• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23, yavuze ko haricyo igiye gukora nyuma yuko ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa zishe abakomanda babo ba biri.

minebwenews by minebwenews
January 17, 2024
in Regional Politics
0
M23, yavuze ko haricyo igiye gukora nyuma yuko ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa zishe abakomanda babo ba biri.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 17/01/2024, umutwe wa M23 watangaje ko hari cyo ugiye gukora nyuma yuko watakaje abakomanda babo ba biri biciwe mu gitero ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa bari ba bagabyeho.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ibi biri mu itangazo M23 yashize hanze ririho umukono w’u muvugizi w’uyu mutwe mu bya politike, Lawrence Kanyuka.

N’itangazo rigira riti: “Ku wa Kabiri, tatiki ya 16/01/2024, ubutegetsi bwa Kinshasa bwongeye kurenga ku myanzuro yo guharika imirwano ubwo bagabaga ibitero ku barwanyi bacu ndetse bakaza kwica abakomanda bacu ba biri.”

Itangazo rikomeza rigira riti: “Ku bwiyo mpamvu, M23 yumvise ubwo butumwa yoherejwe n’u butegetsi bwa leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kandi yiteguye gusubiza nayo igendeye muri ubwo buryo.”

Nk’uko itangazo rigaragara ntiryavuze amazina ya basirikare ba M23 bakuru bishwe n’igitero bagabwe ho n’ihuriro ry’Ingabo za RDC, ariko mu makuru yakomeje guca k’umbuga nkoranya mbaga avuga ko mu bapfuye harimo Colonel Castro Elise Mberabagabo wari ushinzwe ubutasi muri uwo mutwe.

Urupfu rwa ba basirikare ba M23 ruvuzwe mugihe igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo k’u munsi wejo hashize cyari cyatangaje operasiyo nshyasha aho bemeje ko bagiye kwinjira mu rugamba bafatanije n’ingabo za Sadc muguhasha umutwe wa M23.

Bruce Bahanda.

Tags: M23Nyuma y'uko ihuriro ry'Ingabo za RDC zishe abakomanda babo ba biriYavuze ko haricyo igiye gukora
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare cya FARDC cyatangaje ibinyuranyije n’ibyo RDF, yatangaje k’u musirikare wa RDC warasiwe k’u butaka bw’u Rwanda.

Igisirikare cya FARDC cyatangaje ibinyuranyije n'ibyo RDF, yatangaje k'u musirikare wa RDC warasiwe k'u butaka bw'u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?