• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, December 2, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

M23 yakomeje kuja imbere ni mu gihe izindutse ifata ikindi gice cy’ingenzi muri Walungu.

minebwenews by minebwenews
May 6, 2025
in Conflict & Security
0
M23 yabohoje akandi gace ko muri Kivu y’Amajyaruguru.
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yakomeje kuja imbere ni mu gihe izindutse ifata ikindi gice cy’ingenzi muri Walungu.

You might also like

FARDC Irashinja AFC/M23 n’u Rwanda Gukora Ibitero Bikaze muri Kivu y’Amajyepfo, Ariko Abaturage Bemeza Ibinyuranye

Ingabo z’u Burundi Zirashinjwa Kwica no Gusenya Amazu y’Abaturage mu Bice Bituwe bya Kivu y’Amajyepfo

AFC/M23 Yemeza Ibitero Bikaze mu Bice Bituwe mu Burasirazuba bwa RDC

Umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, wafashe umujyi muto uherereye muri teritware ya Walungu nyuma y’aho mu minsi mike ishize wabohoje umujyi wa Kaziba nawo uri muri iyi teritware ya Walungu.

Ahagana isaha ya saa moya zo muri iki gitondo cyo kuri uyu wa kabiri zija gushyira muri saa mbiri, ni bwo abarwanyi bo muri M23 bigaruriye isantire ya Luciga.

Hari nyuma y’imirwano ikomeye yabasakiranyije n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta zirimo iza FARDC, iz’u Burundi n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR mu nkengero z’iki gice cyafashwe.

Iyi mirwano yasize uru ruhande ru rwanirira ubutegetsi bw’i Kinshasa rutsinzwe kubi, ibyatumye bariya barwanyi bo muri M23 bafata iki gice.

Luciga ni igice giherereye mu ntera ngufi cyane uvuye muri centre ya Kaziba nayo iheruka kwigarurwa n’uyu mutwe wa M23 mu mpera z’ukwezi gushize kwa kane.

Iki gice uyu mutwe wigaruriye gifatwa nk’umutima wa cheferi ya Luhwinja, izwiho kuba yibitseho ubutunzi kamere, ahanini ku mabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa or n’andi.

Ifatwa ry’iki gice ryatumye n’ibindi bice bigiherereyemo ingabo za FARDC n’iz’u Burundi na Wazalendo ndetse na FDLR bifatwa nk’aho nabyo bigiye kwigarurwa n’uyu mutwe. Yaba ibiherereye muri teritware ya Mwenga ipakanye na Walungu n’ibindi biraho hafi.

Hagataho, uyu mutwe ukomeje kwirukana uruhande rurwanirira Leta y’i Kinshasa mu buryo budasanzwe, ari nako ugenda wigarurira ibice byinshi byo muri Kivu y’Amajyepfo.

Ibyo bibaye mu gihe ku munsi w’ejo imirwano yiriwe ibera mu Kibaya cya Rusizi hagati y’uyu mutwe n’ihuriro ry’ingabo za Congo. Imirwano bivugwa ko yaguyemo abatari bake bo kuri ruriya ruhande rwa Leta.

Tags: LucigaLuhwinjaM23
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

FARDC Irashinja AFC/M23 n’u Rwanda Gukora Ibitero Bikaze muri Kivu y’Amajyepfo, Ariko Abaturage Bemeza Ibinyuranye

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
FARDC Irashinja AFC/M23 n’u Rwanda Gukora Ibitero Bikaze muri Kivu y’Amajyepfo, Ariko Abaturage Bemeza Ibinyuranye

FARDC Irashinja AFC/M23 n’u Rwanda Gukora Ibitero Bikaze muri Kivu y’Amajyepfo, Ariko Abaturage Bemeza Ibinyuranye Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zasohoye itangazo kuri uyu wa...

Read moreDetails

Ingabo z’u Burundi Zirashinjwa Kwica no Gusenya Amazu y’Abaturage mu Bice Bituwe bya Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
FARDC Yatwitse Ibirindiro bya Makanaki mu Misozi ya Uvira”

Ingabo z’u Burundi Zirashinjwa Kwica no Gusenya Amazu y'Abaturage mu Bice Bituwe bya Kivu y’Amajyepfo Umuvugizi w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23), Lawrence Kanyuka, yatangaje ko ingabo z’u...

Read moreDetails

AFC/M23 Yemeza Ibitero Bikaze mu Bice Bituwe mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
AFC/M23 Yemeza Ibitero Bikaze mu Bice Bituwe mu Burasirazuba bwa RDC

AFC/M23 Yemeza Ibitero Bikaze mu Bice Bituwe mu Burasirazuba bwa RDC Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23), rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko kuva...

Read moreDetails

Imirwano Ikaze Yongeye Kubura mu Misozi ya Kaziba: AFC/M23 Irasunika kubi FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Amasasu yavugiye mu isoko rya Rubanga yateje igihombo gikomeye ku bacuruzi

Imirwano Ikaze Yongeye Kubura mu Misozi ya Kaziba: AFC/M23 Irasunika kubi FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo Mu misozi ya Kaziba, muri teritwari ya Walungu mu Ntara...

Read moreDetails

Amasasu yavugiye mu isoko rya Rubanga yateje igihombo gikomeye ku bacuruzi

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Amasasu yavugiye mu isoko rya Rubanga yateje igihombo gikomeye ku bacuruzi

Amasasu yavugiye mu isoko rya Rubanga yateje igihombo gikomeye ku bacuruzi Isoko rya Rubanga riri muri teritwari ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, ryazindutse mu mvururu kuri...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda na RDC byatanze inyandiko zibanze ku masezerano y’amahoro.

Chris, yagize icyavuga ku masezerano y'i Doha na ya Washington DC ku ntambara ibera mu Burasizuba bwa Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?