Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

M23 yafashe ibice byo muri Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu cya Repubulika ya demokorasi ya Congo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 25, 2024
in World News
0
M23 yafashe ibice byo muri Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu cya Repubulika ya demokorasi ya Congo.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yafashe ibice byo muri Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu cya Repubulika ya demokorasi ya Congo.

You might also like

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Ni bice biherereye muri teritware ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ay’amakuru avuga ko mu mirwano yabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24/05/2024 ko ari bwo uyu mutwe wa M23 wagize ibindi bice wirukanamo ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokorasi ya Congo maze iza kubyibikaho byo muri Kalehe.

Nk’uko ay’amakuru akomeza avuga n’uko ibyo bice M23 yabifashe nyuma yuko yarimaze igihe kingana n’ibyumweru bine yarigaruriye imisozi miremire yo muri teritware ya Kalehe.

Ibyo bice M23 yafashe ku munsi w’ejo hashize birimo ahitwa Kabingo, Kamatanda, Kaburi na hitwa Kubiko.

Ay’amakuru anavuga ko ibi bice byagenzurwaga n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa izirimo FDLR n’ingabo z’u Burundi.

Ku rundi ruhande hari amakuru avuga ko kuri ubu M23 yaba yamaze kubohoza agace ka Gasovu na hitwa Numbi.

Tubibutsa ko ibice byinshi byo muri teritware ya Nyiragongo, Masisi na Rutshuru byo mu Ntara ya Kivu Yaruguru kuri ubu biragenzurwa na M23.

            MCN.
Tags: M23Yafashe ibice byo muri Kivu y'Amajy'epfo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk'igihugu cyigenga. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zateye utwatsi icyemezo cya perezida Emmanuel Macron w'u Bufaransa cyo kwemerera...

Read moreDetails

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails
Next Post
Ibyashikiye kora na Datani byageze no ku Banyekongo bo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ibyashikiye kora na Datani byageze no ku Banyekongo bo mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?