Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Mai Mai Bishambuke, iravugwa ho gutegura kugaba ibitero mu Mihana ya Banyamulenge mubice byo mu Bibogobogo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 18, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Bibogobogo haravugwa umutekano muke, nimugihe amakuru avuga ko abarwanyi bo mu mutwe w’inyeshamba wa Mai Mai Bishambuke bazamutse bagana mubice bituyemo abo mubwoko bwa Batutsi (Abanyamulenge), muri Bibogobogo, homuri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu yamajy’Epfo, mu gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Mu makuru Minembwe Capital News ikesha Isoko yayo yizewe nuko aba barwanyi bavuye mugace ko Kwambogo, aha akaba ari mubirometre bike n’umujyi wa Baraka, muri teritware ya Fizi.

Gusa kuriki Cyumweru tariki 17/09/2023, ayo makuru yatanzwe nabamwe mubaturage baturiye agace ka Baraka bavuga ko izo Mai Mai za zamutse imisozi miremire ya Bibogobogo. Ibi ngo harigihe Mai Mai ibikora ishaka gutera ubwoba abaturage bo mubwoko bwa Batutsi ariko itagamije kugaba ibitero. Na none kandi muribi bice byo mu Bibogobogo hakaba ha herukaga kwicigwa umuchef wo m’ubwoko bwa Bapfulero waruzwi kw’izina rya Bami, bikavugwa ko yishwe kibandi nimugihe abamwishe kugeza ubu ntibarabasha kumenyekana.

Nyuma y’urupfu rwuwo Mugabo wo m’ubwoko bwa Bapfulero w’umuchef , abasirikare ba RDC bakorera muri ako gace baje kurasana muburyo butunguranye na Mai Mai Bishambuke. Uko gusubiranamo kw’ingabo za Fardc na Mai Mai haje gupfa Komanda wa Mai Mai, wahoraga yiyita Colonel Adarari ndetse n’umwe mubarwanyi be warushinzwe kumurinda arakomereka bikabije. Aha kandi haje gupfira n’umusirikare umwe murabo basirikare ba leta ya Kinshasa.

Nkuko iy’inkuru ikomeza ibivuga nuko hahise haza umwuka mubi muribyo bice byo mu Bibogobogo. Uwatanze ayamakuru kuri Minembwe Capital News, yagize ati: “Mai Mai kurubu kirashinja Abanyamulenge gukorana na Fardc, ni nayo mpamvu Mai Mai muriki Cyumweru gishize yatumye kubaturiye mu Bibogobogo ko bazabagabaho ibitero.”

Uyu yakomeje avuga ati: “Abanyamulenge bo mwitsinda rya Twirwaneho bo mu Bibogobogo, baheruka gutuma nabo kuri Mai Mai Bishambuke, ba batumaho ko babiteguye igihe cyose bazumva bashaka kubarwanya. Kandi aba ba Twirwaneho banakabirije Mai Mai bayibwira ko umunsi izibesha ikongera kw’iba Inka za Batutsi bazayirasana n’uwonka.”

Aya namakuru yemezwa nabamwe mubaturage bo mubwoko bwa Babembe baturiye Mikenke ndetse na Baraka, nimugihe baganiraga na Minembwe Capital News, ariko bakaba banze ko amazina yabo aja hanze.

By Bruce Bahanda.

Tariki 18/09/2023.

Tags: Iravugwa ho gutegura intambara mu Mihana ya Banyamulenge mu BibogobogoMai Mai Bishambuke
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Kinshasa yagize Major Gen Peter Cirimwami Nkuba, kuba Guverineri uyobora Etat de Siège, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?