05/2024 ko ari bwo uyu mutwe wa M23 wagize ibindi bice wirukanamo ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokorasi ya Congo maze iza kubyibikaho byo muri Kalehe.

Nk’uko ay’amakuru akomeza avuga n’uko ibyo bice M23 yabifashe nyuma yuko yarimaze igihe kingana n’ibyumweru bine yarigaruriye imisozi miremire yo muri teritware ya Kalehe.

Ibyo bice M23 yafashe ku munsi w’ejo hashize birimo ahitwa Kabingo, Kamatanda, Kaburi na hitwa Kubiko.

Ay’amakuru anavuga ko ibi bice byagenzurwaga n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa izirimo FDLR n’ingabo z’u Burundi.

Ku rundi ruhande hari amakuru avuga ko kuri ubu M23 yaba yamaze kubohoza agace ka Gasovu na hitwa Numbi.

Tubibutsa ko ibice byinshi byo muri teritware ya Nyiragongo, Masisi na Rutshuru byo mu Ntara ya Kivu Yaruguru kuri ubu biragenzurwa na M23.

            MCN.
Tags: M23Yafashe ibice byo muri Kivu y'Amajy'epfo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Ibyashikiye kora na Datani byageze no ku Banyekongo bo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ibyashikiye kora na Datani byageze no ku Banyekongo bo mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?