Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yafashe ibindi bice byingenzi muri Kivu y’Epfo nyuma ya Bukavu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 18, 2025
in Regional Politics
0
M23 yafashe ibindi bice byingenzi muri Kivu y’Epfo nyuma ya Bukavu.
106
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yafashe ibindi bice byingenzi muri Kivu y’Epfo nyuma ya Bukavu.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Nyuma y’aho umutwe wa M23 wigaruriye umujyi wa Bukavu, wafashe n’utundi duce duherereye muri teritware ya Walungu muri iyi ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Mu minsi ibiri ishize nibwo uyu mutwe wabohoje i Bukavu hafatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Epfo, hakaba ahakabiri mu mijyi ikomeye yo mu Burasirazuba bwa RDC.

Nyuma aba barwanyi bongeye kwirukana ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa mu duce turimo Nyangenzi, Kamanyola, Mugogo na Ngweshe muri teritware ya Walungu.

Ni nyuma y’imirwano ikomeye yasakiranyije uyu mutwe wa M23 na ririya huriro rirwanirira Leta ya Kinshasa rigizwe n’ingabo z’u Burundi, iza RDC n’imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR na Wazalendo, nk’uko iyi nkuru dukesha umurwanyi wo muri uyu mutwe, yabivuze.

Abarwanyi b’uyu mutwe iyi teritwari ya Walungu bagezemo n’iyo umugore wa Perezida Félix Tshisekedi, Nyakeru avukamo, ndetse ikaba ivukamo na Vital Kamerhe umwe mu bayobozi b’i Kinshasa bavuga rikijana.

Aya makuru Minembwe.com ikesha umurwanyi wo muri m23 asobanura ko FARDC yarimo ihunga rugikubita, ingabo z’u Burundi zikabanza gusigaraho ariko ko byariko birangira zose zihunze, ubundi uyu mutwe ukagenda wagura ibirindiro byayo.

M23 yinjiye muri Kivu y’Amajy’epfo nyuma y’aho ifashe umujyi wa Minova uherereye muri teritware ya Kalehe mu ntangiriro z’ukwezi gushyize.

Kuri ubu imaze gufata ibice byinshi byo muri iyi ntara harimo y’uko yafashe n’umujyi munini wayo.

Hagataho, uyu mutwe ukomeje kwerekeza no mu bindi bice ari nako ugenda ukubita inshuro ingabo za Tshisekedi, ndetse ukaba urimo usatira kubohoza n’umujyi wa Uvira.

Tags: KamanyolaM23M24Nyangenzi
Share42Tweet27Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Ikindi gihugu kigiye kohereza ingabo zacyo muri RDC.

Iby'abarwanyi barahiriye gushyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Evariste Ndayishimiye w'u Burundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?