• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yahaye igisubizo RDC yanze ko baganira.

minebwenews by minebwenews
December 21, 2024
in Regional Politics
0
M23 yigaruriye akandi gace ki ngenzi muri Kivu Yaruguru, ibyatumye haba indi sura nshya y’urugamba.
99
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yahaye igisubizo RDC yanze ko baganira.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bwatangaje ko nta yindi nzira ishoboka yo gushakira umuti urambye u Burasirazuba bwa RDC, uretse ibiganiro byayihuza na Leta ya Kinshasa.

Iki gisubizo M23 yagitanze nyuma y’aho minisitiri w’ubabanye n’amahanga wa RDC, Thérèse Kayikwamba Wagner yagiranye ikiganiro na France 24 cyo ku itariki ya 19/12/2024 aho yatsembye avuga ko Leta ye itazashyikirana n’umutwe wa M23.

Gusa, Kayikwamba yavuze ko Kinshasa yemera ibiganiro by’i Nairobi biyihuza n’imitwe yitwaje intwaro yose, ariko ikomoka mu bwoko bw’Abanye-Kongo.
Ariko ngo ku bwa M23, hari impamvu nyinshi ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi butemera kuganira nayo.

Akomeza avuga ko M23 ari umutwe w’iterabwoba wagize uruhare mu bwicanyi bwabereye i Kishishe, kandi ngo ni umutwe warashe ibisasu mu baturage, ndetse ko ujya wiba imitungo kamere y’iki gihugu.

Igisubizo cya M23 binyuze ku muvugizi wayo mu bya politiki, Lawrence Kanyuka kuri uyu wa gatanu tariki ya 20/12/2024, yavuze ko bakurikiye iki kiganiro cya minisitiri w’ubabanye n’amahanga wa RDC, ariko bo kugeza ubu bagihagaze ku nzira z’ibiganiro.

Yagize ati: “Umuryango wacu uracyashimangiye ko inzira zo gushaka umuti unyuze mu mahoro mu guhosha amakimbirane ari mu Burasirazuba bwa RDC, ni uko hoba ibiganiro biziguye kandi by’ukuri hamwe n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.”

Kanyuka kandi yavuze ko M23 idateze kwitabira ibiganiro byaba birimo imitwe ikorana n’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni gisubizo M23 itanze nyuma y’aho hasubitswe ibiganiro byari guhuza Kagame na Tshisekedi bikaba byari kubera i Luanda muri Angola, ibyo biganiro byari byitezwemo ko bisinyirwamo amasezerano yo gushaka amahoro mu Burasirazuba bwa RDC, ariko biza kutaba kubera leta ya Kinshasa yari imaze kwanga kutazaganira na M23.

Tags: ibiganiroIgisubizoM23Rdc
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
RDC:MONUSCO operasiyo zayo zongerewe igihe.

RDC:MONUSCO operasiyo zayo zongerewe igihe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?