
Mai Mai zateye ubwoba abaturage mumujyi wa Goma ho muntara ya Kivu yamajyaruguru mugihugu ca Republika iharanira democrasi ya Congo.
Yanditswe na Bruce Bahanda, none tariki 28.03.2023, saa 4:00PM kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Amakuru amaze kugera Kuri Minembwe Capital News, nuko kuruyu wakabiri tariki 28.03.23, Mai Mai zagaragaye mugisigara ca Goma zambaye nkabanyagihuru bituma bamwe mubaturage bikanga bagira ubwoba nimugihe izi Mai Mai zishinjwa kwica abaturage bavuga i Kinyarwanda muri Kivu Yepfo niyaruguru.
Umwe mubaturage baturiye Goma, yabwiye Minembwe Capital News ati: “Mai Mai Koko zamaze kwiyunga n’ingabo za Republika ya democrasi ya Congo mugihe bamaze kuba umwe bakagombye kwambara nkabantu bakorana na leta ya Kinshasa ariko gukomeza kwambara nkabanyagihuru bitwereka ko bashobora nokwica abavuga i Kinyarwanda bikazitwa ko bishwe nabantu batazwi iyi ni Politike mbi leta ihayikoresha.”
Undi Muturage yavuze ati: “Hano Goma Insoresore zikomeje kugenda genda mumujyi zitwaje intwaro Kandi batambaye uniform zidasobanutse, ibi bikomeje guteza ubwoba muruyumuji wa Goma.”
Aba bitwaje intwaro ariko bambaye imyenda idasobanutse (Ipantaro yagisirikare naho hejuru akambara igisivile), bagaragaye hafi na biro ya rezo(Network) Aurtel bongeye kugaragara mumujyi ahitwa Kuri AinstGo.
Byavuzwe Kandi ko umwe muraba wambaye ibi yakomeje Urugendo aboneka nomuri Sake hagati muri Ville.
Bakunze no kugaragara mutubari aho bamwera inzoga ndetse no mumahotel bahagaragaye nkuko twabibwiwe Kuri Minembwe Capital News.
Ibi bibaye mugihe Mai Mai zomuri Teritware ya Fizi na Mwenga batangaje kumugaragaro ko bashaka kurwanya M23, leta ya Kinshasa ibaha Inzira bagana i Bukavu na Goma bamaze kugera Goma leta ya Kinshasa yavuze ko batazasubira kwitwa Mai Mai atahubwo guhera ubu Mujye mubita “Serviste.”





