Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yafashe ibindi bice byingenzi muri Kivu y’Epfo nyuma ya Bukavu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 18, 2025
in Regional Politics
0
M23 yafashe ibindi bice byingenzi muri Kivu y’Epfo nyuma ya Bukavu.
106
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yafashe ibindi bice byingenzi muri Kivu y’Epfo nyuma ya Bukavu.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Nyuma y’aho umutwe wa M23 wigaruriye umujyi wa Bukavu, wafashe n’utundi duce duherereye muri teritware ya Walungu muri iyi ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Mu minsi ibiri ishize nibwo uyu mutwe wabohoje i Bukavu hafatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Epfo, hakaba ahakabiri mu mijyi ikomeye yo mu Burasirazuba bwa RDC.

Nyuma aba barwanyi bongeye kwirukana ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa mu duce turimo Nyangenzi, Kamanyola, Mugogo na Ngweshe muri teritware ya Walungu.

Ni nyuma y’imirwano ikomeye yasakiranyije uyu mutwe wa M23 na ririya huriro rirwanirira Leta ya Kinshasa rigizwe n’ingabo z’u Burundi, iza RDC n’imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR na Wazalendo, nk’uko iyi nkuru dukesha umurwanyi wo muri uyu mutwe, yabivuze.

Abarwanyi b’uyu mutwe iyi teritwari ya Walungu bagezemo n’iyo umugore wa Perezida Félix Tshisekedi, Nyakeru avukamo, ndetse ikaba ivukamo na Vital Kamerhe umwe mu bayobozi b’i Kinshasa bavuga rikijana.

Aya makuru Minembwe.com ikesha umurwanyi wo muri m23 asobanura ko FARDC yarimo ihunga rugikubita, ingabo z’u Burundi zikabanza gusigaraho ariko ko byariko birangira zose zihunze, ubundi uyu mutwe ukagenda wagura ibirindiro byayo.

M23 yinjiye muri Kivu y’Amajy’epfo nyuma y’aho ifashe umujyi wa Minova uherereye muri teritware ya Kalehe mu ntangiriro z’ukwezi gushyize.

Kuri ubu imaze gufata ibice byinshi byo muri iyi ntara harimo y’uko yafashe n’umujyi munini wayo.

Hagataho, uyu mutwe ukomeje kwerekeza no mu bindi bice ari nako ugenda ukubita inshuro ingabo za Tshisekedi, ndetse ukaba urimo usatira kubohoza n’umujyi wa Uvira.

Tags: KamanyolaM23M24Nyangenzi
Share42Tweet27Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Ikindi gihugu kigiye kohereza ingabo zacyo muri RDC.

Iby'abarwanyi barahiriye gushyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Evariste Ndayishimiye w'u Burundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?