• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Major Gen Monwabisi Dyakopu, wahawe kuyobora Ingabo z’u muryango w’Afrika y’Amajy’epfo, afite amateka y’ihariye muri RDC .

minebwenews by minebwenews
January 5, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Major Gen Monwabisi Dyakopu, wahawe kuyobora Ingabo z’u muryango w’iterambere w’Afrika y’Amajy’epfo (SADC), ni Umusirikare ufite amateka y’ihariye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nk’uko byavuzwe uyu yigezeho kuyobora Umutwe w’Ingabo kabuhariwe z’umuryango w’Abibumbye muri RDC, uzwi nka FIB(Force Intervation Brigade).

Bikaba bizwi ko bwana Major Gen Dyakopu, yayoboye FIB, kuva mu muntangiriro z’u mwaka wa 2020 kugeza mu mwaka w’ 2021. Muri bimwe Major Gen Dyakopu yakoze harimo ko yahanganye cyane n’u mutwe w’iterabwoba wa ADF Naru, urwanya ubutegetsi bwa Kampala, uy’u mutwe wa ADF Naru, wakoze iyo bwabaga muricyo gihe ugaba ibitero k’u Ngabo za MONUSCO, ahanini mu Bice bya Beni, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, uriya muyobozi agerageza kuzihasha.

Bwana Major Gen Monwabisi Dyakopu, azwi kandi ko yigeze kuyobora Ingabo z’Afrika y’Epfo zo muri Batayo ya 8 zari zaroherejwe muri Ethiopian, ahagana mu mwaka w’2009 ndetse ko yigeze no kuyobora izari zaroherejwe muri Eritrea, kugarukana amahoro.

Major Gen Monwabisi Dyakopu, ni umugabo uri myaka 55 y’amavuko.

Kuri ubu aharejo, tariki ya 04/01/2024, SADC, yashize itangazo hanze rimenyesha ko Major Gen Dyakopu, ariwe uzayobora Ingabo za SADC, ziri mu Burasirazuba bwa RDC aho zije kurwanya no guhasha umutwe w’inyeshamba wa M23.

Ingabo za SADC, z’ibarizwa k’ubutaka bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, zavuye mu Gihugu ca Tanzania, Malawi na Afrika y’Epfo, arinacyo gihugu bwana Major Gen Dyakopu, avukamo.

Gusa Corneille Nangaa, uheruka gutangaza umutwe wa Alliance Fleuve Congo, ya buriye Ingabo za SADC ko ntanakimwe zizabuza kuko byanze bikunze ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bugiye gushirwaho akodomo.

Bruce Bahanda.

Tags: Afite amateka y'ihariyeMajor Gen Monwabisi DyakopuRdcSamidrcWahawe kuyobora Ingabo z'u muryango w'Afrika y'Amajy'epfo SADC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Ubuyobozi bw'Ingabo za Israel, barahiriye gutsintsura Hamas, no kuyobora ibikorwa byose byo muri Gaza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?