Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Magloire Paluku uheruka kugaragara yambariye urugamba ni muntu ki?

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 28, 2024
in Regional Politics
0
Magloire Paluku uheruka kugaragara yambariye urugamba ni muntu ki?
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Magloire Paluku uheruka kugaragara yambariye urugamba ni muntu ki?

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Hanze aha ku mbuga nkoranya mbaga ha heruka kunyuzwaho ubutumwa buri mu mashusho ya Magloire Paluku aho ya mugaragazaga ya mbaye imyenda ya gisirikare ndetse kandi afite n’imbunda n’icyombo(Motorola) ubona ko yiteguye kwinjira mu rugamba.

Ni amafoto agaragaza Magloire Paluku ahagararanye na Corneille Nagaa umuhuza bikorwa wa AFC, na Bertrand Bisimwa, perezida w’umutwe wa M23, umutwe urwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Ubu butumwa bwa mashusho bugaragaza Paluku yamabariye urugamba, bwanyujijwe ku mbuga nkoranya mbaga nyinshi ahani zo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Nk’uko biri, uyu Magloire Paluku ni umunyamukuru uzwi cyane muri iki gihugu cya RDC, akaba aheruka kwiyunga n’ihuriro rya AFC.

Mu kwiyunga kwe muri Alliance Fleuve Congo, bivugwa ko uyu munyamakuru ari umuntu ukurikiranira hafi politiki y’iki gihugu cye, yanatanze ubutumwa ku bene gihugu be bafashwe bugwate n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Aho ngo yaje no gutekereza ku buturage ba Goma bicishwaga imbunda umunsi ku wundi, kandi ngo bigakorwa n’ingabo z’iki gihugu, ndetse kandi ngo atekereza ku mibabaro y’abakuwe mu byabo n’abandi batesekeye i Goma no kubanyamakuru ibihumbi batandika ngo bagaragaze ukuri, bituma yifatanya na AFC kugira ngo bakureho ubutegetsi bubi.

Uyu munyamakuru yahoze yegereye cyane Laurent Desire Kabila, akaba ndetse yaranamuherekeje mu ntambara yose ya AFDL nk’umunyamakuru. Kuva icyo gihe, ngo yafashe icyemezo cyo guhugura urungano rwinshi rw’ababyamakuru, abanditsi b’ibitangazamakuru ndetse n’abanyapolitiki mu miyoborere, umuco n’itumanaho.

Amakuru avuga ko kubera ishyaka ryo gukunda igihugu byari muri Magloire Paluku byatumye abategetsi ba RDC bamureba nabi, ariko cyane ngo byavuye kugihe yasabaga Guverinoma ya Kinshasa kuganira n’umutwe wa M23. Ubwo yaratangiye guhigwa bukware nubu butegetsi, nibwo yahise afata icyemezo cyo kuja muri AFC.

Magloire Paluku avuka i Butembo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru; inyandiko dukura kumbuga nkoranya mbaga zerekana ko yavutse ku ya 12/12/1966, kandi ko yakuriye muri aka gace ka Butembo, usibye kuvuga ko yavukiye i Butembo, ziriya nyandiko zinavuga ko yize ku ishuri ribanza rya Virunga riherereye aha muri Butembo.

                MCN.
Tags: Magroile PalukuNi muntu ki? AFC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post
Trump wahoze ari perezida w’Amerika yavuze ikizazana intambara ya Gatatu y’isi, avuga n’uyihishe inyuma .

Trump wahoze ari perezida w'Amerika yavuze ikizazana intambara ya Gatatu y'isi, avuga n'uyihishe inyuma .

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?