Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yemeje ko ibitero ingabo za leta ya Kinshasa n’abafatanya bikorwa babo bakoze, kuri uyu wa Kabiri mu bice byo muri Masisi bya bangamiye abaturage.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 26, 2024
in Regional Politics
0
M23 yemeje ko ibitero ingabo za leta ya Kinshasa n’abafatanya bikorwa babo bakoze, kuri uyu wa Kabiri mu bice byo muri Masisi bya bangamiye abaturage.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bw’u mutwe wa M23 burashinja Ingabo z’a leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, gufatanya n’ingabo za mahanga, bagakora ibitero bibangamiye abaturage ba ba sivile mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni biri mu butumwa umuvugizi wa M23 mu bya politike Lawrence Kanyuka, yashize hanze akoresheje urubuga rwa x, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 26/03/2024.

Ubu tumwa bwa Lawrence Kanyuka buvuga ko muri iki Gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, ingabo za leta ya Kinshasa zifatanije n’imitwe y’itwaje imbunda irimo FDLR, Wazalendo, n’ingabo z’u Burundi,ndetse n’Ingabo za mahanga zigizwe n’izavuye Malawi, Afrika y’Epfo na Tanzania bagabye ibitero mu duce dutuwe n’abaturage benshi ahitwa Nyange, Gatovu no mu tundi duce tuhakikije, two muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ubutumwa bwa Lawrence Kanyuka bwa maganye leta ya Kinshasa kuri ibyo bikorwa bibi bakomeje gukorera abaturage.

Bugira buti: “Twamaganye ubutegetsi bwa Kinshasa kuba bukomeje gukorera Abanyekongo ubwicanyi, mu gihe abategetsi batandukanye bo mu karere n’ampuzamahanga barimo barebera hamwe uko bagarura amahoro n’umutekano mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC.”

Buvuga kandi ko M23 iri gukora ibishoboka byose kugira irwane ku baturage n’ibyabo, maze yibutsa ko kudafasha abaturage ari amahano.

Ati: “Turarwana kinyamwuga kandi turafasha abaturage kuva mu kaga. Mu nibuke ko kudafasha abaturage ari amahano.”

Iy’i mirwano yongeye kubura mu gihe no kumunsi w’ejo hashize hari habaye imirwano, yari imirwano yabereye mu nkengero za Sake no muri centre ya Sake neza.

Amakuru ava muri ibyo bice yemeza ko abarwanyi ba M23 bahagaze neza ko kandi barwana basubiza inyuma abarwana ku ruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa.

          MCN.
Tags: Byabangamiye abaturageFardcFDLR SADCIbiteroKivu y'AmajyaruguruM23Masisi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Inka, z’Abanyamulenge bo mu Chohagati Chaza Rwerera, zibwe, nyuma batakira ingabo z’u Burundi z’ibarizwa muri TAFOC.

Inka, z'Abanyamulenge bo mu Chohagati Chaza Rwerera, zibwe, nyuma batakira ingabo z'u Burundi z'ibarizwa muri TAFOC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?