• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yikomye umuryango w’Abibumbye (ONI) ukunze kugendera ku makuru adafatika, kubirebana n’intambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
June 13, 2024
in Regional Politics
0
M23 yikomye umuryango w’Abibumbye (ONI) ukunze kugendera ku makuru adafatika, kubirebana n’intambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bw’umutwe wa M23 bwikomye umuryango w’Abibumbye (ONI) ukunze kugendera ku makuru adafatika, kubirebana n’intambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni ibikubiye mu butumwa bwashizwe hanze n’umvugizi wa M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka aho yakoresheje urubuga rwe rwa x, avuga ko umuryango w’Abibumbye utari ukwiye kugendera ku bidafatika, ko ahubwo wakogombye kuba icyitegererezo.

Muri ubu butumwa bugufi Lawrence Kanyuka yashize hanze yagize ati: “Rwose dushingiye ku makuru tumaze gukusanya, kandi tuvanye ahantu hatandukanye, dusanga raporo y’itsinda ry’impuguke z’u muryango w’Abibumbye muri RDC iheruka gushirwa ahagaragara yuzuyemo amakuru adafatika, ayobya ndetse arimo n’ibimenyetso mpimbano. Nta kindi iyi raporo ishaka usibye kwanduza isura y’ihuriro ry’imitwe ya politiki n’Igisirikare rya AFC.” Iyi raporo y’itsinda ry’impuguke z’u muryango w’Abibumbye, ivuga ku byaha byo mu ntambara uyu mutwe wakoze.

Yashimangiye ibi avuga kandi ati: “Iyi raporo y’itsinda ry’impuguke z’u muryango w’Abibumbye, yakozwe mu rwego rwo kugira ngo bazaduharabike mu nama iteganijwe kuba y’akanama gashinzwe umutekano, muri iyo nama binateganijwe ko ONI izaha inkunga ya gisirikare ingabo ziri mu butumwa bwiswe SAMIDRC mu Burasirazuba bwa Congo Kinshasa.”

Ubutumwa bwa Lawrence Kanyuka bwakomeje bugaragaza ko ingabo za SAMIDRC ziri mu butumwa bwa mahoro mu Burasirazuba bwa RDC ko zifatanije n’umutwe wa FDLR urimo abasize bakoze genocide mu Rwanda, ndetse ko kandi zifatanije n’imitwe y’itwaje imbunda irimo Wazalendo na abacanshuro ndetse kandi n’ingabo z’u Burundi.

Kanyuka avuga ko ibyo Ingabo za Sadc zakoze binyuranyije n’amategeko mpuzamahanga, ndetse ko kandi ko binyuranyije n’amasezerano y’uyu muryango w’Abibumbye.

Akomeza avuga ko kandi umuryango w’Abibumbye utari ukwiye gushigikira igisirikare cya leta ya Kinshasa kizwiho kwica no gusahura imitungo y’abanegihugu, ko kandi iz’ingabo zibiba amacyakubiri mu moko aturiye u Burasirazuba bw’iki Gihugu, bityo bikarema intambara zidashira, mu bice byinshi birimo Minembwe na Ituri.

Ubutumwa bwa Lawrence Kanyuka busoza busaba akanama gashinzwe umutekano ku isi gukora iperereza ry’imbitse ku bwicanyi bwabereye i Goma bukozwe n’Ingabo zo mu itsinda ridasanzwe rishinzwe ku rinda umukuru w’igihugu, ku ya 30/08/2023. Iri perereza kandi, rizakorwe mu mavillage yatwitswe i Masisi, ndetse no kwikwirakwizwa ry’amagambo y’inzangano ashingiye ku moko akunze gukoreshwa n’abanyapolitiki bo muri iki Gihugu.

Kanyuka kandi ati: “Duhangayikishijwe n’imiyoborere mibi y’ubutegetsi bwa Kinshasa.”

             MCN.
Tags: M23RdcSamidrcUmuryango w'AbibumbyeYikomye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Haketswe ibiteye ubwoba ku mato y’Ingabo z’u Burusiya yagaragaye mu marembo y’igihugu cya Amerika.

Haketswe ibiteye ubwoba ku mato y'Ingabo z'u Burusiya yagaragaye mu marembo y'igihugu cya Amerika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?