Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yikomye Monusco inagaragaza ibibi biri gikorwa n’ingabo za Fardc.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 29, 2024
in Regional Politics
0
M23 yikomye Monusco inagaragaza ibibi biri gikorwa n’ingabo za Fardc.
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yikomye Monusco inagaragaza ibibi biri gikorwa n’ingabo za Fardc.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Bikubiye mu itangazo umutwe wa M23 washize hanze, aho wasabye ingabo z’umuryango w’Abibumbye (Monusco) guhagarika gukoresha indege zitagira abapilote, no gukorana na Fardc n’imitwe y’itwaje imbunda irimo FDLR, bakomeje kwica Abanyekongo bavuga ururimi rw’Ikinyarwanda no gusahura ibyabo.

Iri tangazo umuvugizi wa M23 mu byapolitiki, Lawrence Kanyuka yarisohoye kuri uyu wa kabiri tariki ya 29/10/2024, nyuma yuko uruhande bahanganye rwakomeje ibikorwa bibangamira Abanyekongo bo mu bwoko bw’Abatutsi.

Iri tangazo ritangira rivuga riti: “Turasaba Monusco guhagarika gukoresha drones zabo no guhagarika gukorana n’imitwe yemejwe n’umuryango w’Abibumbye ko yakoze genocide n’ibyaha byibasiye inyokomuntu.”

Itangazo rikomeza rivuga kandi ko umutwe wa FDLR ukomeje gukorana n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (Fardc) mu bikorwa bihonyora uburenganzira bw’Abanyekongo bavuga ururimi rw’Ikinyarwanda by’umwihariko abo mu bwoko bw’Abatutsi.

Muri iri tatanze batanze urugero rw’ibyabaye uyu munsi, bavuga ko “bibye Inka 50 banica abungeri bazo babiri, banakomeretsa abandi babiri kuri uyu wa kabiri tariki ya 29/10/2024 ahagana isaha ya saa saba ahitwa i Karongi kwa Koki.”

Ibyo bibaye mu gihe no kuri uyu wa mbere, uyu mutwe wa M23 wari washyize hanze itangazo rivuga ibindi bikorwa byakozwe na Fardc n’abambari bayo, birimo abantu bishwe n’abashimuswe n’ubu bufatanye bumaze iminsi buhanganye n’uyu mutwe w’Abanyekongo bahagurikiye kurwanya akarengane gakorerwa Abanyekongo bavuga ururimi rw’Ikinyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi.

Nanone kandi, M23 yashimye imbaraga zagaragajwe n’amahanga mu gushakisha umuti w’ibibazo biri muri RDC binyuze mu nzira y’amahoro, amahanga yari yanavuze ko adashobora kwihanganira akarengane nk’aka gakomeza gukorerwa abasivile.

Tags: FardcM23MonuscoYikomye
Share37Tweet23Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Uwo Hezbollah yagize umuyobozi wayo ni muntu ki?

Uwo Hezbollah yagize umuyobozi wayo ni muntu ki?

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?