• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yafashe ibindi bice byingenzi muri Kivu y’Epfo nyuma ya Bukavu.

minebwenews by minebwenews
February 18, 2025
in Regional Politics
0
M23 yafashe ibindi bice byingenzi muri Kivu y’Epfo nyuma ya Bukavu.
106
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yafashe ibindi bice byingenzi muri Kivu y’Epfo nyuma ya Bukavu.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nyuma y’aho umutwe wa M23 wigaruriye umujyi wa Bukavu, wafashe n’utundi duce duherereye muri teritware ya Walungu muri iyi ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Mu minsi ibiri ishize nibwo uyu mutwe wabohoje i Bukavu hafatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Epfo, hakaba ahakabiri mu mijyi ikomeye yo mu Burasirazuba bwa RDC.

Nyuma aba barwanyi bongeye kwirukana ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa mu duce turimo Nyangenzi, Kamanyola, Mugogo na Ngweshe muri teritware ya Walungu.

Ni nyuma y’imirwano ikomeye yasakiranyije uyu mutwe wa M23 na ririya huriro rirwanirira Leta ya Kinshasa rigizwe n’ingabo z’u Burundi, iza RDC n’imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR na Wazalendo, nk’uko iyi nkuru dukesha umurwanyi wo muri uyu mutwe, yabivuze.

Abarwanyi b’uyu mutwe iyi teritwari ya Walungu bagezemo n’iyo umugore wa Perezida Félix Tshisekedi, Nyakeru avukamo, ndetse ikaba ivukamo na Vital Kamerhe umwe mu bayobozi b’i Kinshasa bavuga rikijana.

Aya makuru Minembwe.com ikesha umurwanyi wo muri m23 asobanura ko FARDC yarimo ihunga rugikubita, ingabo z’u Burundi zikabanza gusigaraho ariko ko byariko birangira zose zihunze, ubundi uyu mutwe ukagenda wagura ibirindiro byayo.

M23 yinjiye muri Kivu y’Amajy’epfo nyuma y’aho ifashe umujyi wa Minova uherereye muri teritware ya Kalehe mu ntangiriro z’ukwezi gushyize.

Kuri ubu imaze gufata ibice byinshi byo muri iyi ntara harimo y’uko yafashe n’umujyi munini wayo.

Hagataho, uyu mutwe ukomeje kwerekeza no mu bindi bice ari nako ugenda ukubita inshuro ingabo za Tshisekedi, ndetse ukaba urimo usatira kubohoza n’umujyi wa Uvira.

Tags: KamanyolaM23M24Nyangenzi
Share42Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ikindi gihugu kigiye kohereza ingabo zacyo muri RDC.

Iby'abarwanyi barahiriye gushyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Evariste Ndayishimiye w'u Burundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?