• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yasabye Abanyekongo kwirinda ibyo batangarizwa n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

minebwenews by minebwenews
July 1, 2024
in Regional Politics
0
M23 yasabye Abanyekongo kwirinda ibyo batangarizwa n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yasabye Abanyekongo kwirinda ibyo batangarizwa n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Bikubiye mu nyandiko umutwe wa M23 washize hanze, ukoresheje umuvugizi wayo mu bya politiki, zivuga ko ‘igihe kigeze kugira ngo Abanyekongo bahishurirwe ibinyoma ubutegetsi bwa Kinshasa bubatangariza umunsi ku wundi.’

Iz’i nyandiko Lawrence Kanyuka yazishize hanze akoresheje urubuga rwe rwa x, ejo hashize tariki ya 30/06/2024.

Ni nyandiko zigaragaza ko ‘guverinoma iyobowe na bwana Tshisekedi irwangwa n’ikinyoma, kandi ko nyuma yicyo kinyoma ari ntakindi kiyiranga.’

Iz’i nyandiko zigira ziti: “Igihe kirageze cyo guhishura ukuri ku binyoma bivugwa n’ubutegetsi bwa Kinshasa. Ubu butegetsi butuma Abaturage baturiye iki gihugu bizera ko Ingabo za FARDC n’abambari bazo, bashobora kwiyongera imbaraga ku buryo zahita zirukana M23 mu bice yabohoje.”

Inyandiko zikomeza zigira ziti: “Rwose, ihuriro ry’Ingabo za RDC ntirishobora kwirukana M23 aho igenzura, mu bimenye neza ko buri gace kabereyemo imirwano hagati ya M23 n’ingabo ziri muri iryo huriro ry’Ingabo za RDC, rira hunga kandi rigata n’ibikoresho byinshi by’agisirikare buri ahabereye imirwano hose.”

Kanyuka yanasobanuye ko urugamba M23 yarwanye kuri uyu wo ku Cyumweru, yarufashyemo imbunda ziremereye n’izito kandi ninshi izifatira mu gace ka Kirumba akarimo ibirindiro by’ingabo za RDC byafatwaga nk’ibikomeye.

Avuga kandi ko ibi bikoresho M23 yatangiye ku bikoresha, ndetse ko aribyo iri kurasisha ihuriro ryaziriya ngabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Uyu muvugizi wa M23 mu bya politiki, yanibukije kandi ko kugeza ubu leta ya Kinshasa ikicinangiye kuganira n’umutwe wa M23 ngo mu gihe uwo mutwe ukomeje kubatsinda inshuro.

Inyandiko za Lawrence Kanyuka zasoje zibutsa Abanyakongo kuyoboka ARC/M23 kugira ngo abantu bose muri rusange, babashye guhagarika ubutegetsi bubi buteza abaturage ibyago.

                    MCN.
Tags: Butangariza AbaturageGuhishura ibinyoma ubutegetsi bwa KinshasaIgihe kiragezeM23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Col  Rugabisha ufatwa ukundi mu bwoko bw’Abanyamulenge yavanwe mu Minembwe ndetse na brigade 12 izwiho gukoresha Maï Maï mu kwica Abanyamulenge.

Col Rugabisha ufatwa ukundi mu bwoko bw'Abanyamulenge yavanwe mu Minembwe ndetse na brigade 12 izwiho gukoresha Maï Maï mu kwica Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?