Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yagiranye ikiganiro kidasanzwe n’intumwa ya LONI.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 19, 2025
in Regional Politics
0
M23 yagiranye ikiganiro kidasanzwe n’intumwa ya LONI.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yagiranye ikiganiro kidasanzwe n’intumwa ya LONI.

You might also like

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Ihuriro ry’imitwe ya politiki n’iyagisirikare ribarizwamo n’umutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa, ryakiriye intumwa idasanzwe yungirije y’umunyamabanga mukuru w’umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni aha’rejo tariki ya 18/03/2025, AFC yakiriye Bruno Lemerquis, ushyinzwe ibikorwa by’ubutabazi bya ONU muri RDC, akaba yarakiriwe na Corneille Nangaa, hamwe na perezida Bertrand Bisimwa wa m23, i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

Ingingo zaganiriwe hagati y’izi mpande zombi ntiziramenyekana, ariko bizwi ko batoreka kuganira uburyo ibikorwa by’ubutabazi byakomeza mu bice bigenzurwa n’abarwanyi ba m23.

AFC ibarizwamo n’uyu mutwe wa m23 uhanganye n’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta y’i Kinshasa, zirimo iza Congo n’iz’u Burundi, n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR kuva mu 2021, ariko uyu mutwe ukaba umaze kwigarurira ibice byinshi harimo umujyi wa Goma n’uwa Bukavu.

Uyu mutwe ugize igihe usabwa gufungura ibikorwa remezo byingenzi birimo imihanda, ikibuga cy’indege cya Goma na Kavumu n’inzira zo mu mazi mu rwego rwo kugira ngo ibikorwa by’ubutabazi bikorwe neza.

Aya makuru avuga ko m23 yemeye gufungura inzira yo mu mazi, ariko ko gufungura ikibuga cy’indege cya Goma yavuze ko bitashoboka, bitewe nuko umunara uyoborerwamo indege ndetse n’inzira y’indege byangijwe n’ihuriro ry’ingabo za Congo.

Uyu mutwe kandi ugaragaza ko ikibuga cy’indege cya Kavumu wagifashe bitewe n’uko ihuriro ry’ingabo za Congo bahanganye ryarimo ricyifashisha mukugaba ibitero kubice bituwe cyane n’abasivili ndetse no mu birindiro byabo.

Tags: Ikibuga cy'indegeInziraLoniM23
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Leta y'u Rwanda yatangaje ko yishimiye isinywa ry'inyandiko y'amahame y'ibanze ngenderwaho aganisha...

Read moreDetails
Next Post
Iby’igitero kigeze i Luvungi muri Kivu y’Amajyepfo.

Iby'igitero kigeze i Luvungi muri Kivu y'Amajyepfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?