• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Major Blaise Lwango, muri Polisi i Baraka, yishe umupolisi we amurashe, nyuma azakwinjira ishamba.

minebwenews by minebwenews
June 21, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Baraka homuri teritware ya Fizi, haravugwa umupolisi Cimbruay Kahunda, uheruka kwicwa arashwe na komanda we.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Yateguwe na Bruce Bahanda, kw’itariki 21/06/2023, saa 7:15Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Iyicwa ry’umupolisi Cimbruay Kahunda, wishwe arashwe n’umuyobozi we i Baraka, homuri teritware ya Fizi, muntara ya Kivu yamajy’Epfo, mugihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, ryatewe nokumwa inzoga ninshi(Ubusinzi), nkuko tubikesha bamwe mubaturage baturiye aka gace ka Baraka.

I Baraka, numujyi munini wa teritware ya Fizi, akaba aragace gatuwe nabantu bo mubwoko bwa Babembe nab’Apfulero bake.

Komiseri mukuru wa Polisi muri teritware ya Fizi, Colonel Jean Jacques Malumba yakusanyije aba Polisi be bose kuruyu wa kabiri, tariki ya 20/06/2023, abakangurira kutamwa inzoga, “Inzoga ninshi zigira ingaruka mbi.”

Komiseri mukuru wa Polisi muri Fizi, yahamagaye aba Polisi be nyuma yuko hari hashize amasaha 24 Komanda Blaise, amaze kwica umu Polisi we amurashe Cimbruay Kahunda Felix, iki gikorwa cya bunyamanswa cyabereye mugace ka Mwemezi homumujyi wa Baraka.

Nk’uko amakuru aturuka muri ako gace abitangaza, Major Lwango Blaise, umuyobozi wungirije wa polisi muri Baraka akaba n’umuyobozi w’ikipe Escadron Lacustre ya Fizi, niwe wishe umupolisi we amurashe mwi ijoro ryo kw’itariki 19.06.2023, ahagana mu masaa yasamoya.

Umuyobozi mukuru wa polisi muri teritware ya Fizi, Colonel Jean Jacques Malumba, yemeje aya makuru avuga ko byose byatangiriye ku businzi maze ngohaza kuvuka impaka hagati y’umupolisi n’umuyobozi we Kugeza Komanda yishe umupolisi we amurashe.

Yongeraho ko ayo makuru yamugezeho bitinze.

Yagize ati: “Impamvu nyamukuru bombi bari basinze. Umupolisi yatonganaga n’umugore wa komanda, Komanda abuza umupolisi we gukomeza gukora iryokosa, ariko biba iby’ubusa. Byarangiye bategetse ko uwo mupolisi afungwa aza gushirwa muri gereza ariko yaje kumena gereza yinjirana komanda mucyumba aho aryamye, Komanda nawe wariwasinze ntiyatinze yahise amurasa arapfa.”

Komiseri mukuru wa Polisi muri Fizi, yahamagariye aba Polisi be bose kwirinda kunywa cyane inzoga kuko bigira ingaruka mbi nyinshi.

Ati: “Umupolisi mwiza nuwita kukazi ke agomba kwirinda kunywa cyane i bisindisha, kuko aribyo byabaye intandaro y’ibi byose.”

Major Blaise Lwango, wakoze icyaha akicya umupolisi we amurashe yarangije gukora icyo cyaha yerekeza ahatazwi. Gusa Iperereza ririmo gukorwa kugira ngo aboneke kandi atabwe muri yombi.

Tags: arangije yinjira ishambaBarakaFiziKomanda Blaiseyishe umupolisi we amurashe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Mugihe umutekano urushaho Kuba mubi muburasirazuba bwa RDC, umukuru w'igihugu Félix Tshisekedi, yasezeranije ko agiye gukemura ikibazo c'Umutekano muke muri Parike zibiri z'igihugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?